• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, November 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umutwe wa M23, ukomeje kujegeza imbaraga z’ubutegetsi bwa Kinshasa n’imugihe bongeye kuyora ibikoresho ingabo za FARDC zakoresha mu ntambara.

minebwenews by minebwenews
October 25, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe wa M23, ukomeje kujegeza imbaraga za leta ya perezida Félix Antoine Tshisekedi, nimugihe uyu mutwe wongeye kwambura ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, ibikoresho by’agisirikare byinshi birimo imbunda zakoreshwa n’Abasirikare bo mw’itsinda ry’umutwe wa Hiboux.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Mu Makuru amaze kugera kuri Minembwe Capital News, n’uko mu mirwano yahuje M23 n’iri huriro ry’imitwe y’itwaje imbunda ifasha Ingabo za FARDC kurwanya M23 yabaye kuri uyu wa Kabiri, tariki 24/10/2023 aba bo mu mutwe wa M23 bongeye kuyora ibikoresho byinshi by’agisirikare nk’uko bigaragara no kumafoto.

Agace FARDC yamburiwemo ibikoresho nagace ka Kanyabuki gaherereye mu bilometre bike n’u Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

N’imirwano byavuzwe ko y’ubuye igihe c’isaha zibiri z’igitondo cokuwa Kabiri, iza guhagarara ahagana saa Kenda(3:00Am) z’urukerera, rwokuri uyu wa Gatatu, tariki 25/10/2023. Bwakeye impande zose bararebana ayingwe muri aka gace ka Kanyabuki.

Naho ubu haravugwa imirwano irimo k’umvikana mo imbunda ziremereye n’izito n’amakuru yanemejwe n’umuvugizi wa M23, murwego rwa politike, bwana Lawrence Kanyuka.

Yagize ati: “Uyumunsi, tariki 25/10/2023, ahagana isaha za Saa Saba (13:00pm), ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, FARDC, FDLR, Wagner na Wazalendo, bateye ibi Bomba, ahari Abaturage mubice bya Kibumba, Kanyamahoro, Buhumba no munkengero zayo.”

Y’unzemo kandi ati: “Umutwe wa M23, ntuzarebera uzakomeza kurwanirira Abaturage no kubarinda ndetse nokurwanirira ibyabo.”

Iy’inkuru ikomeza ivuga ko iy’i mirwano ikomeje kubera mubice bya teritware ya Nyiragongo, biherereye mu nkengero z’u Mujyi wa Goma.

Andi Makuru nuko hagaragajwe umusirikare wo mungabo za EACRF, Nimpaye Eraste, uva mugihugu c’u Burundi, urwana k’uruhande rwa FDLR, Wagner na Wazalendo, n’ibyatangajwe mu makuru y’ibinyamakuru by’uburundi birimo RPA na Inzamba, ay’amakuru yakomeje avuga ko nibura abasirikare b’u Burundi barenga 45 kobamaze gupfira muntambara bahanganyemo na M23.

By Bruce Bahanda.

Tags: M23 ikomeje kujegeza imbaraga z'ubutegetsi bwa KinshasaNimugihe bongeye kuyora ibikoresho by'agisirikare FARDC yakoresha muntambara
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Menya Amateka, y'umusirikare w'umunyamulenge, Edinasi Sebagabo Rwambara, wigeze kuba somambike wa Laurent Désire Kabila, ariko azakwicwa n'ingabo ze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?