• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuryango wa SADC ubarizwamo na RDC, hamenyekanye ibyo uteganya gukora vuba.

minebwenews by minebwenews
August 2, 2024
in Regional Politics
0
Umuryango wa SADC ubarizwamo na RDC, hamenyekanye ibyo uteganya gukora vuba.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuryango wa SADC ubarizwamo na RDC, hamenyekanye ibyo uteganya gukora vuba.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni SADC(umuryango w’iterambere rya Afrika y’Amajyepfo) yatangaje ko igiye gukora inama ya karere igamije kuzamura ubukungu bwo muri uyu muryango.

Nk’uko bigaragara mu itangazo ry’uwo muryango washize hanze, rivuga ko iyo nama izitabirwa n’ab’aminisitiri bashinzwe minisiteri z’imari n’ishoramari zo mu bihugu bigize uyu muryango, kandi ko iyo nama izaba muri uku kwezi dutangiye uy’umwaka w’ 2024.

Iyi nama ifatwa nk’aho idasanzwe muri uy’umuryango, ikazaba igamije gusuzuma intambwe imaze guterwa mu guteza imbere iterambere no guhuza amasoko y’imari mu karere uy’umuryango ubarizwamo, ndetse
kandi ngo hakazasuzumwa intambwe imaze guterwa ku ngamba zagiye zifatwa mbere ku byerekeye ubukungu n’ibindi.

Gahunda y’iyi nama kandi, ngwikazaba ikubiyemo ibiganiro byimbitse ku ngingo zinyuranye harimo no kurebera hamwe ku ngabo z’uyu muryango ziri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho ziri mu rwego rwo gufasha ingabo za RDC mu rugamba zihanganyemo n’umutwe wa M23.

Bikaba biteganyijwe ko minisitiri w’ubukungu n’igenamigambi muri Repubulika ya Angola, Victor Guilherme kwariwe uzayobora komite y’abaminisitiri b’imari, naho Lesetja Kyanyago, Guverineri wa Banki nkuru y’imari yo mu gihugu cy’Afrika y’Epfo, akazafatanya nawe kuyobora iyi komite izaba igamije gusuzuma ibyagezweho. Nanone kandi bakazafatanya na madamu Angèle Makombo N’tumba, umunyabanga nshingwabikorwa w’ungirije wa SADC ushinzwe ukwishyira hamwe mu karere.

Ahanini ngo ibi biganiro bikazibanda cyane ku mikorere yikigega cy’iterambere rya karere ka SADC, n’uburyo bukwiye gushyigikira iterambere ry’ubukungu n’iterambere rirambye mu nzego zitandukanye, byongeye kandi, gusuzuma mu buryo bunonosoye raporo y’iterambere ry’ikigega cya SADC, n’uburyo buzafasha gutegura imishinga mu nzego z’ingufu, ubwikorezi hagamijwe kuzamura ubukungu no gutanga servise z’ingenzi mu karere ka SADC.

            MCN.
Tags: Gukora vubaIbyo SADCIteganya
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Rimwe mu matorero yo mu Rwanda ryari rifashwe nk’irikomeye, ryafunzwe, hamenyekana n’impamvu yabyo.

Rimwe mu matorero yo mu Rwanda ryari rifashwe nk'irikomeye, ryafunzwe, hamenyekana n'impamvu yabyo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?