• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umutwe wa M23 wambuye Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa imbunda zirimo n’izikanganye.

minebwenews by minebwenews
July 13, 2024
in World News
0
Umutwe wa M23 wambuye Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa imbunda zirimo n’izikanganye.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe wa M23 wambuye Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa imbunda zirimo n’izikanganye.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Ni mubutumwa bwa mashusho bwashizwe ahagaragara ku mbuga nkoranya mbaga, bwerekana amafoto y’imbunda zikaze zafashwe n’abarwanyi ba M23 aho bazambuye ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu ntambara ikomeje guca ibintu mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Ibi bikoresho birimo imbunda ziremereye byafashwe mu mirwano iri kubera mu bice byo muri teritware ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Nk’uko bivugwa iyi mirwano yabereye ahitwa Bweru ho muri Grupema ya Bashali-Mokoto , inarangira aka gace kabohojwe n’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga.

Agace ka Bweru kaje kiyongera ku tundi duce turimo Nyange, Mpati na Bibwe natwo two muri iriya Grupema, M23 itwigaruriye mu minsi ibiri ishize.

Mu mashusho umutwe wa M23 washize hanze y’imbunda wafatiye muri ibyo bice agaragaza ibikoresho bikomeye birimo n’imbunda ikanganye aho uyitegereza ku mafoto ukabona ikoze nk’i modoka kandi ikagaragaza n’igitinyiro ubona ko iremereye.

Ndetse muri ayo mashusho ubona imbunda zafashwe bazitondesheje ku murongo naho umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare Lt Col Willy Ngoma azihagaze ku ruhande.

Imirwano yongeye kubura muri teritware ya Masisi na Rutshuru mu gihe nta Cyumweru kirashira leta Zunze Ubumwe z’Amerika zitangaje agahenge k’ibyumweru bibiri ku mpande zihanganye.

Ni agahenge kuri ubu buri ruhande mu zihanganye rushinja urundi ku kica.

              MCN.
Tags: BikomeyeBirimo imbunda ziremereyeM23MasisiWafashe ibikoresho by'agisirikare
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Impamvu y’iyicwa ry’abasirikare babiri baguye kansayo(Camp Saio) yamenyekanye.

Impamvu y'iyicwa ry'abasirikare babiri baguye kansayo(Camp Saio) yamenyekanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?