Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuryango w’ubumwe bw’u Burayi uravugwamo ku jegajega.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 25, 2024
in Regional Politics
0
Umuryango w’ubumwe bw’u Burayi uravugwamo ku jegajega.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuryango w’ubumwe bw’u Burayi uravugwamo ku jegajega.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni isuzumwa ryakozwe n’ishirahamwe rya NATO aho ngo warikoze usanga u Burayi budafashe mu buryo bw’ubwirinzi.

Hagati muri uku kwezi kwa karindwi, intambara yo muri Ukraine n’amatora ateganyijwe kuba muri leta Zunze ubumwe z’Amerika, nibyo byabaye umwihariko mu nama yahuje abahuriye muri NATO iheruka Kubera i Washington DC mu myanjo y’iki cyumweru.

Nk’uko byavuzwe muri iyo nama bibanze ku gusuzuma ku cyakorwa kugira ngo ibibazo by’ubwirinzi mu muryango w’ubumwe bw’u Burayi bikomeje gusubira inyuma byongere bifate.

Umwaka ushize, NATO yemeje gahunda yo kuvugurura ubushobozi bwabo bwo kwirwanaho mu myaka miringo itatu mu gihe ubwoba bwo guterwa n’u Burusiya nabwo bwiyongera umunsi ku wundi.

Aba bayobozi bakomeje gushakisha ibisabwa, kugira ngo bashobore gukomeza ubwirinzi bwabo ngo bagere kuri iyo gahunda, byoherejwe muri za Guverinoma z’ibihugu mu byumweru bishize.

Iri suzumwa ryasanze igisirikare cyo mu bihugu bigize u Burayi kijegajega mu bice by’ingenzi, bitanga ibimenyetso byerekana umubare w’amamiliyari y’Ama-euro bishobora gutwara kugira ngo bikosorwe.

Ibiro ntara makuru bya Bwongereza, Reuters, dukesha iy’i nkuru, bivuga ko ‘byaganiriye n’abayobozi babasirikare n’abasivile mu Burayi kuri gahunda zashyizwe ahagaragara, berekana ibice bitandatu umuryango w’ibihugu 32 wagaragaje ko ari byo byihutirwa gukemura.’

Muri ibyo harimo ibura ry’imbunda z’ubwirinzi bw’ibitero byo mu kirere na misile ziraswa mu ntera ndende, umubare w’abasirikare, amasasu, ibibazo by’ibikoresho ndetse no kutagira itumanaho rya digitale ryizewe ku rugamba, n’ibindi.

Ubushakashatsi bwo bwerekana ko NATO ihanganye n’ikibazo cyo kugera ku ntego zayo mu gihe ubumwe bwayo bushobora kugeragezwa n’imbogamizi z’ingengo y’imari mu muryango w’ibihugu by’i Burayi, ndetse no kutumva kimwe uko bakwiye kwifata imbere y’u Burusiya.

Ikindi ni uko muri uyu mwaka amatora ateganyijwe kuba muri leta Zunze ubumwe z’Amerika yongeye kuzamura impungenge z’uko iki gihugu kirusha ibindi ubukungu muri uyu muryango wa NATO ko Donald Trump yotsinda ayo matora y’umukuru w’igihugu, kuko ari mubantu banenga umuryango wa NATO kuruta undi muntu uwari we wese. Ashinja ibihugu biwugize, kunyuzamo ijisho leta Zunze ubumwe z’Amerika.

       MCN.
Tags: NATOUbumwe bw'u BurayiUbwirinzi burajegajega
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Joe Biden perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, avuze ibanga rikomeye Amerika igenderaho.

Joe Biden perezida wa Leta Zunze Ubumwe z'Amerika, avuze ibanga rikomeye Amerika igenderaho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?