• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umusirikare mu ngabo z’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yishe mugenzi we amuhoye telefone ngendanwa.

minebwenews by minebwenews
May 22, 2024
in World News
0
Umusirikare mu ngabo z’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yishe mugenzi we amuhoye telefone ngendanwa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umusirikare mu ngabo z’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yishe mugenzi we amuhoye telefone ngendanwa.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Ni byabaye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 21/05/2024, bibera mu gace gaherereye i Bunia ho mu mujyi w’i Ntara ya Ituri, mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya RDC.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko aya mahano yabereye mu mujyi rwagati, mu gace kitwa neza ONC, ahari zone ikorerwamo ibikorwa by’ingabo za FARDC ko muri Komine ya Mbunya.

Uyu musirikare yamaze kwica mugenzi we amurashe nawe ahita yirasa arapfa.

Nk’uko iyi nkuru yatangajwe na komiseri mukuru, wo muri ibyo bice, Abeli Mwangu Gerad, yavuze ko umusirikare wa FARDC ufite ipeti rya Oldat deuxième classe, Kalema, wakoze ubwo bwicanyi, yarashe yegereye uwo mugenzi we kubera ikibazo cya telefone yari yabuze.

Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashizwe hanze n’ubuyobozi bw’Ingabo muri ibyo bice, rigira riti: “Uwarashe ni Kalema wo mu mutwe wa PM (Polisi ya gisirikare). Aho akorera habuze telefone ya premier sergeant-major Stéphane usanzwe ari pasteri unagemurira uyu mutwe.

Umuyobozi wa stasiyo kugira ngo abone igisubizo yafashe telephone ya 2è class Kalema, ahita arakara aba rinabwo yahise arasa premier sergeant-major Stéphane arapfa.

Nyuma haje kuba urufaya rwa masasu rwasize rukomerekeje abandi basirikare babiri, Kalema nawe abona kwiyahura abonye ko bikomeye.

Ibi kandi ngo byatumye haba ihungabana ridasanzwe hagati mu baturage baturiye ibyo bice. Gusa kuri ubu polisi yahamagariye abantu gutekana, kandi ihangurira abantu kuja mu bikorwa bisanzwe.

                MCN.
Tags: Nawe arirasaUmusirikare wa FARDCYarashe mugenzi we
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Abategetsi ba komeye bo muri leta ya Israel, basohorewe impapuro zo kubata muri yombi.

Abategetsi ba komeye bo muri leta ya Israel, basohorewe impapuro zo kubata muri yombi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?