Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuryango w’ubumwe bw’u Burayi, washizeho intumwa yayo mu karere k’ibiyaga bigari.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 27, 2024
in Regional Politics
0
Umuryango w’ubumwe bw’u Burayi, washizeho intumwa yayo mu karere k’ibiyaga bigari.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuryango w’ubumwe bw’u Burayi, washizeho intumwa yayo mu karere k’ibiyaga bigari.

You might also like

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Ni intumwa yashyizweho n’akanama k’umuryango w’ubumwe bw’u Burayi aho kabitangaje ku munsi w’ejo hashize; kavuga ko bwana Johana Borgstam azabera uwo muryango intumwa yihariye mu karere k’ibiyaga bigari.

Uy’intumwa, Johana akomoka mu gihugu cya Suède yabaye amabasaderi w’umuryango w’ubumwe bw’u Burayi muri Repubulika ya demokarasi ya Congo kuva mu 2008 kugeza mu 2021 no muri Ethiopia kuva mu 2017 kugeza mu 2021.

Nk’uko uyu muryango ubisobanura, uvuga ko uyu mugabo azafasha intumwa ishinzwe ububanyi n’amahanga, Joseph Borrel, gushyira mu bikorwa politiki y’uyu muryango muri aka karere.

Umugambi wo gushyiraho intumwa yihariye ya EU muri aka karere waturutse ku makimbirane ari hagati y’ibihugu bikarimo, uy’umuryango ukaba wizera ko ashobora kuwufasha gutanga umusanzu mu kayakemura.

Mbere byari byanavuzwe ko uwo muryango wahisemo Umubiligi Bernard Quintin nk’ugomba kuyihagararira mu karere k’i biyaga bigari, ariko ntibyaje gukunda kuko ngo igihugu cy’u Rwanda cyamwanze.

Binavugwa ko u Rwanda rwamwanze bitewe no kuba igihugu cye kimaze igihe cyafashe umurongo wo kwifatanya na leta ya Kinshasa irushinja guha ubufasha M23 ndetse no kuba u Rwanda rwari rwagenye nka amabasaderi warwo i Brussel.

Johana azatangira inshingano tariki ya 01/09/2024, nk’uko biteganijwe, kandi manda ye ya mbere ikazamara amezi icumi n’abiri.

           MCN.
Tags: Ibiyaga bigariIntumwaJohana BorgstamUmuryango w'ubumwe bw'u Burayi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

by Bruce Bahanda
June 15, 2025
0
Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Ibyo gusinya amasezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na Congo si byanone. Mu gihe Leta Zunze ubumwe z'Amerika zifuza ko u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo muri...

Read moreDetails

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

by Bruce Bahanda
June 14, 2025
0
Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi. Kikaya Bin Karubi, usanzwe ari mu bantu bahora hafi ya Joseph Kabila Kabange, akaba n'umujyamama we, ni...

Read moreDetails

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Kenya Department of Refugee Service Cracks Down on SIM Card Fraud The Department of Refugee Service (DRS) has issued a stern warning to refugees in Kenya, urging them...

Read moreDetails

Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

Agezweho y'Ingabo za Afrika y'Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC. Ingabo za Afrika y'Epfo zari zaroherejwe mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu butumwa bwa SADC,...

Read moreDetails

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 11, 2025
0
Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23. Intumwa idasanzwe y'Umunyamabanga mukuru w'umuryango w'Abibumbye ( UN) muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Bintou Keita, ategerejwe mu mujyi...

Read moreDetails
Next Post
Rurageretse hagati ya Gen Hamuri Yakutumba na leta ya Kinshasa.

Rurageretse hagati ya Gen Hamuri Yakutumba na leta ya Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?