• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umusirikare wa Fardc mukuru uregwa icyaha cyo guhamba abantu ari bazima mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yakatiwe urwo gupfa.

minebwenews by minebwenews
March 3, 2024
in Regional Politics
1
Umusirikare wa Fardc mukuru uregwa icyaha cyo guhamba abantu ari bazima mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yakatiwe urwo gupfa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Urukiko rwa gisirikare rwo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, rwa katiye Colonel Dogmatisa Paluku, urwo gupfa.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni ku itariki ya 28/02/2024, ruriya rukiko rwa gisirikare rwafashe umwanzuro wa nyuma wo guhana uriya musirikare ufite ipeti rya Colonel wo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo. Rumuhamya ibyaha byo mu ntambara n’ubwicanyi ndengakamere.

Ruriya rukiko ruvuga ko mu mwaka w ‘ 2021 ko Colonel Dogmatisa Paluku, yahambiriye abarwanyi babiri bo mu mutwe wa APLCS abahamba mu cyobo yari yacukuye ba bona.

Ubu bwicanyi bwamaganywe n’abantu benshi muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, ahanini abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa bavuga ko amabwiriza yo kwica yaturutse munzego zo hejuru.

Uyu musirikare wakatiwe igihano cy’u rupfu yari asanzwe ari umuyobozi wa kabiri ushinzwe ibikorwa by’i ngabo za Regima 3410 ifite icyicaro muri centre ya Masisi(kw’i zone), mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Urukiko rwacukuye imirambo y’abishwe n’uwo musirikare mukuru hagamijwe iperereza, nyuma baza gushingurwa mu cyubahiro.

Igihano cy’u rupfu mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo n’ubwo kigitangwa n’inkiko ntabwo gishirwa mu bikorwa, ahubwo uwagihawe afungwa ubuzima bwe bwose.

                MCN.
Tags: Col.fardcUrukikoYaciriwe urwo gupfa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Evariste Ndayishimiye, yabwiye aburundi ko igihugu cyabo ari yo Edeni yanditswe muri Bibiliya, asobanura impamvu bo batabyumva.

Perezida Evariste Ndayishimiye, yabwiye aburundi ko igihugu cyabo ari yo Edeni yanditswe muri Bibiliya, asobanura impamvu bo batabyumva.

Comments 1

  1. Butoto Bernard says:
    2 years ago

    Nibyo rwose.Igihano gikwiriye umugome nk’uyu ni icyo gufungwa unuzima bwe bwose.
    Gusa bakomereze aho na Gén Muhima ashikirizwe ubutabera kubera abadamu b’abanyamulenge yicishije mu Minembwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?