• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Umutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa watangaje agahenge.

minebwenews by minebwenews
April 6, 2025
in Conflict & Security
0
103
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa watangaje agahenge.

You might also like

I Fizi haravugwa imirwano ikomeye yanaguyemo Wazalendo batari bake

Wazalendo babiri ni bo bahitanwe n’amazi

Baratabariza Col. Abuta umerewe nabi aho afungiwe i Kinshasa

Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ribarizwamo umutwe wa m23 n’uwa Twirwaneho rikaba rigamije gushyira iherezo ryanyuma ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi, ryatangaje ko rihagaritse imirwano, ndetse rinikura muri centre ya Walikale ryari riheruka gufata, nyuma yo kuyirukanamo ingabo za Congo.

Ni amakuru akubiye mu Itangazo iri huriro rya AFC ryashyize hanze kuri uyu gatandatu tariki ya 22/03/2025, aho ryavuze ko ribaye rihagaritse imirwano yo gukomeza gufata imwe mu mijyi itandukanye yo muri iki guhugu.

Ni Itangazo rigira riti: “Mu rwego rwo korohereza mu buryo bunoze gahunda y’amahoro n’ibiganiro bya politiki haherewe ku mpamvu muzi itera amakimbirane mu Burasizuba bwa Congo, AFC/M23 ibaye ifashe icyemezo cyo gusubiza inyuma ingabo zayo zikava mu mujyi wa Walikale n’uduce tuyegereye ndetse no guhagarika imirwano guhera kuri uyu wa gatandatu tariki ya 22/03/2025.”

Iri huriro ryanasabye abayobozi b’inzego zibanze muri Walikale kwita ku mutekano w’abaturage ndetse n’ibyabo, wongeraho koburajwe inshinga no kubahiriza imyanzuro yose iganisha ku bisubizo birambye ku kibazo cy’amakimbirane arangwa mu Burasizuba bwa Congo.”

Iri huriro ritangaje ibi mu gihe ku munsi w’ejo abarwanyi baryo bari bigaruriye umujyi wa Mubi ubarizwa muri teritware ya Walikale. Uyu mujyi ukaba izwiho kuba ari uw’ubucuruzi, ndetse kandi ukaba wibitseho ibirombe byinshi by’amabuye y’agaciro.

Ariko kandi iri huriro, hari amakuru avuga ko ryamaze kugezwaho ubutumire na Emir wa Qatar, aho ngoyaba ashaka gukora ubuhuza hagati yaryo na Leta y’i Kinshasa.

Ni mu gihe tariki ya 18/03/2025, i Luanda muri Angola hari hategerejwe inama yari guhuriramo intumwa za m23 n’iza Kinshasa. Ibi biganiro ntibyaba bivanye n’uko m23 yabyanze kubera ko abayobozi bawo bafatiwe ibihano n’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi.

Hagataho, uyu munsi Qatar yatangaje ko yagiranye ibiganiro by’ubuhuza hagati ya perezida Felix Tshisekedi namugenzi we w’u Rwanda Paul Kagame. Ibi biganiro bikaba bigamije gushakira amahoro n’ituze iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Tags: AgahengeImirwanoM23Walikale
Share41Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

I Fizi haravugwa imirwano ikomeye yanaguyemo Wazalendo batari bake

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
I Fizi haravugwa imirwano ikomeye yanaguyemo Wazalendo batari bake

I Fizi haravugwa imirwano ikomeye yanaguyemo Wazalendo batari bake Amakuru aturuka muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, avuga ko habereye imirwano ikomeye hagati y'imitwe ibiri...

Read moreDetails

Wazalendo babiri ni bo bahitanwe n’amazi

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Wazalendo babiri ni bo bahitanwe n’amazi

Wazalendo babiri ni bo bahitanwe n'amazi Wazalendo babiri bishwe n'amazi ubwo bageragezaga guhunga nyuma y'aho basubiranyemo n'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC i Uvira muri Kivu...

Read moreDetails

Baratabariza Col. Abuta umerewe nabi aho afungiwe i Kinshasa

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Baratabariza Col. Abuta umerewe nabi aho afungiwe i Kinshasa

Baratabariza Col. Abuta umerewe nabi aho afungiwe i Kinshasa Umuryango wa Colonel David Abuta Banza uramutabariza, nyuma y'aho umenye ko aho afungiwe i Kinshasa ahababariye bikomeye. Ni mu...

Read moreDetails

“Nari napfuye none nazutse”-Nangaa asubiza abavuga ko yapfuye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
AFC/M23 yavuze kuri drones za FARDC zitera ibisasu ku baturage no kuri Wazalendo bafata abagore ku ngufu

"Nari napfuye none nazutse"-Nangaa asubiza abavuga ko yapfuye Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, Corneille Nangaa yongeye kugaragara mu ruhame nyuma y'aho byari bigize iminsi bivugwa...

Read moreDetails

“Igihe kirageze RDC yiyomekeho u Rwanda” -Umujyanama wa Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
“Igihe kirageze RDC yiyomekeho u Rwanda” -Umujyanama wa Tshisekedi

"Igihe kirageze RDC yiyomekeho u Rwanda" -Umujyanama wa Tshisekedi Umujyanama wa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Fiston Chrisnovic Balanganyi, yavuze ko igihe kigeze ngo...

Read moreDetails
Next Post
Iby’ibitero by’ejo ku wagatandatu FARDC, FDLR n’ingabo z’u Burundi bagabye mu Banyamulenge.

Iby'ibitero by'ejo ku wagatandatu FARDC, FDLR n'ingabo z'u Burundi bagabye mu Banyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?