Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umusako ugize igihe gito urimo gukorwa n’ingabo za RDC, muri Plaine Dela Ruzizi, hafatiwemo n’icyihebe cyari cyarayogoje ibyo bice, Maï Maï Buhivwa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 29, 2024
in Regional Politics
0
Umusako ugize igihe gito urimo gukorwa n’ingabo za RDC, muri Plaine Dela Ruzizi, hafatiwemo n’icyihebe cyari cyarayogoje ibyo bice, Maï Maï Buhivwa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umusako umaze igihe gito urimo gukorwa n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, muri Cheferie ya Plaine Dela Ruzizi, teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, harimo ko hafashwe n’icyihebe cyari cyarayogoje ibyo bice mu kw’iba no gushimuta abo mu bwoko bw’Abanyamulenge (Tutsi).

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ingabo za FARDC, mu bice bya teritware ya Uvira, batangiye gukora imisako mu ntangiriro z’i Cyumweru gishize. Ni umusako ukorwa hagamije kureba abatunze imbunda mu buryo butemewe n’amategeko, nk’uko ubuyobozi bwa regima y’ingabo za RDC, ifite icyicaro muri Ruvunge, mu birometre bike n’u Mujyi wa Uvira, ba bitangarije abaturage.

Uy’u musako umaze gusiga utaye abatari bake muriyombi harimo n’umwe mu basirikare ba FARDC, uvuka mu Banyamulenge wafatiwe ku Bwegera, azira imbunda basanze munzu iwe, aza gufungirwa Uvira.

K’urundi ruhande Minembwe Capital News, yabwiwe ko muri uyu musako hafatiwemo n’icyihebe kizwi cyane mu kw’iba, kunyaga, no gushimuta abo mu bwoko bw’Abanyamulenge(Tutsi), ku Bwegera, Kamanyola, n’ahandi, uwo ni Maï Maï Buhivwa.

Mu gihe ingabo za FARDC zarimo zikora umusako muri ibi bice bagiriwe amahirwe bafatiramo na Maï Maï Buhivwa. Kuri ubu MCN yabwiwe ko Buhivwa, afungiwe muri gereza nkuru ( prison central) ya Bukavu, ku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Buhivwa wari warigize igitangaza asanze muri gereza bagenzi be bari barigize ba General muri Maï Maï aribo Gen Kijangala, Colonel Gapapa na Mburu, bamaze hafi amezi arenga atandatu baratawe muriyombi, n’igisirikare cy’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Bruce Bahanda.

Tags: Icy'ihebe Maï Maï BuhivwaIngabo za FARDCRuvungeUmusako
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo za SADC, zirashinjwa gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR, urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda.

Ingabo za SADC, zirashinjwa gukorana byahafi n'umutwe w'iterabwoba wa FDLR, urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?