Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umutekano warushijeho kuzamba mu bice biherereye i Goma mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 17, 2024
in Regional Politics
0
Umutekano warushijeho kuzamba mu bice biherereye i Goma mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutekano warushijeho kuzamba mu bice biherereye i Goma mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Irijoro rya keye rishira kuri uyu wa Gatatu tariki ya 17/07/2024, abantu batatu bishwe abandi babiri barakomereka bikabije, bya bereye mu gace ka Tulungu ho muri Kinigi, teritware ya Nyiragongo ipakanye n’umujyi wa Goma uzwi nk’u murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu Yaruguru.

Nk’uko iyi nkuru yemejwe n’umuyobozi mukuru wa Sosiyete sivile ya Kinigi, yavuze ko abatutu bapfuye ari umugabo n’umugore we ndetse n’umwana wabo, mu gihe abandi babiri bo muri uwo muryango bakomeretse bikabije, ariko bakaba bakirimo kwitabwaho mu bitaro biherereye aho hafi.

Uyu muyobozi wa Sosiyete sivile, bwana Trésor Masiya, yanavuze ko aba bantu bapfuye bo mu muryango umwe, bishwe n’abantu baje bitwaje intwaro kandi ko babikoze muri iri joro ryakeye igihe c’amasaha akuze.

Gusa avuga ko abakoze ayo mabi, kugeza ubu bataramenyekana, ariko ko bari bambaye imyambaro y’igisikare cya FARDC kandi ko barimo bavuga ururimi rw’iringala.

Yanavuze kandi ko ubu bugizi bwa nabi buhoraho ko ndetse no mu ijoro ryo ku wa Mbere buca ari ku wa Kabiri muri ibyo bice harashwe imbunda, ariko bikaza kurangira abaturage bibwe ibintu byabo.

Ubu bwicanyi bukorerwa abasivile bwatumye abaturage baturiye ibyo bice bazindukira mu myigaragabyo, aho bafunze umuhanda wo Kurijiwe. Nta modoka nimwe iri kurengana aha.

Kuko abaturage mu gufunga uwo muhanda bakoresheje amabuye, bafataga amabuye bakayarambika hagati mu muhanda.

Gusa abapolisi bagerageje guhoshya iyo myigaragabyo ariko biranga biba ibamba. Abari muri iyi myigaragabyo barasaba leta kubashakira umutekano kandi bari gushinja Wazalendo kuba ari bo banyiribayazana w’ubwicanyi bukorerwa abasivile.

           MCN.
Tags: Abantu batatu bishweKinigiNyiragongoTulungu
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Impanuka idasanzwe yahitanye abantu benshi abandi barakomereka, muri Kivu y’Amajy’epfo.

Impanuka idasanzwe yahitanye abantu benshi abandi barakomereka, muri Kivu y'Amajy'epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?