Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umutwe wa Hamas wagabye igitero cyabaye icya mbere gihitanye abasirikare benshi ba Israel kuva iyi ntambara yubura.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 16, 2024
in Regional Politics
0
Umutwe wa Hamas wagabye igitero cyabaye icya mbere gihitanye abasirikare benshi ba Israel kuva iyi ntambara yubura.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe wa Hamas wagabye igitero cyabaye icya mbere gihitanye abasirikare benshi ba Israel kuva iyi ntambara yubura, hagati y’impande zombi zihanganye kuva umwaka ushize.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Nibikubiye mu itangazo igisirikare cya Israel (IDF) cyashize hanze kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 15/06/2024 aho iryo tangazo rivuga ko abasirikare bayo 7 biciwe mu gitero bagabweho n’umutwe wa Hamas mu majyepfo y’i Ntara ya Gaza muri Palestini.

Muri iryo tangazo rya IDF rimenyesha ko iki gitero bagabweho n’umutwe wa Hamas ari cyo gitero cya hitanye abasirikare bayo benshi kuva ku cyabaye ku itariki ya 07/10/2023, ubwo Hamas yagabaga igitero gikarishye muri Israel kigahitana abaturage benshi ba Israel.

Iri tangazo kandi rivuga ko igisirikare cya Israel ko kirimo kwiga ibiri buze gukurikiraho nyuma y’uko umutwe wa Hamas wabiciye abasirikare bayo barindwi.

Gusa, mbere y’uko igisirikare cya Israel gitangaje ibi, itsinda ry’umutwe wa Hamas rya Al Qassam, ryari ryagabye igitero gikomeye ku mudoka z’abanzi babo zikorera muri Tal Al-Sulatan ha herereye mu Burengerazuba bw’u mujyi wa Rafah.

Uyu mutwe wa barwanyi ba Hamas wanavuze ko wibasiye imodoka ya gisirikare ya Israel, nyuma ngo ikaza gufatwa n’umuriro wishye abarimo abandi benshi bakomeretse. Nyuma ingabo zu butabazi zo muri Hamas zaje kuhagoboka ari nabwo ngo aba barwanyi ba Hamas bahise bica umushoferi n’abandi basirikare bari kumwe. Ariko nta mubare aba barwanyi ba Hamas batangaje w’Ingabo za Israel wahitanye.

Minisitiri w’ubanyi n’amahanga wa Israel, Katz yavuze ko kuri uyu wa Gatandatu wari umunsi utari woroshye.

Akoresheje urubuga rwa x, yagize ati: “Abahungu umunani bacu beza, biciwe i Rafah, gusa bakoresheje umwanya wabo neza aho bari barwanye bakoresheje ubutwari bwabo binjira mu Ntara ya Gaza mu butumwa barimo bwo gusenya umutwe wa Hamas no kubohora abaturage ba Israel abafashwe bugwate.”

Ibi bibaye mu gihe igisirikare cya Israel cyarimo kigerageza kwinjira i Rafah, ni mu gihe kandi ibitero by’i ndege, ndetse n’intambara yo hasi byatangiye igihe c’isaha z’igitondo cyakare cyo kuri uyu wa Gatandatu.

Ahmed Radwan, ushinzwe itangaza makuru muri Rafah, Civil Defence, yavuze ko bakiriye ubusabe bubasaba kuja gukusanya imirambo n’abakomeretse, ariko ko byari bigoye ko abashinzwe umutekano bagera muri kariya gace.

Ku wa Gatanu, mbere y’uko ibyo bitero biba, Hamas yavuze ko abarwanyi bayo bibasiriye ibi Tanki bya Israel, kandi ko babyibasiriye bakoresheje gutera ibisasu bya grenade byitwa Rocket Propelled(RPGS). Maze igisirikare cya Israel nacyo kivuga ko cyavumbuye inzira yihishye, umutwe wa Hamas wakoreshaga unyuze mu tuyira turi hagati ya mazu.

           MCN.
Tags: 7Abasirikare bayoBishweHamasIsraelRafah
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Perezida w’u Burundi yatunguye Abarundi ubwo yababwiraga ibintu bikomeye bisa nibyo Imana yakoreye Abisrayeli igihe cya Mose.

Perezida w'u Burundi yatunguye Abarundi ubwo yababwiraga ibintu bikomeye bisa nibyo Imana yakoreye Abisrayeli igihe cya Mose.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?