• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umusirikare uri mu barinda perezida Tshisekedi yafashwe yiba.

minebwenews by minebwenews
January 20, 2025
in Regional Politics
0
Umusirikare uri mu barinda perezida Tshisekedi yafashwe yiba.
102
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umusirikare uri mu barinda perezida Tshisekedi yafashwe yiba.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Umusirikare wo mu ngabo zirinda perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi yafatiwe mu rusengero ruherereye i Lubumbashi arimo kwiba, nk’uko amasoko yacu abivuga.

Ku cyumweru ejo hashize, ni bwo uriya musirikare yafatiwe mu rusengero yibye Telefone.

Bivugwa ko Urusengero yibiyemo ruherereye muri Quartier ya Likasi yo mu mujyi w’i Lubumbashi.

Mu mashusho yagiye hanze agaragaza ko yibye telefone ya smart phone, ikaba yari iya pasiteri mukuru w’urwo rusengero yibiyemo.

Abakiristo b’urwo rusengero nibo bahise bamufata, bahita banamuhambira amaguru n’amaboko, ubundi batangira ku muhata ibibazo ari nako bamukubita ibiti n’inshyi nyinshi.

Ubwo bamuhataga ibibazo hari aho yashubije ko we ari uwo muri batayo ya kabiri yo mu ngabo z’irinda perezida Félix Tshisekedi ziherereye i Lubumbashi.

Muri aya mashusho, nta peta igaragara yambaye kurutugu rwe, ariko bamwe mu basirikare bamuzi bavuze ko ari Lieutenant.

Nyuma kandi bariya ba kristo, bongeye kumuhambira bundi bushya, ni mu gihe bafashe amaboko bayahambirira ku giti hejuru gishize, amaguru nayo aja hasi; ubwo ba mukubitaguraga inshyi n’ibiti ndetse n’ibipasu barimo banamubwira ko atari umwibyi gusa hubwo ko ari n’umwicyanyi.

Si igishyitsi gufata umusirikare wa Leta ya Kinshasa yiba, mu bihe byinshi barafatwa haba i Kinshasa, Goma na Bukavu n’ahandi.

Ahanini abasirikare ba Congo, biba kumpamvu zuko badahemberwa ku gihe, nk’uko byagiye bivugwa n’abasirikare benshi bafashwe biba mu bihe bitandukanye.

Tags: LubumbashiMu rusengeroTshisekediumusirikareYibye
Share41Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
I Sake habyukiye urugamba rukomeye hagati ya M23 na FARDC.

I Sake habyukiye urugamba rukomeye hagati ya M23 na FARDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?