• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umutwe wa M23 ugize igihe warahabuye ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, wavuzwe mu marembo ya Kivu y’Amajy’epfo.

minebwenews by minebwenews
June 16, 2024
in Regional Politics
0
Umutwe wa M23 ugize igihe warahabuye ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, wavuzwe mu marembo ya Kivu y’Amajy’epfo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe wa M23 ugize igihe warahabuye ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, wavuzwe mu marembo ya Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Ni bikubiye mu butumwa bwatanzwe n’umuryango utegamiye kuri leta ya Kinshasa, ukaba ukorera mu Ntara ya Kivu y’Epfo, busaba ingabo za FARDC na Wazalendo gukoresha imbaraga zose zifite zikavana M23 mu bice byinshi byo muri Kivu y’Amajy’epfo, ibyo uyu muryango uvuga ko uwo mutwe wabigezemo.

Ubu butumwa uyu muryango washize hanze, buvuga ko wabuhawe n’abaturage, aho ngo abo baturage bavuga ko M23 iri mu bice byinshi byo muri teritware ya Kalehe, ndetse kandi ngo ikaba ishaka kugira ibindi bice ifata byo muri teritware ya Uvira n’ahandi.

Ubu butumwa bwa Sosiyete sivile yo muri Kivu y’Amajy’epfo, bukomeza buvuga ko, nka hitwa Numbi, Lumbishi na Minova, hamaze kugaragara abarwanyi benshi bo muri uwo mutwe wa M23.

Kandi ko ibi bikomeza gutera ubwoba abaturiye teritware ya Fizi, Uvira, Mwenga, Walungu n’ahandi ko aba barwanyi bashobora kuhigarurira vuba.

Bityo ngo bikagaragaza ko intambara igeze mu marembo ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ubu butumwa bugira buti: “Guverinoma yacu igomba gushyira imbere kurengera ubusugire bw’igihugu cyacu. Inzego za leta zishinzwe umutekano, zikwiye kuba maso no kumenya inzira umwanzi akoresha, kuko ibi biteye inkeke, kubera ko abanzi bacu bashaka gukoresha ya nzira bakoresheje mu 1996.”

Ubutumwa bwa Sosiyete sivile bunasaba abaturage kujya baha mbere yigihe amakuru inzego zishinzwe umutekano mu rwego rwo kugira ngo bifashye igisirikare cy’igihugu na Wazalendo ku menya uko kibyitwaramo.

Kimweho ubu butumwa bunavuga kandi ko Sosiyete sivile yamenye amakuru ko hari amakuru akunze gutangwa na Wazalendo yo guhabura abaturage; muri ayo makuru ngo hari avuga ko M23 yaba yarageze muri Fizi na Uvira. Sosiyete sivile ikaba ikangurira abantu ko bagomba kuza bashishoza kubyo baba bagiye kuvuga.

Ati: “Nti twirengangiza ko hari ibinyoma bitangwa na Wazalendo, bivuga ko M23 yaba yarageze muri Fizi na Uvira, ibyo sibyo, abantu birinde! kandi habe gushishoza kubyo tubwira bagenzi bacu.”

Ikindi n’uko Sosiyete sivile ivuga ko igihe kigeze ngo abaturage barushyeho gushigikira igisirikare cy’igihugu cyabo, kugira ngo kigire imbaraga zo guhangana n’umwanzi w’iki gihugu.

Ibi ntacyo ubuyobozi bw’uyu mutwe wa M23 urabivugaho, usibye ko uyu mutwe wa M23 umaze kugira ibice byo muri teritware ya Kalehe wambuye ingabo zi rwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

Ibyo bice ibyinshi biherereye mu misozi yo muri yi teritware ya Kalehe, harimo kandi ko unagenzura ibice biri mu nkengero za centre ya Minova, ahanini bihana imbibi na teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

            MCN.
Tags: FiziKaleheKivu yamajy'EpfoM23Mu maremboSosiyete sivileUvira
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Umushumba mukuru w’idini rya Katolika ku Isi, Papa Francis yagaragaje ko ababajwe n’u mutekano muke uri muri RDC.

Umushumba mukuru w'idini rya Katolika ku Isi, Papa Francis yagaragaje ko ababajwe n'u mutekano muke uri muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?