Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Umutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa watangaje agahenge.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 6, 2025
in Conflict & Security
0
103
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa watangaje agahenge.

You might also like

Amakuru ku gace AFC/M23 yambuye uruhande rwa Leta.

Ibivugwa ku ntumwa M23 yari yarohereje mu mishyikirano i Doha.

Amakuru avugwa kuri Birato wahinduriwe inshingano muri AFC/M23.

Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ribarizwamo umutwe wa m23 n’uwa Twirwaneho rikaba rigamije gushyira iherezo ryanyuma ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi, ryatangaje ko rihagaritse imirwano, ndetse rinikura muri centre ya Walikale ryari riheruka gufata, nyuma yo kuyirukanamo ingabo za Congo.

Ni amakuru akubiye mu Itangazo iri huriro rya AFC ryashyize hanze kuri uyu gatandatu tariki ya 22/03/2025, aho ryavuze ko ribaye rihagaritse imirwano yo gukomeza gufata imwe mu mijyi itandukanye yo muri iki guhugu.

Ni Itangazo rigira riti: “Mu rwego rwo korohereza mu buryo bunoze gahunda y’amahoro n’ibiganiro bya politiki haherewe ku mpamvu muzi itera amakimbirane mu Burasizuba bwa Congo, AFC/M23 ibaye ifashe icyemezo cyo gusubiza inyuma ingabo zayo zikava mu mujyi wa Walikale n’uduce tuyegereye ndetse no guhagarika imirwano guhera kuri uyu wa gatandatu tariki ya 22/03/2025.”

Iri huriro ryanasabye abayobozi b’inzego zibanze muri Walikale kwita ku mutekano w’abaturage ndetse n’ibyabo, wongeraho koburajwe inshinga no kubahiriza imyanzuro yose iganisha ku bisubizo birambye ku kibazo cy’amakimbirane arangwa mu Burasizuba bwa Congo.”

Iri huriro ritangaje ibi mu gihe ku munsi w’ejo abarwanyi baryo bari bigaruriye umujyi wa Mubi ubarizwa muri teritware ya Walikale. Uyu mujyi ukaba izwiho kuba ari uw’ubucuruzi, ndetse kandi ukaba wibitseho ibirombe byinshi by’amabuye y’agaciro.

Ariko kandi iri huriro, hari amakuru avuga ko ryamaze kugezwaho ubutumire na Emir wa Qatar, aho ngoyaba ashaka gukora ubuhuza hagati yaryo na Leta y’i Kinshasa.

Ni mu gihe tariki ya 18/03/2025, i Luanda muri Angola hari hategerejwe inama yari guhuriramo intumwa za m23 n’iza Kinshasa. Ibi biganiro ntibyaba bivanye n’uko m23 yabyanze kubera ko abayobozi bawo bafatiwe ibihano n’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi.

Hagataho, uyu munsi Qatar yatangaje ko yagiranye ibiganiro by’ubuhuza hagati ya perezida Felix Tshisekedi namugenzi we w’u Rwanda Paul Kagame. Ibi biganiro bikaba bigamije gushakira amahoro n’ituze iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Tags: AgahengeImirwanoM23Walikale
Share41Tweet26Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Amakuru ku gace AFC/M23 yambuye uruhande rwa Leta.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Amakuru ku gace AFC/M23 yambuye uruhande rwa Leta.

Amakuru ku gace AFC/M23 yambuye uruhande rwa Leta. Abarwanyi bo mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo(AFC), ribarizwamo abo mu mutwe wa M23 n'abo mu wa Twirwaneho, bafashe agace...

Read moreDetails

Ibivugwa ku ntumwa M23 yari yarohereje mu mishyikirano i Doha.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
M23 yigaruriye uduce twinshi mu mirwano yarimaze iminsi irenga ibiri.

Ibivugwa ku ntumwa M23 yari yarohereje mu mishyikirano i Doha. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ribarizwamo umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho ryahamagaje intumwa zayo ryari ryarohereje i...

Read moreDetails

Amakuru avugwa kuri Birato wahinduriwe inshingano muri AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Amakuru avugwa kuri Birato wahinduriwe inshingano muri AFC/M23.

Amakuru avugwa kuri Birato wahinduriwe inshingano muri AFC/M23. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo(AFC) ribarizwamo umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho ryahinduriye imirimo Birato Rwihimba Emmanuel wari guverineri w'i ntara...

Read moreDetails

Amakuru: Iby’igitero i Katana.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
I Walikale habereye imirwano ikomeye.

Amakuru: Iby'igitero i Katana. Ihuriro ry'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zagabye igitero mu gice cya Katana kimaze iminsi ibarirwa mu mezi atatu kigenzurwa n'umutwe wa M23,...

Read moreDetails

Constant Mutamba yitabye ubushinjacyaha i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Constant Mutamba yitabye ubushinjacyaha i Kinshasa.

Constant Mutamba yitabye ubushinjacyaha i Kinshasa. Minisitiri w'u butabera muri Repubulika ya demokarasi ya Congo yitabye ubushinjacyaha bumukurikiranyeho icyaha cyo kunyereza amafaranga yari agenewe kubaka gereza y'i Kisangani...

Read moreDetails
Next Post
Iby’ibitero by’ejo ku wagatandatu FARDC, FDLR n’ingabo z’u Burundi bagabye mu Banyamulenge.

Iby'ibitero by'ejo ku wagatandatu FARDC, FDLR n'ingabo z'u Burundi bagabye mu Banyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?