• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umusesenguzi Nshimiye Fidel, yavuze ku cyemezo ubumwe bw’ibihugu by’u Buraya baheruka gufata cyokuvana Indorerezi zabo muri RDC.

minebwenews by minebwenews
December 2, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umusesenguzi w’u munyamulenge Nshimiye Fidel yagize icyavuga kuby’u bumwe bw’u Buraya, buheruka gutangaza ko bukuye Indorerezi zabo muri RDC.

You might also like

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

Fidele yagize ati: “Mu gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ibyumweru bitatu mbere y’uko amatora y’umukuru w’igihugu aba, umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’u Buraya batangaje ko bakuye abantu babo bari m’ubutumwa bw’indorerezi ku matora, ateganijwe kuba muri RDC.”

“Biriya ba bitangaje kuri uyu wa Gatatu, muriki Cyumweru turimo. mu butumwa batanze bavuze ko ‘kubera umutekano muke’ uri muri RDC ziriya ntumwa zabo zitazabasha kugenzura ibikorwa by’amatora hirya no hino mu gihugu.”

“Ubushize ubusesenguzi duheruka kubaha butanzwe nanjye Fidèle twagarutse kuri ay’amatora, na babwiye ko ariya Matora dutegereje ateye impungenge ko kandi ashobora kutazaba nk’uko bigaragara. Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora kugeza ubu ntamubare uhamye baratanga. Ay’amatora na naramuka anabaye azaba nabi.”

“Rero umuryango w’u bumwe bw’u Buraya bashobora kuba ba keneye ku garder honneur yawo batekereza ko kuba ay’amatora azabamo urusaku batinya kuzaseba. Iyi tekinike iri mubyatumye bagaragaza impanvu ko umutekano udahagije.”

“Itangazo rya CENI ryo ku wa 30/11/2023, binyuze muri Patricia NSEYA MULELA, ryavugako ibikoresho bya CENI byahiriye mu bu biko bwayo avugako ha hiriyemo ibintu byinshi. Ririya tangazo barangije basaba ko CENI yakongererwa igihe kugira ngo bongere bategure Amatora. Gusa ibi byose bigaragaza ko hariho imbogamizi kandi nabyita ko ari n’ibimenyetso bigaragaza ko amatora arimo urusaku.”

“Félix Tshisekedi kuri ubu arimuruzindiko i Dubaï muri leta y’unzubumwe bw’Abarabu mu Nama igira iya 28 yiga hejuru y’imihindukirire y’ibihe( COP 28). Ibi ntahandi biraba nka perezida uri mubihe byokwiyamamaza yari kuba yohereje undi umuhagararira muri uriya mwanya.”

Bruce Bahanda.

Tags: Umusesenguzi Nshimiye Fidel yavuze ku cyemezo ubumwe bw'ibihugu by'u Buraya baheruka gufata cyokuvana Indorerezi zabo muri RDC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk'ingungura irimo ubusa, na we yaba afite...

Read moreDetails
Next Post

Abambere mu basirikare ba Kenya bari mu butumwa bw'amahoro mu Burasirazuba bwa RDC baratangira kuva i Goma uy'umunsi.

Comments 1

  1. Nzayiramya Fidèle says:
    2 years ago

    Gisegeti Niki yizeye kimutera gusuzugura uyumwanya wokwiyamamaza!

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?