• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuryango w’ubumwe bw’u Burayi uravugwamo ku jegajega.

minebwenews by minebwenews
July 25, 2024
in Regional Politics
0
Umuryango w’ubumwe bw’u Burayi uravugwamo ku jegajega.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuryango w’ubumwe bw’u Burayi uravugwamo ku jegajega.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni isuzumwa ryakozwe n’ishirahamwe rya NATO aho ngo warikoze usanga u Burayi budafashe mu buryo bw’ubwirinzi.

Hagati muri uku kwezi kwa karindwi, intambara yo muri Ukraine n’amatora ateganyijwe kuba muri leta Zunze ubumwe z’Amerika, nibyo byabaye umwihariko mu nama yahuje abahuriye muri NATO iheruka Kubera i Washington DC mu myanjo y’iki cyumweru.

Nk’uko byavuzwe muri iyo nama bibanze ku gusuzuma ku cyakorwa kugira ngo ibibazo by’ubwirinzi mu muryango w’ubumwe bw’u Burayi bikomeje gusubira inyuma byongere bifate.

Umwaka ushize, NATO yemeje gahunda yo kuvugurura ubushobozi bwabo bwo kwirwanaho mu myaka miringo itatu mu gihe ubwoba bwo guterwa n’u Burusiya nabwo bwiyongera umunsi ku wundi.

Aba bayobozi bakomeje gushakisha ibisabwa, kugira ngo bashobore gukomeza ubwirinzi bwabo ngo bagere kuri iyo gahunda, byoherejwe muri za Guverinoma z’ibihugu mu byumweru bishize.

Iri suzumwa ryasanze igisirikare cyo mu bihugu bigize u Burayi kijegajega mu bice by’ingenzi, bitanga ibimenyetso byerekana umubare w’amamiliyari y’Ama-euro bishobora gutwara kugira ngo bikosorwe.

Ibiro ntara makuru bya Bwongereza, Reuters, dukesha iy’i nkuru, bivuga ko ‘byaganiriye n’abayobozi babasirikare n’abasivile mu Burayi kuri gahunda zashyizwe ahagaragara, berekana ibice bitandatu umuryango w’ibihugu 32 wagaragaje ko ari byo byihutirwa gukemura.’

Muri ibyo harimo ibura ry’imbunda z’ubwirinzi bw’ibitero byo mu kirere na misile ziraswa mu ntera ndende, umubare w’abasirikare, amasasu, ibibazo by’ibikoresho ndetse no kutagira itumanaho rya digitale ryizewe ku rugamba, n’ibindi.

Ubushakashatsi bwo bwerekana ko NATO ihanganye n’ikibazo cyo kugera ku ntego zayo mu gihe ubumwe bwayo bushobora kugeragezwa n’imbogamizi z’ingengo y’imari mu muryango w’ibihugu by’i Burayi, ndetse no kutumva kimwe uko bakwiye kwifata imbere y’u Burusiya.

Ikindi ni uko muri uyu mwaka amatora ateganyijwe kuba muri leta Zunze ubumwe z’Amerika yongeye kuzamura impungenge z’uko iki gihugu kirusha ibindi ubukungu muri uyu muryango wa NATO ko Donald Trump yotsinda ayo matora y’umukuru w’igihugu, kuko ari mubantu banenga umuryango wa NATO kuruta undi muntu uwari we wese. Ashinja ibihugu biwugize, kunyuzamo ijisho leta Zunze ubumwe z’Amerika.

       MCN.
Tags: NATOUbumwe bw'u BurayiUbwirinzi burajegajega
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Joe Biden perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, avuze ibanga rikomeye Amerika igenderaho.

Joe Biden perezida wa Leta Zunze Ubumwe z'Amerika, avuze ibanga rikomeye Amerika igenderaho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?