• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuryango w’Abibumbye, wasohoye icyegeranyo gishya kigaragaza ibikorwa by’urugomo, bikorwa n’imitwe y’itwaje imbunda ifasha FARDC kurwanya M23.

minebwenews by minebwenews
December 29, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuryango w’Abibumbye, wongeye gusohora raporo nshyasha zigaragaza uko ibintu byifashe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, muri iki gihe.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni raporo, ahanini igaragaza ibikorwa bibi bikorwa n’imitwe y’inyeshamba ifasha ubutegetsi bwa Kinshasa, ku rwanya umutwe wa M23.

Nk’uko iriya nyandiko ibigaragaragaza n’uko mu Ntara zose zigize igihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo, hagiye habamo imivurungano ishingiye ku moko, by’umwijariko, mu m’Ajyepfo ya Kinshasa, mu Ntara ya Maï-Ndombe, ko hagaragaye ubugome bukaba bwara rushijeho gukara mu ntangiriro z’umwaka w’2022. Iriya raporo igaragaza ko muri Maï-Ndombe, hapfuye abantu ba barirwa mu magana, aho ngo n’ibikorwa remezo byagiye bisenywa ndetse n’Abantu benshi bata izabo.

Ni raporo yagaragaje ko n’i Kinshasa, ubwoba bwarushijeho kwiyongera n’abanyapolitike bagenda bicwa abandi bagahutazwa.

Iyi raporo, ikomeza ivuga ko imitwe y’inyeshamba irimo wa Mobondo, ko leta ya Kinshasa, yabafashe kungufu ibohereza kurwanya M23, mu Burasirazuba bwa RDC, muri Kivu Yaruguru.

Mugihe mu Ntara ya Ituri ho, bagaragaje ko igisirikare ca RDC, cya naniwe kwe geranya abaturage ngo baganire mu rwego rwo kugira ngo amakimbirane ahohe, muri ibi bice.

Kuri Wazalendo na FDLR, iriya raporo yemeje bidasubirwaho ko leta yizeye cyane FDLR na Wazalendo, abariho imbaraga zishorwa mu gihe iriya mitwe ishinjwa kwica no guhungabanya umutekano wa baturage.

Umuryango w’Abibumbye, wanemeje ko ingabo z’u Burundi, zoherejwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, gufatanya na Wazalendo na FDLR, kurwanya M23.

Nk’uko iriya raporo ibihamya n’uko ingabo z’u Burundi, zoherejwe k’u Muhanda wa Sake na Kitshanga, kuva muntangiriro z’ukwezi kwa Cumi 10, kandi bagenda bambaye umwambaro w’igisirikare ca FARDC.

Barangije bavuga ko Ingabo z’u muryango w’Abibumbye MONUSCO, zigomba kuva muri RDC.

Bruce Bahanda.

Tags: Umuryango w'Abibumbye wasohoye icyegeranyo gishya kigaragaza ibikorwa by'urugomo bikorwa n'imitwe y'inyeshamba ifasha ubutegetsi bwa Kinshasa kurwanya M23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Ingabo za ARC/M23, zambariye gutabara no kuvana abanyekongo mu kaga, ahari ho hose.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?