• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umutwe wa M23 wakoze ibikomeye, wongera kujegeza ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

minebwenews by minebwenews
June 30, 2024
in Regional Politics
0
Umutwe wa M23 wakoze ibikomeye, wongera kujegeza ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Inama idasanzwe yateranye i Kinshasa igamije gufata ingamba zo guhagarika M23 ikomeje kwigarurira ibice byinshi, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni nama yateranye ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 29/06/2024, iteranira ku murwa mukuru w’i Gihugu cya RDC, ikaba yarayobowe na Perezida Félix Tshisekedi, nk’uko byatambutse kuri televisiyo y’igihugu, bitangajwe n’umuvugizi wa Guverinoma y’iki gihugu, Patrick Muyaya.

Iy’i nama yitabiriwe n’abakora munzego zu mutekano, abasirikare ba kuru n’abapolisi ndetse n’abaminisitiri.

Nk’uko byatangajwe n’uyu muvugizi wa Guverinoma, Patrick Muyaya, yavuze ko iy’i nama yayobowe na perezida wa Repubulika, kandi ko yarigamije kurebera hamwe icyakorwa kugira ngo igisirikare cy’iki gihugu hamwe n’abagifasha bahagarike abarwanyi ba M23 badakomeza kubohoza ibindi bice byo mu Ntara ya Kivu Yaruguru. Ni mu gihe aba barwanyi b’uy’umutwe bakomeje gufata ibindi bice ku muvuduko utari usanzwe, nyuma yo kwigarurira umujyi wa Kanyabayonga, uwo bigaruriye ku wa Gatanu tariki ya 28/06/2024.

M23 yakajije umurego wo kubohoza ibindi bice, nyuma y’iminsi ibiri gusa, minisitiri w’intebe w’iki gihugu, Judith Suminwa, yari yatangaje ko Ingabo ze ziri kongerezwa imbaraga kugira ngo zihashye aba barwanyi ba M23, ibyo yabitangaje ubwo yari mu ruzinduko rwa kazi yari yagiriye i Goma. Muri icyo gihe yanavuze ko M23 izirukanwa mupaka igasubizwa iyo yavuye.

Ibyo bibaye mu gihe M23 kuri uyu wa Gatandatu, yafashe utundi duce two muri teritware ya Lubero, nka hitwa Luofa, Kaina na Kirumba yo muri yi teritware ya Lubero. Ndetse kandi uyu mutwe wafashe n’ikambi y’igisikare yari ingenzi ku ruhande rw’ingabo za leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, iyitwa Kasando(uherereye mu ntera y’ibirometro nka 12 uvuye muri Kanyabayonga).

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko iy’ikambi y’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, M23 yayifatiyemo ibikoresho by’agisirikare byinshi, kandi ikaba yarimo abasirikare benshi, ndetse muribo abenshi ngo bakaba barahasize ubuzima.

Barimo Ingabo z’u Burundi, abacanshuro, Wazalendo, FDLR, FARDC n’abo mu ngabo za Sadc.

Ibi bikaba bikomeje ku jegeza bidasanzwe ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

               MCN.
Tags: IbijegezaM23TshisekediUbutegetsi bwa KinshasaYakoze
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Igisirikare cya leta ya Kinshasa cyagize icyo kivuga kuri Gen Chiko Tshitambwe uvugwa ko yaba yahungiye muri M23.

Igisirikare cya leta ya Kinshasa cyagize icyo kivuga kuri Gen Chiko Tshitambwe uvugwa ko yaba yahungiye muri M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?