• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuryango w’Abibumbye, wasohoye icyegeranyo gishya kigaragaza ibikorwa by’urugomo, bikorwa n’imitwe y’itwaje imbunda ifasha FARDC kurwanya M23.

minebwenews by minebwenews
December 29, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuryango w’Abibumbye, wongeye gusohora raporo nshyasha zigaragaza uko ibintu byifashe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, muri iki gihe.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni raporo, ahanini igaragaza ibikorwa bibi bikorwa n’imitwe y’inyeshamba ifasha ubutegetsi bwa Kinshasa, ku rwanya umutwe wa M23.

Nk’uko iriya nyandiko ibigaragaragaza n’uko mu Ntara zose zigize igihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo, hagiye habamo imivurungano ishingiye ku moko, by’umwijariko, mu m’Ajyepfo ya Kinshasa, mu Ntara ya Maï-Ndombe, ko hagaragaye ubugome bukaba bwara rushijeho gukara mu ntangiriro z’umwaka w’2022. Iriya raporo igaragaza ko muri Maï-Ndombe, hapfuye abantu ba barirwa mu magana, aho ngo n’ibikorwa remezo byagiye bisenywa ndetse n’Abantu benshi bata izabo.

Ni raporo yagaragaje ko n’i Kinshasa, ubwoba bwarushijeho kwiyongera n’abanyapolitike bagenda bicwa abandi bagahutazwa.

Iyi raporo, ikomeza ivuga ko imitwe y’inyeshamba irimo wa Mobondo, ko leta ya Kinshasa, yabafashe kungufu ibohereza kurwanya M23, mu Burasirazuba bwa RDC, muri Kivu Yaruguru.

Mugihe mu Ntara ya Ituri ho, bagaragaje ko igisirikare ca RDC, cya naniwe kwe geranya abaturage ngo baganire mu rwego rwo kugira ngo amakimbirane ahohe, muri ibi bice.

Kuri Wazalendo na FDLR, iriya raporo yemeje bidasubirwaho ko leta yizeye cyane FDLR na Wazalendo, abariho imbaraga zishorwa mu gihe iriya mitwe ishinjwa kwica no guhungabanya umutekano wa baturage.

Umuryango w’Abibumbye, wanemeje ko ingabo z’u Burundi, zoherejwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, gufatanya na Wazalendo na FDLR, kurwanya M23.

Nk’uko iriya raporo ibihamya n’uko ingabo z’u Burundi, zoherejwe k’u Muhanda wa Sake na Kitshanga, kuva muntangiriro z’ukwezi kwa Cumi 10, kandi bagenda bambaye umwambaro w’igisirikare ca FARDC.

Barangije bavuga ko Ingabo z’u muryango w’Abibumbye MONUSCO, zigomba kuva muri RDC.

Bruce Bahanda.

Tags: Umuryango w'Abibumbye wasohoye icyegeranyo gishya kigaragaza ibikorwa by'urugomo bikorwa n'imitwe y'inyeshamba ifasha ubutegetsi bwa Kinshasa kurwanya M23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post

Ingabo za ARC/M23, zambariye gutabara no kuvana abanyekongo mu kaga, ahari ho hose.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?