• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umutwe wa M23, washize hanze itangazo ryamagana ubutegetsi bwa Republika ya Demokarasi ya Congo.

minebwenews by minebwenews
October 24, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bw’umutwe wa M23 bwatanze impuruza k’umutekano ukomeje kuzamba mukarere k’iburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

N’ibyashizwe mw’itangazo uyu mutwe washize hanze kuri uyu wa Kabiri tariki 24/10/2023, bakaba barisohoye ahagana isaha z’umugoroba.

Aho bagize bati:”Turamenyensha abantu bose ibi bikurikira:”

“Murabizi neza ko ahitwa Tongo ariho hari umuhana mukuru wa FDLR rero ibirego Guverinoma ya Demokarasi ya Congo (RDC), yirirwa ivugako hari abantu bishwe mu menye ko ari ‘ibinyoma,’ gusa tubibukije ko ingabo za FARDC ko zasutse Amabomba kuruyu muhana wa Tongo tariki 15 /10/2023.
Ikindi nuko ihuriro ry’imitwe y’inyeshamba ikorana na Guverinoma barwaniye n’ingabo za M23 muruwo muhana wa Tongo maze ir’ihuriro ry’ingabo za Kinshasa ( FARDC , FDLR, Wagner na Mai Mai harimo uwitwa Lt HABIYAKARE wapfanye n’izindi ngabo 10 za FDLR Foka ba barirwa muri unite ya Crap Secteri ya Samariya.”

“Kuva mu mwaka wa 2022 kugeza ubu Abaturage ba Tongo, muzi neza ko arabacu 100/100, n’ubwo ingabo za RDC (FARDC) n’abambari babo bagiye batugabaho ibitero muri ubwo buryo twagiye twirwanaho k’urubwo dutanze pole kandi dukangurira Abaturage gukora imirimo yabo nkibisanzwe.”

“M23 ikaba ishinja amashirahamwe y’imbere mu Gihugu, n’Abanyamakuru ndetse n’Amashirahamwe Mpuzamahanga, ashinzwe kurengera ikiremwa muntu kubwo guceceka nokurebera kubibera mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ahanini muri teritware ya Masisi, aho ubwoko bumwe bwibasiwe cyane ndetse busa n’ubuja kurimburwa aho batwikirwa i Mihana yabo bagasenyerwa nokunyagwa Inka zabo nokuraswaho i Bibomba mu Mihana irimo aba sivile. M23 yavuzeko habaye gutererana impunzi, zahungiye mu Bwiza, iz’impuzi ngo zatereranwe n’Amashirahamwe Mpuzamahanga ashinzwe gutabara kubiribwa.”

“M23 irashinja Guverinoma ya Kinshasa kuba yaraciye inyuma y’amamasezerano yoguhagarika intambara ndetse nokuba ingabo za RDC zirasa i Bibomba biremereye mu mihana ituwe n’Abantu benshi.”

“M23 yavuzeko ikirinyuma y’icifuzo cyogukemura amakimbirane yabo muburyo bwa politike gusa Guverinoma ikomeje kugaba ibitero mubice bituwe n’abaturage byatumye abasirikare ba M23 bahaguruka kurwana kuraba baturage.”

Tubibutsa ko kuri uyu wa Kabiri, tariki 24/10/2023, M23 yongeye kwirukana ingabo za FARDC n’abambari babo muri Kibumba na Busumba biherereye muri teritware ya Nyiragongo, nimugitero gikomeye ziriya Ngabo za FARDC zari zagabye mubice birimo abo mu mutwe wa M23. Kugeza ubu hakaba hakiriho gushamirana hagati y’izo mpande zombi zihanganye.

Mur’iyi mirwano yabaye kuri uyu wa Kabiri, ibereye i Kibumba, muri teritware ya Nyiragongo hafi n’u Mujyi wa Goma, byavuzwe ko haguyemo umusirikare wo mungabo za EACRF . Ibi n’ibyashizwe mw’itangazo ingabo za RDC zashinze hanze ubu mw’ijoro.

Minembwe Capital News, amakuru yizewe ifite nuko uwo musirikare ari uwo mungabo za Barundi warwanaga k’uruhande rwa FARDC.

By Bruce Bahanda.

Tags: Umutwe wa M23 washize hanze itangazo ryamagana ubutegetsi bwa Kinshasa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Mugihe Minisitiri wibikorwa remezo muri RDC, Alexis Gisaro,ategura kwerekeza i b'Uvira, uwiyita Col Kamama nawe yacuze umugambi mubi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?