Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa wafashe uduce twingenzi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 2, 2024
in Regional Politics
0
Umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa wafashe uduce twingenzi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa wafashe uduce twingenzi.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni kuri uyu wa Gatanu tariki ya 02/08/2024, hafashwe uduce twingenzi, aho twigaruriwe n’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga two muri teritware ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ho mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, nk’uko amakuru ava muri ibyo abivuga.

Iy’imirwano M23 yafashemo uduce tubiri two muri Grupema ya Binza, amakuru agera kuri Minembwe Capital News avuga ko yatangiye igihe c’isaha z’igitondo cyakare kandi ko yumvikanyemo imbunda ziremereye n’izito.

Yari imirwano byaje kurangira n’ubundi utu duce twarimo tuberamo imirwano tuvuye mu maboko y’ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

Utwo duce hari akitwa Kingunga na ka Localité ya Kisengero, tukaba duherereye mu ntera y’ibirometro 16 uvuye mu mujyi wa Kiwanja wo ugize igihe ugenzurwa n’uyu mutwe wa M23.

Utu duce dufashwe mu gihe i Luanda muri Angola hari ibiganiro byahuje intumwa z’u Rwanda n’iza Repubulika ya demokarasi ya Congo. Ibi biganiro bikaba byarafatiwemo imyanzuro yuko impande zihanganye mu Burasirazuba bwa RDC zihagarika imirwano kandi uwo mwanzuro ukazatangira kubahirizwa tariki ya 04/08/2024.

Kimweho uruhande rwa m23 rwatanze itangazo kuri uyu wa Kane ruvuga ko ibyavugiwe i Luanda bitabareba, ngo kuko batari batumiwe muri ibyo biganiro.

Hagati aho, kurebana ayingwe kw’Ingabo za leta ya Kinshasa na M23 bikomeje gufata indi ntera, bitandukanye kure n’ibyabereye i Luanda mu biganiro byamaze iminsi itatu aho byatangiye tariki ya 30/07/2024 bikarangira tariki ya 02/08/2024.

            MCN.
Tags: BinzaM23Yafashe uduce twingenzi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Kubakurikiye Imikino ya Alempike basanga haragarayemo ibimenyetso by’imperuka ndetse bimwe byanditswe muri Bibiliya.

Kubakurikiye Imikino ya Alempike basanga haragarayemo ibimenyetso by'imperuka ndetse bimwe byanditswe muri Bibiliya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?