Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Umurwanyi wo muri Wazalendo yicishijwe ibiti.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 10, 2025
in Conflict & Security
0
Wazalendo yakoreye abaturage igikorwa kigayitse ngo iri guhima AFC/M23.
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umurwanyi wa Wazalendo yicishijwe ibiti.

You might also like

Ingabo za RDC zizindutse zikora igikorwa kigaragaza ko zishaka gutera mu duce tw’i Mulenge.

Umugabo ukiri muto yiciwe i Uvira.

RDC: Benshi baguye mu mpanuka y’ubwato.

Umurwanyi wo mu ihuriro rya Wazalendo risanzwe rifatikanya n’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo kurwanya umutwe wa M23, abaturage bamwicishije inkoni muri Kivu y’Amajyaruguru.

Ku cyumweru ni bwo uyu murwanyi wo muri Wazalendo, abaturage bamwicishije inkoni nyuma yokumukubita cyane agezaho avamo umwuka w’abazima.

Ibi byabereye mu gace ka Lukumbi ko muri teritware ya Rutshuru mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Amakuru ava muri ibyo bice agaragaza ko uyu murwanyi wo muri Wazalendo yishwe mu gihe na we yaramaze kwica umubyeyi we amurashe.

Abaturage basobanuye ko mbere yuko uyu murwanyi arasa se, akamwica, yari yasinze cyane kandi afite n’imbunda.

Nyuma yo kwica se, imyitwarire yiwe yababaje abaturage, ni ko guhita bafata inkoni n’ibiti, baramukubita kugeza na we apfuye. Umurambo w’uyu mzalendo n’uwa se, yashinguwe ku mugoroba wa tariki ya 08/6/2025.

Sosiyete sivili ikorera muri Rutshuru yagaragaje ko gutunga intwaro kw’aba bantu batahawe imyitoza kuzakomeza guhungabanya umutekano w’abaturage.

Sosiyete sivili ikaba itanga inama kuri Leta ko yagakwiye kubambura ubudahangarwa, bakabanza guhabwa amahugurwa nyuma bakabona guhabwa imbunda no gushyirwa mu myanya irinda umutekano.

Tags: UmurwanyiWazalendoYicishijwe inkoni
Share34Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ingabo za RDC zizindutse zikora igikorwa kigaragaza ko zishaka gutera mu duce tw’i Mulenge.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Havuzwe amakuru yateye icyikango abatuye i Kaziba.

Ingabo za RDC zizindutse zikora igikorwa kigaragaza ko zishaka gutera mu duce tw'i Mulenge. Ihuriro ry'Ingabo zirwanirira ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, za zindutse zitera ibisasu...

Read moreDetails

Umugabo ukiri muto yiciwe i Uvira.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Kuvaho abarwanirira RDC bahungiye Uvira umubare wabo bamaze kuhicira wamenyekanye.

Umugabo ukiri muto yiciwe i Uvira. Umugabo uri mukigero cy'imyaka 25 y'amavuko, umwirondoro we utaramenyekana neza, basanze aho yiciwe mu mujyi wa Uvira mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo....

Read moreDetails

RDC: Benshi baguye mu mpanuka y’ubwato.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
RDC: Benshi baguye mu mpanuka y’ubwato.

RDC: Benshi baguye mu mpanuka y'ubwato. Amato abiri yakoze impanuka mu kiyaga cya Tumba mu ntara ya Equateur, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, hapfa abantu 32. Ni...

Read moreDetails

Iby’uruzinduko rw’umuyobozi wa MONUSCO i Goma hagenzurwa na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Iby’uruzinduko rw’umuyobozi wa MONUSCO i Goma hagenzurwa na AFC/M23.

Iby'uruzinduko rw'umuyobozi wa MONUSCO i Goma hagenzurwa na AFC/M23. Umuyobozi wa MONUSCO muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Bintou Keita, yageze i Goma mu Burasirazuba bw'iki gihugu, hagenzurwa...

Read moreDetails

Hamenyekanye ibyo umuyobozi wa secteur ya Itombwe yakoreye muri ako gace.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Hamenyekanye ibyo umuyobozi wa secteur ya Itombwe yakoreye muri ako gace.

Hamenyekanye ibyo umuyobozi wa secteur ya Itombwe yakoreye muri ako gace. Mu gituruge cya Gipupu ari na cyo kirimo i cyicyaro gikuru cya secteur ya Itombwe muri teritware...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe amakuru yateye icyikango abatuye i Kaziba.

Havuzwe amakuru yateye icyikango abatuye i Kaziba.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?