• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home sport & entertainment

Umuryango wa Gen.Sikatende watanze umucyo kurupfu rwe.

minebwenews by minebwenews
June 4, 2025
in sport & entertainment
0
Umuryango wa Gen.Sikatende watanze umucyo kurupfu rwe.
86
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuryango wa Gen.Sikatende watanze umucyo kurupfu rwe.

You might also like

Sénégal Yegukanye Igikombe cya Afurika 2025 Nyuma y’Umukino Wabaye Intandaro y’Impaka n’Amateka Mashya

Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira

Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi

General Sikatende Dieudonne wari uzwi cyane ku izina rya Mutupeke munyeshyamba za Mai Mai i Lulenge muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, yapfuye umuryango we umenyesha ko yarozwe.

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 04/06/2025, ahagana isaha z’igitondo cya kare, ni bwo amakuru y’urupfu rwa Gen.Sikatende yagiye hanze avuga ko yarangije.

Ni amakuru yaje kwemezwa n’ubutumwa bw’amajwi bwatanzwe n’uwavugaga ko Sikatende yapfuye bari kumwe i Kinshasa, aho bwagiraga buti: “Tubabajwe no kubamenyesha ko Mzee General Sikatende yapfuye. Aguye hano i Kinshasa mu gitondo cya kare. Ayo makuru mabi niyo dufite. Turabihanganishije mwese.”

Na none kandi haje kuza ubundi butumwa bwatanzwe n’umuryango we, buhamya ko koko yapfuye kandi ko yapfuye nyuma yuko yari yahawe isumu muri gereza ya Ndolo iyo yarafungiwemo.

Umuryango wagize uti: “Apfuye, ubuzima bwe bwari bwifashe nabi muri gereza ya Ndolo. Yahawe isumu ni yo imuhitanye!”

Mu kwezi kwa cumi umwaka wa 2024, Sikatende yafashwe n’inzego zishinzwe umutekano i Kinshasa arafungwa, ariko nyamara arinze apfa umuryango we utaragaragarizwa icyo azira nk’uko amakuru akomeza abivuga.

Gusa, kubera uburwayi yaramaranye igihe gito, mu cyumweru gishize yajanwe mu bitaro bya gisirikare byitwa Camp Tshtshi, biherereye muri komine ya Ngaliema i Kinshasa kugira ngo yitabweho, ibyaje kwanga anyura mu myanya y’intoki abaganga bamwitagaho.

Uyu Sikatende wapfuye, azwi cyane muri Mai Mai, ni umwe mu bayobozi b’uyu mutwe bagize uruhare rukomeye mu bitero byagabwaga ku Banyamulenge mu Minembwe no mu nkengero zayo mu mwaka wa 1999, 2000, 2001 na nyuma yabwo.

Ibi bitero yayoboye kimwe n’abandi bagenzi be nka General Aochi wapfuye, General Yakutumba ukiriho, General Mutetezi Tresor uheruka nawe gupfa n’abandi, byatwaye ubuzima bw’Abanyamulenge benshi, birabasenyera binyaga n’Inka zabo.

Sikatende watangije ari Mai Mai apfuye ubutegetsi bw’i Kinshasa bwaramuhinduye umusirikare w’iki gihugu, nubwo bwaje kumufunga kubyaha yashinjwaga umuryango we uvuga ko utari ubizi.

Tags: KinshasaSikatendeyapfuye
Share34Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Sénégal Yegukanye Igikombe cya Afurika 2025 Nyuma y’Umukino Wabaye Intandaro y’Impaka n’Amateka Mashya

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Sénégal Yegukanye Igikombe cya Afurika 2025 Nyuma y’Umukino Wabaye Intandaro y’Impaka n’Amateka Mashya

Sénégal Yegukanye Igikombe cya Afurika 2025 Nyuma y’Umukino Wabaye Intandaro y’Impaka n’Amateka Mashya Ku Cyumweru, tariki ya 18/01/2026, ni bwo hasojwe ku mugaragaro irushanwa rikomeye ry’Igikombe cya Afurika...

Read moreDetails

Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira

by Bahanda Bruce
January 7, 2026
0
Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira

Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira Mu Gikombe cya Afurika kiri kubera muri Maroc, hagaragaye umufana w’Ikipe y’Igihugu ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi

by Bahanda Bruce
December 27, 2025
0
Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi

Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi Tangawizi ni ikirungo gikunze kuboneka mu ngo nyinshi hirya no hino ku isi, cyane cyane mu bihugu byo mu karere kacu nko...

Read moreDetails

Israel Mbonyi Yujuje BK Arena mu Gitaramo “Icyambu 4” Gihinduka Igitambo cy’Isengesho

by Bahanda Bruce
December 25, 2025
0
Israel Mbonyi Yujuje BK Arena mu Gitaramo “Icyambu 4” Gihinduka Igitambo cy’Isengesho

Israel Mbonyi Yujuje BK Arena mu Gitaramo “Icyambu 4” Gihinduka Igitambo cy’Isengesho Mu ijoro rya Noheli, tariki ya 25/12/2025, umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi,...

Read moreDetails

Mu rugendo Rutangaje rw’Umuhanzi Israel Mbonyi Ugeze Kure, Akaba Ategerejwe mu Icyambu Season 4

by Bahanda Bruce
December 18, 2025
0
Mu rugendo Rutangaje rw’Umuhanzi Israel Mbonyi Ugeze Kure, Akaba Ategerejwe mu Icyambu Season 4

Mu rugendo Rutangaje rw’Umuhanzi Israel Mbonyi Ugeze Kure, Akaba Ategerejwe mu Icyambu Season 4 Umuhanzi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga, Israel Mbonyi, akomeje kwandika amateka adasanzwe mu muziki wo...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?