• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umutwe wa M23 wakiriye undi musirikare ukomeye waje ku yiyungamo.

minebwenews by minebwenews
July 12, 2024
in Regional Politics
0
Umutwe wa M23 wakiriye undi musirikare ukomeye waje ku yiyungamo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe wa M23 wakiriye undi musirikare ukomeye waje ku yiyungamo.

You might also like

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Ni amakuru yatangiye kuvugwa ku munsi w’ejo hashize, itariki ya 11/07/2024, avuga ko Colonel Vianny Kanyamuhanda Kazarama ari we wamaze kwiyunga muri M23, kandi ko aje gushigikira kugira ngo bakureho ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Kazarama yahoze mu mutwe wa M23, ndetse akaba yarabayeho n’umuvugizi w’uyu mutwe mu bya gisirikare, kandi anabikora igihe kirekire.

Ahagana mu mwaka w’ 2013 Kazarama yabaga mu Rwanda aho yari yarahungiye n’abagenzi be, nyuma y’uko batakaje ibice byinshi birimo na Goma mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ubwo M23 yongeraga kubura imirwano mu mpera z’u mwaka w’ 201, Kazarama yari yibereye mu bikorwa bye bifasha urugo rwe, ariko kuri ubu, akaba yamaze kongera kugaruka muri uyu mutwe wa M23, aho ndetse yamaze kugera i Bunagana ahari icyicaro cy’uyu mutwe gikuru mu bya politike, nk’uko ibi yabibwiye umunyamakuru wa Bwiza.com, iyo dukesha iy’inkuru.

Kimweho mu minsi ishize, hari amakuru yatangajwe ko Major Gen Sultan Makenga yatumye ho Kazarama ubutumwa, bumusaba kugaruka muri M23.

Nyuma yabwo Kazarama yagiye y’umvikana cyane ku mbuga nkoranya mbaga, akungurira abasirikare bagenzi be kwirengagiza ibyatambutse byo gusubiranamo bakarasana, bagasanga ababo ku rugamba, urwo yagiye avuga ko ari urwo kuvanaho ubutegetsi bubi.

            MCN.
Tags: KazaramaYiyunze muri M23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails
Next Post
Utundi duce two muri teritware ya Masisi twabayemo imirwano ikaze kuri uyu wa Gatanu.

Utundi duce two muri teritware ya Masisi twabayemo imirwano ikaze kuri uyu wa Gatanu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?