Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umusirikare w’u Burundi ufite ipeti rya Colonel wanze kurwanya M23 yambuwe iryo peti arangije arafungwa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 12, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mubasirikare b’u Burundi ufite ipeti rya Colonel yambuwe iryo peti azirako yanze kuja kurwana muri Republika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Nk’uko byavuzwe uwo musirikare azwi kw’izina rya Colonel Lino. Amakuru dukesha urubuga rwa King Burundi, rwatangaje ko uriya musirikare Colonel Lino, kuri uyu wa Gatanu, tariki 10/11/2023, ko yariyateguwe kuyobora ingabo z’u Burundi zarimo zoherezwa muri RDC kuja kurwanya Inyeshamba zo mu mutwe wa M23.

Ruriya Rubuga rwakomeje rutangaza ko ziriya Ngabo z’u Burundi zoherezwaga k’ubutaka bwa Congo Kinshasa kurwanya umutwe wa M23 bari bavanwe mw’ikambi y’igisikare irahitwa mu Ntara ya Cyibitoki.

Aho byanavuzwe ko hariya mu Cyibitoki, kuri ubu hacyunzwe cane kumpamvu z’uko ariho igisirikare c’u Burundi gikomeza kwegeranyiriza abasirikare babo bashaka kwambutsa muri RDC kurwanya M23. Gusa abenshi ngo bakomeje gucika nimugihe banga kuja kurwanya umutwe w’inyeshamba wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa.

Iy’inkuru yakomeje ihamya ko uriya musirikare Colonel Lino, ubwo yaramaze kwanga kuja kuyobora ingabo z’u Burundi zoherejwe muri RDC kurwanya M23 igisirikare ko cyahise kimufunga nyuma y’uko bari bamaze kumukuraho ipeti rya Colonel.

Abasirikare b’u Burundi bari muri Republika ya Demokarasi ya Congo, ba barizwa mubice bitatu (3): hariho abasoda bariyo ku bw’amasezerano yabaye hagati ya Perezida Ndayishimiye na Perezida Félix Tshisekedi. Abo bagize ingabo bita TAFOC (Task Force). Bakaba bagizwe n’ama Batayo Atanu(5).

Batayo zibiri ziri muri Kivu yamajy’Epfo, mu misozi miremire y’Imulenge (Hauts Plateaux) abandi bari mukibaya cya Rusizi, bambaye umwambaro w’igisirikare c’u Burundi. Bitwa ko bari kurwanya Red-Tabara na FNL ya Gen Aloys Nzabampema.

Izindi Batayo zitatu ziri muri Kivu y’Amajyaruguru. Abo nabo bambaye umwambaro w’ingabo za Congo( FARDC), abarero nibo bakorana n’imitwe y’itwaje imbunda ifasha FARDC kurwanya M23.

Hari n’ababarizwa mu ngabo z’umuryango wa Afrika y’iburasirazuba (EAC). Izo ngabo bazita EACRF.

By Bruce Bahanda.

Tags: Umusirikare w'u Burundi wanze kurwanya M23 yafunzwe yanburwa ni peti rya Colonel
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Major Gen Christian Ndaywel, ushinjwa urupfu rwa Depite Cherubin Okende, yashinjwe n'ubwenegihugu bw'u bubiligi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?