• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umutwe wa Hezbollah washinjwe gushaka guhitana minisitiri w’intebe wa Israel, Netanyahu.

minebwenews by minebwenews
October 20, 2024
in World News
1
Umutwe wa Hezbollah washinjwe gushaka guhitana minisitiri w’intebe wa Israel, Netanyahu.
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe wa Hezbollah washinjwe gushaka guhitana minisitiri w’intebe wa Israel, Netanyahu.

You might also like

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Ni amakuru yatangajwe na minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu, aho yakoresheje urubuga rwe rwa x avuga ko umutwe wa Hezbollah uheruka gukora igitero kigamije kumwivugana, ubwo uwo mutwe wagabaga igitero ku rugo rwe ukoresheje indege zitagira abapilote(drones).

Isaha z’igitondo cyo kuri uyu wo ku Cyumweru nibwo indege zagaragaye mu kirere ziturutse muri aka gace gaherereyemo urugo rwa Benjamin Netanyahu zikoreye ibisasu.

Amakuru avuga ko zari drones zirenga zibiri, kandi zaje kuraswaho n’igisirikare cya Israel imwe iza kugwa hafi naruriye rugo rwa Netanyahu icyakora ntamuntu waguye muri iryo turika ry’ibisasu byaraswaga kuri drone cyangwa ngo habe hagira ukomereka, kandi bivugwa ko Netanyahu n’umugore we, ibyo byabaye atari mu rugo rwe.

Mu butumwa bwana Benjamin Netanyahu yacyishije kurubuga rwa x yavuze ko Hezbollah yakoze ikosa ryo gushaka ku muhitana n’umugore we.

Yagize ati: “Iki gitero ntabwo kizatuma njye cyangwa Israel duhagarika intambara ku banzi bacu, kugira ngo ejo habe heza.”

Yavuze ko Iran n’abandi bafasha imitwe nka Hezbollah kwibasira Israel, ko bazabyishyura.

Nibura abaturage ba Israel basaga 7000 batuye mu bice by’Amajyaruguru y’icyo gihugu, bavuye mu byabo kubera ibitero bya Hezbollah.

          MCN.
Tags: HezbollahIgiteroNetanyahuUrugo
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba kandi n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha...

Read moreDetails
Next Post
M23 yabohoje utundi duce twingenzi tugana i Walikale.

M23 yabohoje utundi duce twingenzi tugana i Walikale.

Comments 1

  1. Ensuent says:
    11 months ago

    priligy usa First, the vast majority of mutations that have been identified that cause syndromic and nonsyndromic MVP cause alterations in valve geometry through either increases in ECM production, impaired ECM remodeling, or altered cell migration and valve morphogenesis

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?