• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 13, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umusirikare wa leta ya Kinshasa ufite ipeti rya Lt Gen yakoze ibigayitse byanatumye hakorwa igisa n’imyigaragambyo.

minebwenews by minebwenews
August 20, 2024
in World News
0
Umusirikare wa leta ya Kinshasa ufite ipeti rya Lt Gen yakoze ibigayitse byanatumye hakorwa igisa n’imyigaragambyo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umusirikare wa leta ya Kinshasa ufite ipeti rya Lt Gen yakoze ibigayitse byanatumye hakorwa igisa n’imyigaragambyo.

You might also like

Umwe mu Bayobozi Bakuru ba Iran Yandikiye Papa Leo XIV Amusaba Ubufasha mu Guhagarika Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati

Mojtaba Khamenei wa Iran Yaburiye Amerika na Israel ko Bazabazwa Intambara Barimo Kugaba ku Gihugu Cye

Perezida Trump Yatangaje ko Intambara iri muri Iran Ishobora Kurangira Vuba, Tehran Ishimangira ko Igihe Izarangirira Atari we Ukigena

Ni Lt Gen Jean Claude Kifwa, komanda wa base ya Kamina mu cyahoze cyitwa Katanga, niwe wakubitaguye umu avocat amusiga intera, nyuma yuko uyu musirikare yari yasinze.

Ahagana mu masaha yo ku gicamunsi cyo ku Cyumweru tariki ya 18/08/2024, Gen Kifwa yanyoye inzoga, aho zasize yasinze bikomeye zinatuma ubwo yahuraga n’umugabo usanzwe akora akazi k’ubu avocat muri ibi bice byo muri Kamina , amuteza abasirikare be bamuha ibiti ari nako bamuteragura imigeri, kugeza abaye indembe.

Nyuma uyu mu avocat yaje kujanwa mu bitaro biherereye muri ibyo bice, kugira ngo yitabweho.

Mu butumwa bwa mashusho bwagiye hanze, bugaragaza na Lt Gen Kifwa ubwe, arimo guteragura ingumu n’imigeri uriya mu avovat, ndetse kugeza nubwo yatse abasirikare be imbunda atangira kurasagura amasasu mu kirere hejuru.

Aya mashusho kandi anagaragaza uyu mu avocat arimo gukurubanwa hasi mu muhanda, ari na ko agenda avuza induru.

Ibi byatumye aba avocat bo muri ibyo bice, mu gitondo cyo ku wa mbere tariki ya 19/08/2024, bazindukira ku biro bya Lt Gen Kifwa biherereye muri aka gace ka Kamina. Gusa nta byinshi uru rugaga rw’abavocata bavuze, usibye ko basabye uyu musirikare kuvuza mugenzi wabo, ndetse kandi basaba ubutabera gukurikirana Lt Gen Kifwa.

Aka gace ka Kamina ni kamwe mu duce tugize intara ya Haut-Lomami mu cyahoze cyitwa Katanga.

Nubwo iki gikorwa kigayitse, cyakozwe n’umusirikare uri ku rwego rukomeye, ariko abasirikare ba leta ya Kinshasa bakunze guhohotera abaturage b’iki gihugu, kandi bakabikora nk’umuco wabo.

            MCN.
Tags: Lt Gen Jean Claude KifwaYakoze
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Umwe mu Bayobozi Bakuru ba Iran Yandikiye Papa Leo XIV Amusaba Ubufasha mu Guhagarika Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati

by Bahanda Bruce
March 13, 2026
0
Umwe mu Bayobozi Bakuru ba Iran Yandikiye Papa Leo XIV Amusaba Ubufasha mu Guhagarika Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati

Umwe mu Bayobozi Bakuru ba Iran Yandikiye Papa Leo XIV Amusaba Ubufasha mu Guhagarika Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati Mu gihe amakimbirane ya gisirikare hagati ya Iran, Israel,...

Read moreDetails

Mojtaba Khamenei wa Iran Yaburiye Amerika na Israel ko Bazabazwa Intambara Barimo Kugaba ku Gihugu Cye

by Bahanda Bruce
March 13, 2026
0
Mojtaba Khamenei wa Iran Yaburiye Amerika na Israel ko Bazabazwa Intambara Barimo Kugaba ku Gihugu Cye

Mojtaba Khamenei wa Iran Yaburiye Amerika na Israel ko Bazabazwa Intambara Barimo Kugaba ku Gihugu Cye Umuyobozi w’Ikirenga mushya wa Iran, Mojtaba Khamenei, yatangaje ko igihugu cye kizishyuza...

Read moreDetails

Perezida Trump Yatangaje ko Intambara iri muri Iran Ishobora Kurangira Vuba, Tehran Ishimangira ko Igihe Izarangirira Atari we Ukigena

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
Perezida Trump Yatangaje ko Intambara iri muri Iran Ishobora Kurangira Vuba, Tehran Ishimangira ko Igihe Izarangirira Atari we Ukigena

Perezida Trump Yatangaje ko Intambara iri muri Iran Ishobora Kurangira Vuba, Tehran Ishimangira ko Igihe Izarangirira Atari we Ukigena Mu gihe amakimbirane akomeye akomeje kuzahaza akarere k’Uburasirazuba bwo...

Read moreDetails

Igitero cy’Indege za Israel i Tehran Cyavuzweho Gukora ku Biro bya Koreya ya Ruguru

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Igitero cy’Indege za Israel i Tehran Cyavuzweho Gukora ku Biro bya Koreya ya Ruguru

Igitero cy’Indege za Israel i Tehran Cyavuzweho Gukora ku Biro bya Koreya ya Ruguru Mu gihe amakimbirane akomeje gukaza umurego hagati ya Iran, Leta Zunze Ubumwe za Amerika...

Read moreDetails

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byatangiye Gutabara Abagenzi Bari Baheze mu Burasirazuba bwo Hagati

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibihugu Bikomeye ku Isi Byatangiye Gutabara Abagenzi Bari Baheze mu Burasirazuba bwo Hagati

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byatangiye Gutabara Abagenzi Bari Baheze mu Burasirazuba bwo Hagati Mu gihe umutekano ukomeje guhungabana mu karere k’U burasirazuba bwo Hagati, ibihugu byinshi ku isi...

Read moreDetails
Next Post
Umuvugizi w’u Rwanda yagize ibindi avuga kuri FDLR yahawe icumbi ku butaka bwa RDC.

Umuvugizi w'u Rwanda yagize ibindi avuga kuri FDLR yahawe icumbi ku butaka bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?