• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 18, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umusore Umwe Wo Muri Peru, Yafatanwe Umurambo Wakera, Awugendana Mugikapu Cye.

minebwenews by minebwenews
May 27, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Polisi yo mugihugu cya Peru, yavumbuye ikintu kidasanzwe nyuma yogufata umugenzi warufite ibintu bya magendu, yafashwe mugihe yari yasinze ibiyobyabwenge aho nimugace ka Puno.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Icyabonetse mu gikapu cyuwo mugenzi ni umurambo wagaragara gako ari uwomugihe cya kera.

Uyu mugabo yavuze ko ahora aryamana hamwe n’uwo murambo womugihe cya kera ariko uwo murambo wagaragara gako uziritse cyane imbere mugikapu kandi awufata kimwe nu “Umugeni wo mumwaka.”

Ibisigazwa by’intumbi mu gikapu cye yabigandanye kugura ngo yereke inshuti ze ibyahoramo.

Yasobanuye ko yabanaga niyo ntumbi uwo yitaga “Juanita,” yahoraga awubika mu isanduku iri mu cyumba cye, iruhande rwa televiziyo.

Yongeyeho ko ari iya se, atavuze uko byaje mu maboko ye.

Impuguke zagenzuye ukuri kuwo murambo womugihe cya kera bemeje ko yoba yarahambwe hagati y’imyaka 600 na 800 kandi ko yari umugabo ukuze utari umukobwa, nkuko uyu musore yabivuze.
Harahandi bavuze ko yoba yarapfuye mumyaka 30 ishize.

Bivugwa ko uyu mugabo wapfuye yari afite imyaka irenga 45 kandi afite uburebure bwa metero 1.51.

Uyu murambo wari uzingiye mu bitambaro, ukaba wari warashyinguwe mbere yuko aba Espania bigarurira ahomuri ako gace.

Muricyo gihe imirambo yakorwaga mumico itandukanye muri Peru.

Imirambo imwe yarashyingugwaga, ariko indi barayizengurukanaga mu mihanda ndetse bakaba bonayerekana mu birori bikuru nkibintu byokwiratana imbaraga.

Iki gikorwa gishobora kuba icyaha, gusa
Polisi, ikimara gufata uwo murambo yahise iwushikiriza Minisiteri w’umuco wo mugihugu cya Peru.

Nk’uko ibitangazamakuru byaho bibitangaza ngo ibi byavumbuwe byabaye ku wa gatandatu ushize mu gace ka Puno homuri Peru, aho bamwe mu bapolisi bakoraga irondo risanzwe maze bahura n’abagabo batatu banywa inzoga, umwe muri bo afite agasanduku kagomba gutangwa na sosiyete “Pedidos Of”.

Uyu mugabo wari utwaye umurambo n’inshuti ze zibiri ( 2), bari hagati y’imyaka 23 na 26, kurubu bari mumaboko ya Polisi barimo gukorwaho iperereza ku byaha byisweko byibasiye umurage ndangamuco wa Peru.

Nk’uko amakuru yatangajwe muri El Comercio, avuga ko ngo uwo wafatanwe Umurambo ashobora guhabwa igihano kiri hagati y’imyaka 2 ni 5.

Umurambo bigaragara ko ukomoka mu karere ka Patambuco, mugace ka Sandia.

Nanone bikavugwa ko kandi uwo murambo bigeze kuwuha abakora munzu ndangamurage ya Puno kugira ngo babone amafaranga runaka ariko ntibayahabwa.

Iyinkuru tuyikesha Reuters.

Tags: MugikapuPeruUmurambo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

FBI, Yahishuye Uburyo Umwamikazi Élisabeth Wa II, Yahushijwe Kwcwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?