• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umusesenguzi w’umunyamulenge, Zachee Byinshi, ngwasanga Kinshasa kuba iyi ntambara iyitirira Wazalendo ngwari amayeri akaze…

minebwenews by minebwenews
October 14, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amayeri Mashya ya Guverinoma ya Kinshasa mukuyobya aba kongo-mani. Ubu n’ubusesenguzi bwakozwe n’umusesenguzi w’umunyamulenge, Zachee Byinshi Masabo, ubwo yaganiraga na Minembwe Capital News.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

“Kinshasa yagiye ikoresha amayeri menshi nimugihe kuri ubu yamaze kwihisha mw’izina rya Wazalendo murwego rwogukorera kampanye perezida Félix Tshisekedi ndetse nogusiba ubwicanyi igisiriare cye cakoreye abaturage mu Mujyi wa Goma, tariki 30 z’ukwezi kwa Munani, uyu mwaka w’ 2023.”

“Ubwo kiriya Gisirikare ca Republika ya Demokarasi ya Congo ( FARDC) bakoraga ubwicanyi mu Mujyi wa Goma, bivugwa ko bahise batakaza amanota mu baturage baturiye i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Amakuru avuga ko bahitanye abaturage basaga 100, ni muri raporo yatanzwe n’ishirahanwe rya Voix de Sans Voix.”

Uyu musesenguzi akomeza ati: “Ibi bigaragaza ko perezida Félix Tshisekedi, ko n’ubwo ingabo ze ziri m’urugamba n’umutwe wa M23 ariko cyane ahangayikishijwe n’amatora ateganijwe kuba muri uyu mwaka. Ibi biri mubituma akoresha aya mayeri ibitero byose bikitirirwa Wazalendo.”

“Aho binemezwa ko aba Wazalendo bamaze guhabwa imyenda ya FARDC n’ibikoresho byinshi bya Gisirikare harimo n’Amafaranga ndetse na ideology yamaze kubokama ikabereka ko Umututsi kwarico kibazo, M’uburasirazuba bwa RDC. Bwana Zachee, asanga ikintu nyamukuru ubutegetsi bwa Kinshasa bushingiyeho arugushaka kwigarurira kandi imitima y’abaturage bo M’uburasirazuba bw’iki gihugu.”

“Ubu butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, kwitirira intambara bahanganyemo na M23 ko ariya Wazalendo ngo n’ugutinya ko ibizangirikira muriyi mirwano bitazaja k’umutwe wa perezida Félix Tshisekedi.”

“Dore ko aba Wazalendo bamaze kwangiriza byinshi ko kandi bakunze kwibasira abo mubwoko bw’Abatutsi. Amazu barasambuye ayandi baratwika ndetse bakanyaga ubutunzi bw’aturage ahanini Inka n’ibindi.”

By Bruce Bahanda.

Tags: Asanga Kinshasa kuba yitirira iy'intambara Wazalendo ngwari amayeri akaze...Umusesenguzi w'umunyamulenge Zachee Byinshi Masabo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Intambara yanone kuwa 6 ngo ntiyigeze ihira FARDC n'abambari babo n'imugihe byarangiye bahungiye muri Parike ya Nyamuragira.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?