• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, April 6, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Umutekano wagarutse mu misozi y’i Mulenge nyuma yaho Twirwaneho ikubise ahababaza Ingabo z’u Burundi n’iza RDC

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 7, 2025
in Conflict & Security
0
Umutekano wagarutse mu misozi y’i Mulenge nyuma yaho Twirwaneho ikubise ahababaza Ingabo z’u Burundi n’iza RDC
93
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutekano wagarutse mu misozi y’i Mulenge nyuma yaho Twirwaneho ikubise ahababaza Ingabo z’u Burundi n’iza RDC

You might also like

Amoko na Politiki muri RDC: Uko “Ikibazo cy’Abaluba” Kigaragaza Intege nke z’Ubutegetsi

Perezida Tshisekedi Yongeye Gutanga Amagambo Akanganye ku Ntambara iri mu Burasirazuba bwa RDC

I Mulenge: Mu Munsi Umwe, FARDC n’Ingabo z’u Burundi Zakubitiwe mu Bice Byinshi

Umutekano watangiye kugaruka mu misozi y’i Mulenge, muri Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’imirwano ikaze imaze iminsi hagati y’umutwe wa Twirwaneho n’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zifatanyije n’iz’u Burundi, ndetse n’indi mitwe yitwaje intwaro irimo Wazalendo na FDLR.

Iyo mirwano yatangiye ku mugoroba wo ku wa kabiri, tariki ya 4 /11/ 2025, ubwo ingabo za Leta zashotoye abarwanyi ba Twirwaneho mu nkengero za centre ya Minembwe. Ibyakurikiyeho ni urugamba rukomeye rwamaze iminsi itatu, rwaje kurangira Twirwaneho yigaruriye ibirindiro by’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta.

Ibirindiro birimo Rwitsankuku, Bicumbi na Marunde byafashwe n’umutwe wa Twirwaneho, ndetse amakuru aturuka mu baturage b’aho avuga ko n’ibirindiro bikomeye bya Point-Zero, ingabo za FARDC n’iza Burundi mu ijoro ryo ku wa kane zabitaye zirahunga.

Hari andi makuru ataremezwa ku mugaragaro avuga ko ibirindiro bya Birarombili na byo byashenywe n’izo ngabo, nyuma yo gutoroka urugamba. Mu mashusho yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga, hagaragaramo abarwanyi ba Twirwaneho barimo kwerekana intwaro nyinshi bavuga ko bazambuye izo ngabo, harimo imbunda ziremereye za twelve n’amasasu menshi.

Tags: BicumbiFardcI MulengeIngabo z'u BurundiRwitsankukuUmutekano
Share37Tweet23Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Amoko na Politiki muri RDC: Uko “Ikibazo cy’Abaluba” Kigaragaza Intege nke z’Ubutegetsi

by Bahanda Bruce
April 6, 2026
0
Amoko na Politiki muri RDC: Uko “Ikibazo cy’Abaluba” Kigaragaza Intege nke z’Ubutegetsi

Amoko na Politiki muri RDC: Uko “Ikibazo cy’Abaluba” Kigaragaza Intege nke z’Ubutegetsi Ikiganiro cyatejwe n’umunyapolitiki Tata Nlongi Bia Titudes ku birebana n’icyiswe “ikibazo cy’Abaluba” mu gihugu cya Repubulika...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi Yongeye Gutanga Amagambo Akanganye ku Ntambara iri mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
April 6, 2026
0
Perezida Tshisekedi Yongeye Gutanga Amagambo Akanganye ku Ntambara iri mu Burasirazuba bwa RDC

Perezida Tshisekedi Yongeye Gutanga Amagambo Akanganye ku Ntambara iri mu Burasirazuba bwa RDC Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) ikomeje guhangana n’umutekano muke mu burasirazuba bwayo,...

Read moreDetails

I Mulenge: Mu Munsi Umwe, FARDC n’Ingabo z’u Burundi Zakubitiwe mu Bice Byinshi

by Bahanda Bruce
April 6, 2026
0
Ibitero Bikomeye by’Ihuriro ry’Ingabo za Leta ya RDC byibasiye Abaturage b’i Ndondo

I Mulenge: Mu Munsi Umwe, FARDC n’Ingabo z’u Burundi Zakubitiwe mu Bice Byinshi Mu gihe umutekano ukomeje kuzamba mu misozi miremire y’i Mulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo...

Read moreDetails

“A History of Suffering and Isolation: An In-Depth Analysis of the Challenges Facing the Banyamulenge”

by Bahanda Bruce
April 6, 2026
0
“A History of Suffering and Isolation: An In-Depth Analysis of the Challenges Facing the Banyamulenge”

“A History of Suffering and Isolation: An In-Depth Analysis of the Challenges Facing the Banyamulenge” In a detailed analysis conducted by analyst Girinka Kabare William, he revisits the...

Read moreDetails

“Amateka y’Akababaro n’Ubwigunge: Isesengura ryimbitse ku bibazo byugarije Abanyamulenge”

by Bahanda Bruce
April 6, 2026
0
FARDC and Burundian Forces in a Major Plan to Reshape the Mulenge Region and Retake Minembwe

“Amateka y’Akababaro n’Ubwigunge: Isesengura ryimbitse ku bibazo byugarije Abanyamulenge” Mu isesengura ryimbitse ryakozwe n’umusesenguzi Girinka Kabare William, yagarutse ku mateka maremare y’ibibazo byugarije Abanyamulenge, by’umwihariko ashingira ku ruhare...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 yagaragarije amahanga amarorerwa akorwa n’Ingabo za RDC inayerurira icyo yiyemeje

AFC/M23 yagaragarije amahanga amarorerwa akorwa n'Ingabo za RDC inayerurira icyo yiyemeje

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?