• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuriro w’imbunda z’amadubu watumye abakorera mu kwaha kwa Leta bagira ihahamuka!

minebwenews by minebwenews
April 2, 2025
in Regional Politics
0
Umuriro w’imbunda z’amadubu watumye abakorera mu kwaha kwa Leta bagira ihahamuka!
151
SHARES
3.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuriro w’imbunda z’amadubu watumye abakorera mu kwaha kwa Leta bagira ihahamuka!

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Amakuru akomeje gushyirwa hanze n’abakorera ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, agaragaza ko imijyi irimo uwa Uvira yaba igiye kugwa mu maboko y’abarwanyi ba m23 na Twirwaneho iyo Abanyamulenge basigaye bita “Amadubu.”

I jambo ‘Amadubu’ ryakoreshejwe bwa mbere na Gen Rukunda Michel wari umuyobozi mukuru wa Twirwaneho akaba aheruka kwitaba Imana. Iri jambo ubwo yarivugaga yagaragaje ko bagiye kuzatera umwanzi uhora ubazonga, kandi ko bazamutera bameze nk’amadubu, aho yagize ati: “Umwanzi hari ubwo tuzamutera tumeze nk’Amadubu.” Kuva ubwo Abanyamulenge bahise batangira kwita Twirwaneho iryo zina.

Iyi nkuru ivuga ku ihahamuka ry’abakorera mu kwaha ku butegetsi bw’i Kinshasa, ikubiye mu ibaruwa ndende yagiye hanze, igaragaza ko yatanzwe n’abo muri Wazalendo, aho yerekana ko imijyi irimo uwa Uvira, Makobola na kwa Nundu bigiye kugwa mu maboko ya m23 na Twirwaneho.

Ni ibaruwa yatangiye gucicibikana ku mbugankoranyambaga kuva mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa gatatu tariki ya 02/04/2025.

Ikaba irimo amakuru avuga ko abarwanyi bo mu mutwe wa m23 n’uwa Twirwaneho bafashe imisozi ya chaine de Mitumba, muri urwo rwego, ngo bashaka kugaba ibitero i Uvira no muri iyo mijyi mito iri muri teritware ya Fizi.

Nk’uko iyo baruwa ibisobanuro ivuga ko aba barwanyi bazatera baturutse mu bice byo kwa Rumamfura, Tahiro, Kirumba, Nyakirango, Kahuna, ngo bakazamanuka mu Gikozi, Kirwa no muri Gafinda bagafata umujyi wa Uvira.

Abandi nanone ngo bakazafata iriya mijyi mito iri muri teritware ya Fizi banyuze mu Gihamba ni Nyawaranga.

Iyi baruwa rero, igasaba ubuyobozi bw’ ihuriro ry’ingabo za Congo kongera abasirikare i Uvira, kwa Mbogo no kwa Nundu kugira ngo bitazafatwa na m23 na Twirwaneho.

Ariko nyamara nubwo iyo baruwa igaragaza ko ibyo bice byavuzwe haruguru ko ari byo m23 na Twirwaneho bizaturukamo bagaba ibitero muri iriya mijyi, ariko siko kuri, kuko ibyo bice biherereye muri grupema ya Bijombo, ikigenzurwa n’ingabo z’u Burundi n’iza Congo.

Twirwaneho yo igenzura ibice byo mu Cyohagati, Mikenke na Minembwe.

Usibye ko kandi iri hahamuka ryagaragaye no ku ngabo za FARDC ziherereye mu Bibogobogo, ni mu gihe zahunze ziva muri iki gice zihungira i Baraka nyuma y’aho imirwano hagati ya Twirwanaho na Wazalendo yarimo ibera kwa Mulima no mu Rusuku mu birometero bike uvuye aha mu Bibogobogo.

Gusa aha mu Bibogobogo haracyari abasirikare bake bayobowe na Colonel Ntagawa Rubaba, naho ababarirwa mu magana bayobowe na Colonel Karateka bayabangiye ingata bahungira mu bice by’umushasha.

Tags: AmadubuimbundaTwirwanehoumuriro
Share60Tweet38Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post

Hamenyekanye umunsi RDC na m23 bizahurira mu biganiro.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?