• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umutwe wa Hamas wagabye igitero cyabaye icya mbere gihitanye abasirikare benshi ba Israel kuva iyi ntambara yubura.

minebwenews by minebwenews
June 16, 2024
in Regional Politics
0
Umutwe wa Hamas wagabye igitero cyabaye icya mbere gihitanye abasirikare benshi ba Israel kuva iyi ntambara yubura.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe wa Hamas wagabye igitero cyabaye icya mbere gihitanye abasirikare benshi ba Israel kuva iyi ntambara yubura, hagati y’impande zombi zihanganye kuva umwaka ushize.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nibikubiye mu itangazo igisirikare cya Israel (IDF) cyashize hanze kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 15/06/2024 aho iryo tangazo rivuga ko abasirikare bayo 7 biciwe mu gitero bagabweho n’umutwe wa Hamas mu majyepfo y’i Ntara ya Gaza muri Palestini.

Muri iryo tangazo rya IDF rimenyesha ko iki gitero bagabweho n’umutwe wa Hamas ari cyo gitero cya hitanye abasirikare bayo benshi kuva ku cyabaye ku itariki ya 07/10/2023, ubwo Hamas yagabaga igitero gikarishye muri Israel kigahitana abaturage benshi ba Israel.

Iri tangazo kandi rivuga ko igisirikare cya Israel ko kirimo kwiga ibiri buze gukurikiraho nyuma y’uko umutwe wa Hamas wabiciye abasirikare bayo barindwi.

Gusa, mbere y’uko igisirikare cya Israel gitangaje ibi, itsinda ry’umutwe wa Hamas rya Al Qassam, ryari ryagabye igitero gikomeye ku mudoka z’abanzi babo zikorera muri Tal Al-Sulatan ha herereye mu Burengerazuba bw’u mujyi wa Rafah.

Uyu mutwe wa barwanyi ba Hamas wanavuze ko wibasiye imodoka ya gisirikare ya Israel, nyuma ngo ikaza gufatwa n’umuriro wishye abarimo abandi benshi bakomeretse. Nyuma ingabo zu butabazi zo muri Hamas zaje kuhagoboka ari nabwo ngo aba barwanyi ba Hamas bahise bica umushoferi n’abandi basirikare bari kumwe. Ariko nta mubare aba barwanyi ba Hamas batangaje w’Ingabo za Israel wahitanye.

Minisitiri w’ubanyi n’amahanga wa Israel, Katz yavuze ko kuri uyu wa Gatandatu wari umunsi utari woroshye.

Akoresheje urubuga rwa x, yagize ati: “Abahungu umunani bacu beza, biciwe i Rafah, gusa bakoresheje umwanya wabo neza aho bari barwanye bakoresheje ubutwari bwabo binjira mu Ntara ya Gaza mu butumwa barimo bwo gusenya umutwe wa Hamas no kubohora abaturage ba Israel abafashwe bugwate.”

Ibi bibaye mu gihe igisirikare cya Israel cyarimo kigerageza kwinjira i Rafah, ni mu gihe kandi ibitero by’i ndege, ndetse n’intambara yo hasi byatangiye igihe c’isaha z’igitondo cyakare cyo kuri uyu wa Gatandatu.

Ahmed Radwan, ushinzwe itangaza makuru muri Rafah, Civil Defence, yavuze ko bakiriye ubusabe bubasaba kuja gukusanya imirambo n’abakomeretse, ariko ko byari bigoye ko abashinzwe umutekano bagera muri kariya gace.

Ku wa Gatanu, mbere y’uko ibyo bitero biba, Hamas yavuze ko abarwanyi bayo bibasiriye ibi Tanki bya Israel, kandi ko babyibasiriye bakoresheje gutera ibisasu bya grenade byitwa Rocket Propelled(RPGS). Maze igisirikare cya Israel nacyo kivuga ko cyavumbuye inzira yihishye, umutwe wa Hamas wakoreshaga unyuze mu tuyira turi hagati ya mazu.

           MCN.
Tags: 7Abasirikare bayoBishweHamasIsraelRafah
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Perezida w’u Burundi yatunguye Abarundi ubwo yababwiraga ibintu bikomeye bisa nibyo Imana yakoreye Abisrayeli igihe cya Mose.

Perezida w'u Burundi yatunguye Abarundi ubwo yababwiraga ibintu bikomeye bisa nibyo Imana yakoreye Abisrayeli igihe cya Mose.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?