• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umutekano warushijeho kuzamba mu bice biherereye i Goma mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

minebwenews by minebwenews
July 17, 2024
in Regional Politics
0
Umutekano warushijeho kuzamba mu bice biherereye i Goma mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutekano warushijeho kuzamba mu bice biherereye i Goma mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Irijoro rya keye rishira kuri uyu wa Gatatu tariki ya 17/07/2024, abantu batatu bishwe abandi babiri barakomereka bikabije, bya bereye mu gace ka Tulungu ho muri Kinigi, teritware ya Nyiragongo ipakanye n’umujyi wa Goma uzwi nk’u murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu Yaruguru.

Nk’uko iyi nkuru yemejwe n’umuyobozi mukuru wa Sosiyete sivile ya Kinigi, yavuze ko abatutu bapfuye ari umugabo n’umugore we ndetse n’umwana wabo, mu gihe abandi babiri bo muri uwo muryango bakomeretse bikabije, ariko bakaba bakirimo kwitabwaho mu bitaro biherereye aho hafi.

Uyu muyobozi wa Sosiyete sivile, bwana Trésor Masiya, yanavuze ko aba bantu bapfuye bo mu muryango umwe, bishwe n’abantu baje bitwaje intwaro kandi ko babikoze muri iri joro ryakeye igihe c’amasaha akuze.

Gusa avuga ko abakoze ayo mabi, kugeza ubu bataramenyekana, ariko ko bari bambaye imyambaro y’igisikare cya FARDC kandi ko barimo bavuga ururimi rw’iringala.

Yanavuze kandi ko ubu bugizi bwa nabi buhoraho ko ndetse no mu ijoro ryo ku wa Mbere buca ari ku wa Kabiri muri ibyo bice harashwe imbunda, ariko bikaza kurangira abaturage bibwe ibintu byabo.

Ubu bwicanyi bukorerwa abasivile bwatumye abaturage baturiye ibyo bice bazindukira mu myigaragabyo, aho bafunze umuhanda wo Kurijiwe. Nta modoka nimwe iri kurengana aha.

Kuko abaturage mu gufunga uwo muhanda bakoresheje amabuye, bafataga amabuye bakayarambika hagati mu muhanda.

Gusa abapolisi bagerageje guhoshya iyo myigaragabyo ariko biranga biba ibamba. Abari muri iyi myigaragabyo barasaba leta kubashakira umutekano kandi bari gushinja Wazalendo kuba ari bo banyiribayazana w’ubwicanyi bukorerwa abasivile.

           MCN.
Tags: Abantu batatu bishweKinigiNyiragongoTulungu
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Impanuka idasanzwe yahitanye abantu benshi abandi barakomereka, muri Kivu y’Amajy’epfo.

Impanuka idasanzwe yahitanye abantu benshi abandi barakomereka, muri Kivu y'Amajy'epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?