• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuryango wa SADC ubarizwamo na RDC, hamenyekanye ibyo uteganya gukora vuba.

minebwenews by minebwenews
August 2, 2024
in Regional Politics
0
Umuryango wa SADC ubarizwamo na RDC, hamenyekanye ibyo uteganya gukora vuba.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuryango wa SADC ubarizwamo na RDC, hamenyekanye ibyo uteganya gukora vuba.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Ni SADC(umuryango w’iterambere rya Afrika y’Amajyepfo) yatangaje ko igiye gukora inama ya karere igamije kuzamura ubukungu bwo muri uyu muryango.

Nk’uko bigaragara mu itangazo ry’uwo muryango washize hanze, rivuga ko iyo nama izitabirwa n’ab’aminisitiri bashinzwe minisiteri z’imari n’ishoramari zo mu bihugu bigize uyu muryango, kandi ko iyo nama izaba muri uku kwezi dutangiye uy’umwaka w’ 2024.

Iyi nama ifatwa nk’aho idasanzwe muri uy’umuryango, ikazaba igamije gusuzuma intambwe imaze guterwa mu guteza imbere iterambere no guhuza amasoko y’imari mu karere uy’umuryango ubarizwamo, ndetse
kandi ngo hakazasuzumwa intambwe imaze guterwa ku ngamba zagiye zifatwa mbere ku byerekeye ubukungu n’ibindi.

Gahunda y’iyi nama kandi, ngwikazaba ikubiyemo ibiganiro byimbitse ku ngingo zinyuranye harimo no kurebera hamwe ku ngabo z’uyu muryango ziri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho ziri mu rwego rwo gufasha ingabo za RDC mu rugamba zihanganyemo n’umutwe wa M23.

Bikaba biteganyijwe ko minisitiri w’ubukungu n’igenamigambi muri Repubulika ya Angola, Victor Guilherme kwariwe uzayobora komite y’abaminisitiri b’imari, naho Lesetja Kyanyago, Guverineri wa Banki nkuru y’imari yo mu gihugu cy’Afrika y’Epfo, akazafatanya nawe kuyobora iyi komite izaba igamije gusuzuma ibyagezweho. Nanone kandi bakazafatanya na madamu Angèle Makombo N’tumba, umunyabanga nshingwabikorwa w’ungirije wa SADC ushinzwe ukwishyira hamwe mu karere.

Ahanini ngo ibi biganiro bikazibanda cyane ku mikorere yikigega cy’iterambere rya karere ka SADC, n’uburyo bukwiye gushyigikira iterambere ry’ubukungu n’iterambere rirambye mu nzego zitandukanye, byongeye kandi, gusuzuma mu buryo bunonosoye raporo y’iterambere ry’ikigega cya SADC, n’uburyo buzafasha gutegura imishinga mu nzego z’ingufu, ubwikorezi hagamijwe kuzamura ubukungu no gutanga servise z’ingenzi mu karere ka SADC.

            MCN.
Tags: Gukora vubaIbyo SADCIteganya
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Rimwe mu matorero yo mu Rwanda ryari rifashwe nk’irikomeye, ryafunzwe, hamenyekana n’impamvu yabyo.

Rimwe mu matorero yo mu Rwanda ryari rifashwe nk'irikomeye, ryafunzwe, hamenyekana n'impamvu yabyo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?