• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuryango wa SADC wongeye kugira ibindi wemeranyaho birimo n’intambara ibera muri RDC.

minebwenews by minebwenews
August 18, 2024
in Regional Politics
0
Umuryango wa SADC wongeye kugira ibindi wemeranyaho birimo n’intambara ibera muri RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuryango wa SADC wongeye kugira ibindi wemeranyaho birimo n’intambara ibera muri RDC.

You might also like

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

Ni mu nama igira iya 44 y’uyu muryango w’iterambere ry’ibihugu byo muri Afrika y’Amajyepfo, yeteranye ku munsi w’ejo tariki ya 17/08/2024, iteranira i Harare mu gihugu cya Zimbabwe, muri iyi nama yigiwemo ko uyu muryango ugomba gukomeza gushigikira RDC mu mirwano ihanganyemo n’umutwe wa M23.

Umuryango wa SADC usanzwe warohereje ingabo zayo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho zageze muri ibyo bice ahagana mu mpera z’u mwaka ushize.

Izi ngabo zirimo iza vuye mu gihugu cya Afrika y’Epfo, Malawi na Tanzania. Muri iki gihugu cya RDC, ziriyo mu rwego rw’ubutumwa bwo gufasha igisirikare cyayo ku rwanya umutwe wa M23.

Gusa nk’uko byagiye bitangazwa n’ibitangaza makuru byinshi, nuko izi ngabo nta kintu zigeze zihindura mu butumwa zirimo mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya RDC, kuko M23 igikomeje gufata ibindi bice, aho no muri iki cyumweru turimo yambuye ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa ribarizwamo na SADC ibice byinshi byo muri Grupema ya Binza.

Mu itangazo uyu muryango wa SADC washize hanze, nyuma y’uko barangije iyi nama igira iya 44, rivuga ko uyu muryango uzakomeza gushyigikira leta ya Kinshasa mu ntambara irimo, kandi ko iza yishyigikira mu buryo bwa gisirikare, muri dipolomasi ndetse no muri politiki.

Sibyo byonyine byavugiwe muri iyi nama kuko na perezida wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa ari nawe wakiriye iyi nama yashimiye uyu muryango wa mubaye hafi mu gihe amahanga yotsaga igitutu uyu muryango wa SADC kugira ngo uhe akato iki gihugu cye.

Mnangagwa yavuze ko mu myaka irenga 20 ishize, ibihugu byo mu Burengerazuba bw’isi byafatiye iki gihugu ibihano by’u bukungu, binashyiraho igitutu ku bihugu bigize umuryango wa SADC ngo bitererane igihugu cye ariko bikomera ku masezerano y’umuryango.

Yagize ati: “Nejejwe no kubashimira by’umwihariko mwese ku myaka myinshi y’ubufatanye, inkunga n’umubano ntamakemwa mwagiranye n’igihugu cya Zambabwe. Ibi byaturutse ku bihano bidafite ishingiro byafatiwe igihugu cyacu cya Zimbabwe.”

Yakomeje agira ati: “Tuzi neza ko hari igitutu mu buryo butandakanye mwagiye mushyirwaho ngo mudutere umugongo ariko mwakomeje kuba indahemuka nko mu bihe by’intambara z’ubwigenge bwacu aho igikomere cy’ubumwe cyari nk’icya bose.”

SADC yashinzwe mu 1992, kuri ubu igizwe n’ibihugu 16.

Uyu muryango wagiye uba hafi ya Zimbabwe mu bihe bikomeye cyane cyane ubwo ubutegetsi bwa Robert Mugabe wahoze ayiyoboye, bwafatirwaga ibihano n’amahanga buzira kwambura ubutaka abazungu.

Muri iyi nama kandi habaye guhindura ubuyobozi bwa SADC, aho perezida Mnangagwa yasimbuye bwana João Lourenço wa Angola ku mwanya w’umuyobozi w’umuryango. Nyuma Mnangagwa yashimye kandi ahamya ko azaharanira gushyira mu bikorwa imishinga n’ubufatanye bw’ibihugu bigize SADC.

              MCN.
Tags: Mnangagwa EmmersonRdcSADC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails
Next Post
Igitero cy’ingabo za Israel mu Ntara ya Gaza, cyahitanye abantu benshi kandi bo mu muryango umwe.

Igitero cy'ingabo za Israel mu Ntara ya Gaza, cyahitanye abantu benshi kandi bo mu muryango umwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?