• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home sport & entertainment

Umusaza uri mu barwanye intambara nyinshi i Mulenge yitabye Imana.

minebwenews by minebwenews
October 31, 2024
in sport & entertainment
0
Umusaza uri mu barwanye intambara nyinshi i Mulenge yitabye Imana.
98
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umusaza uri mu barwanye intambara nyinshi i Mulenge yitabye Imana.

You might also like

Congo yungutse umukinnyi mpuzamahanga wa natangiye gukina

Uburyo umukino wanyuma wa CHAN wagenze n’udushya twawuranze.

Aho transfer ya Liverpool na Isak igeze.

Binagana Ndangamyambi, uzwi mubarwaniriye i Mulenge kuva kera, ahar’ejo yitabye Imana azize uburwayi.

Ahagana mu mwaka w’ 1984 nibwo Ndangamyambi yinjiye mu itsinda ry’Abagiriye, abari barahawe imbunda na perezida Mobutu kugira barwanirire Abanyamulenge n’akarere kose muri rusange, ni mu gihe muri icyo gihe hari umutwe witwaje imbunda wiyitaga Mayi Mayi Mulele warwanyaga ubutegetsi bwariho ukanyaga n’inka z’Abanyamulenge ndetse ukanabica.

Yarwaniriye Abanyamulenge bo mu bice bitandukanye by’i Mulenge, kuva icyo gihe kugeza muri uyu mwaka w’ 2024.

Uyu mugabo azwi nk’imwe mu nkingi zafunze irembo rya Bicyumbi, aho nimubice bihanamiye umuhana wa Kalingi na Bidegu ho muri Minembwe, kuko niwe wabaga ayoboye Twirwaneho yahoraga yiteguye kurwanya Maï Maï yabaga ije kunyaga Inka z’Abanyamulenge inyuze muri iy’inzira ya Bicumbi. Iri rembo yatangiye kurirwanamo kuva mu mwaka w’ 1999 kugeza ubu mu minsi ishize vuba.

Umwe wo mu muryango wa nyakwigendera, yahaye MCN ubuhamya, agira ati: “Mu mpera z’u kwezi kwa Karindwi, uyu mwaka nibwo nyakwigendera yagejejwe mu bitaro by’i Bujumbura mu Burundi. Agifatwa n’iyindwara twari tuzi ko ari igifu (Estomac), ariko mu bitaro by’i Bujumbura bamubwiye ko ari canser yo muri Estomac.”

Yakomeje agira ati: “Uyu musaza ntako atagize yarwaniriye Abanyamulenge, n’ubu yaragikorana na Twirwaneho mu Kalingi. Ubutwari bwe turabuzi cyane, kandi ntitwabuvuga ngo tuburangize. Ibijyanye n’intambara yarwanye mu Minembwe zirazwi zose.”

Ku mugoroba w’ejo hashize, itariki ya 30/10/2024, nibwo Mzee Ndangamyambi yarangirije mu bitaro by’i Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi.
Ndangamyambi wapfuye yari mwene Sebihunga.

Tags: ImulengeNdangamyambi
Share39Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Congo yungutse umukinnyi mpuzamahanga wa natangiye gukina

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Congo yungutse umukinnyi mpuzamahanga wa natangiye gukina

Congo yungutse umukinnyi mpuzamahanga wa natangiye gukina Aaron Wan-Bissaka, myugariro akina ku ruhande rw’iburyo, yigeze guhura n’uruhererekane rw’imbogamizi mu gufata umwanzuro w’igihugu azakinira. Nubwo yari asanzwe akomoka mu...

Read moreDetails

Uburyo umukino wanyuma wa CHAN wagenze n’udushya twawuranze.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Uburyo umukino wanyuma wa CHAN wagenze n’udushya twawuranze.

Uburyo umukino wanyuma wa CHAN wagenze n’udushya twawuranze. Umukino wa nyuma wa CHAN 2024 wabereye kuri Moi International Sports Centre i Nairobi, tariki ya 30 zukwezi kwa munani...

Read moreDetails

Aho transfer ya Liverpool na Isak igeze.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Aho transfer ya Liverpool na Isak igeze.

Aho transfer ya Liverpool na Isak igeze. Liverpool iri mu biganiro bya nyuma kugira ngo isinyishe rutahizamu w’Umunyasuwede Alexander Isak ukinira Newcastle United, mu masezerano ashobora kuba manini...

Read moreDetails

The Ben mu rugendo rudasanzwe rwo kuzenguruka u Burayi.

by minebwenews
August 29, 2025
0
The Ben mu rugendo rudasanzwe rwo kuzenguruka u Burayi.

The Ben mu rugendo rwokuzenguruka u Burayi. Umuhanzi w’Umunyarwanda The Ben, wamamaye mu ndirimbo z’urukundo n’izihuza abakunzi b’umuziki w’iwacu n’uw’isi yose, yatangaje gahunda y’urugendo rw’ibitaramo mu burayi mu...

Read moreDetails

Umunye-Congo Wissa yavuze impamvu yifuza gukomereza mu yindi kipe.

by minebwenews
August 27, 2025
0
Umunye-Congo Wissa yavuze impamvu yifuza gukomereza mu yindi kipe.

Umunye-Congo Wissa yavuze impamvu yifuza gukomereza mu yindi kipe. Umukinnyi w’umupira w’amaguru w’umunye-Congo, Yoane Wissa, arifuza kwimukira mu ikipe nshya nyuma y’imyaka myinshi akina muri Brentford. Wissa, wavukiye...

Read moreDetails
Next Post
Amerika: Trump ubwo yari mu modoka itwara ibishingwe, yatangaje amagambo akaze.

Amerika: Trump ubwo yari mu modoka itwara ibishingwe, yatangaje amagambo akaze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?