Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuryango w’Abibumbye, mw’ishamyi rirengera ikiremwa muntu, barashinja abategetsi ba RDC, kuba inyuma y’amagambo ahembera Amacyakubiri mu Burasirazuba bwa RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 8, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Komiseri mukuru mu muryango w’Abibumbye(L’ONI), mw’ishamyi rirengera ikiremwa muntu akaba n’umujyanama wihariye mu gukumira Genocide, muri uwo muryango, yatangaje ko ahangayikishijwe n’ihohoterwa rikomeje gukorerwa abanyekongo bamwe mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Mw’itangazo umuvugizi w’ibiro by’i yi komisiyo ishinzwe uburenganzira bw’Amuntu, mu muryango w’Abibumbye, ku bireba ibya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yagize ati: “Duhangayikishijwe cyane n’imvugo z’ihembera amacyakubiri n’urwango rushingiye ku moko, no gukangurira abaturage bamwe guhohotera abandi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, cyane cyane mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo na Kivu y’Amajyaruguru ndetse no muturere twa kasaï na Katanga.”

“Imvugo z’urwango cyangwa zitesha umuntu agaciro n’ikizira kandi bikurura amakimbirane hagati mu baturage bigakomeza kubyutsa urugomo, bikaba muribimwe bikomeza gukurura umutekano muke muri RDC. Abayobozi bamwe mu butegetsi barinyuma y’uru rwango rero hasabwe ingamba zikarishye.”

Yakomeje agira ati: “Turahamagarira Abayobozi gukingura imiryango yemerera abakora iperereza kuri uru rwango, aba bikora bahanwe n’amategeko abihana.”

Ibi bibaye mugihe uwahoze ari minisitiri w’iterambere Justin Bitakwira Bihona, aheruka gutangaza ibintu bikaze ubwo aheruka Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Bitakwira, yongeye kumvikana yita Abanyamulenge n’Abatutsi bose muri rusange ko ar’Inzoka, n’andi magambo avuga ko ari ubwoko bubi bukwiye kwicwa no kwangwa.

Bruce Bahanda.

Tags: Barashinja abategetsi ba RDC kuba inyuma y'amagambo ahembera Amacyakubiri mu Burasirazuba bwa RDCUmuryango w'Abibumbye mw'ishamyi rirengera ikiremwa muntu
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Abaturage benshi batabaye Moïse Katumbi, i Lubumbashi, k'umurwa mukuru w'i Ntara ya Haut-Katanga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?