• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umusirikare wa leta ya Kinshasa ufite ipeti rya Lt Gen yakoze ibigayitse byanatumye hakorwa igisa n’imyigaragambyo.

minebwenews by minebwenews
August 20, 2024
in World News
0
Umusirikare wa leta ya Kinshasa ufite ipeti rya Lt Gen yakoze ibigayitse byanatumye hakorwa igisa n’imyigaragambyo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umusirikare wa leta ya Kinshasa ufite ipeti rya Lt Gen yakoze ibigayitse byanatumye hakorwa igisa n’imyigaragambyo.

You might also like

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Ni Lt Gen Jean Claude Kifwa, komanda wa base ya Kamina mu cyahoze cyitwa Katanga, niwe wakubitaguye umu avocat amusiga intera, nyuma yuko uyu musirikare yari yasinze.

Ahagana mu masaha yo ku gicamunsi cyo ku Cyumweru tariki ya 18/08/2024, Gen Kifwa yanyoye inzoga, aho zasize yasinze bikomeye zinatuma ubwo yahuraga n’umugabo usanzwe akora akazi k’ubu avocat muri ibi bice byo muri Kamina , amuteza abasirikare be bamuha ibiti ari nako bamuteragura imigeri, kugeza abaye indembe.

Nyuma uyu mu avocat yaje kujanwa mu bitaro biherereye muri ibyo bice, kugira ngo yitabweho.

Mu butumwa bwa mashusho bwagiye hanze, bugaragaza na Lt Gen Kifwa ubwe, arimo guteragura ingumu n’imigeri uriya mu avovat, ndetse kugeza nubwo yatse abasirikare be imbunda atangira kurasagura amasasu mu kirere hejuru.

Aya mashusho kandi anagaragaza uyu mu avocat arimo gukurubanwa hasi mu muhanda, ari na ko agenda avuza induru.

Ibi byatumye aba avocat bo muri ibyo bice, mu gitondo cyo ku wa mbere tariki ya 19/08/2024, bazindukira ku biro bya Lt Gen Kifwa biherereye muri aka gace ka Kamina. Gusa nta byinshi uru rugaga rw’abavocata bavuze, usibye ko basabye uyu musirikare kuvuza mugenzi wabo, ndetse kandi basaba ubutabera gukurikirana Lt Gen Kifwa.

Aka gace ka Kamina ni kamwe mu duce tugize intara ya Haut-Lomami mu cyahoze cyitwa Katanga.

Nubwo iki gikorwa kigayitse, cyakozwe n’umusirikare uri ku rwego rukomeye, ariko abasirikare ba leta ya Kinshasa bakunze guhohotera abaturage b’iki gihugu, kandi bakabikora nk’umuco wabo.

            MCN.
Tags: Lt Gen Jean Claude KifwaYakoze
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas Ingabo za Israel zakoze igitero gikomeye cyumvikanyemo iturika ridasanzwe, aho zakigabye i Doha muri Qatar ahari intumwa z'umutwe...

Read moreDetails

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails
Next Post
Umuvugizi w’u Rwanda yagize ibindi avuga kuri FDLR yahawe icumbi ku butaka bwa RDC.

Umuvugizi w'u Rwanda yagize ibindi avuga kuri FDLR yahawe icumbi ku butaka bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?