Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umutwe wa Red Tabara, bidasubirwaho, wanyomoje ibya tangajwe na perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, ko bafashwa na leta ya Kigali.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 30, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe wa Red Tabara, urwanya leta ya CNDD FDD, mu gihugu c’u Burundi, wavuguruje ibyatangajwe na perezida Evariste Ndahishimiye, ubwo yari mu Ntara ya Cankuzo.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

N’ibyaraye bitangajwe n’umutwe wa Red Tabara, mw’ijoro ryo kw’itariki 29/12/2023, rishira kuri uyu wa Gatandatu, tariki 30/12/2023, n’inyuma y’uko perezida Evariste Ndahishimiye, yaramaze gukorana ikiganiro n’abanyamakuru, ashinja u mutwe wa Red Tabara kwica “abana b’impinja,” mu gatumba.

Umutwe wa Red Tabara, ubinyujije kuru kuta rwa X, bagize bati: “Tubisubiyemo, Red Tabara, ntiyigeze igaba igitero mu basivile, yewe ntituzigera tunabikora.”

Bunzemo kandi ati: “Igitero twakoze twakigambye mw’ikambi y’igisirikare cya CNDD FDD, iri muri Vugizo, i Gatumba, mu Ntara ya Bujumbura.”

Basoje bavuga bati: “Abana bavuga bapfuye bishwe n’Ingabo z’u Burundi. Leta ya Bujumbura, ifite n’ikibazo ntizi gutandukanya Abasirikare b’igihugu cyabo n’abasivile! Ibyo perezida Evariste Ndahishimiye, avuga ntashingiro bifite.”

Igitero u mutwe wa Red Tabara, irwanya leta ya Bujumbura, iheruka gukora yakigabye tariki 22/12/2023, mw’ikambi y’igisirikare, iherereye muri Vugizo, mu m’Ajyepfo y’Igihugu c’u Burundi, ahegereye u mupaka wa Congo n’i Burundi. N’igitero cyasize kivugishije cyane leta y’u Burundi, kuko cyahitanye Abantu 20 barimo n’Abasirikare ndetse n’abapolisi b’igihugu c’u Burundi.

Muri kiriya kiganiro cya perezida w’u Burundi, yagiranye n’itangaza makuru, yashinje kandi umutwe wa Red Tabara, gufashwa na leta ya Kigali no gukorana na M23, ibi Red Tabara, yabiteye utwatsi.

Ati: “Twebwe tuzi icyo turwanira, ntagihugu na kimwe kidufasha oya, twe dufashwa n’abaturage b’igihugu c’u Burundi, barambiwe, leta ya Evariste Ndayishimiye. Abarundi barashaka impinduka.”

Bunzemo kandi ati: “Red Tabara, ntikorana na M23, ibi ntibyashoboka n’abuke, twebwe dukorana n’abaturage b’u Burundi.”

Ibi bikubiye mw’itangazo umutwe wa Red Tabara, waraye ushize hanze ririho umukono w’u muvugizi wabo, mu bya gisirikare, Patrick Nahimana.

Bruce Bahanda.

Tags: BidasubirwahoKo bafashwa na leta ya KigaliUmutwe wa Red TabaraWanyomoje ibya tangajwe na perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

"Ubukene igihugu c'u Burundi, gifite biri mu bituma leta ya Bujumbura, yohereza ingabo zayo kwica Abatutsi, muri Congo," bya tangajwe na Berterand Bisimwa, perezida wa M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?