• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umutwe wa Red Tabara, uri kwisonga mu byatumye leta ya Bujumbura ifunga imipaka iruhuza n’u Rwanda, menya Red Tabara abaribo.

minebwenews by minebwenews
January 13, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe wa Red Tabara, ugamije gushiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa Bujumbura, uri kwisonga mu bya tumye leta ya Bujumbura ifata icyemezo cyihuse cyo gufunga imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Mu ijambo risoza umwaka w’2023, perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, yagejeje ku baturage baturiye i Gihugu c’u Burundi, yashinje Kigali gufasha no gucumbikira Inyeshamba za Red Tabara.

Yagize ati: “Ntako tutagira ngo tubane neza n’u Rwanda ariko twaje gusanga u Rwanda rudehenda . U Rwanda ru cyumbikiye Red Tabara kandi rufasha uy’u mutwe uzwiho kw’ica abaturage b’u Burundi.”

Nyuma y’ijambo rya Evariste Ndayishimiye, tariki ya 11/01/2024, leta y’igihugu cye yafashe ingingo y’ihuse yogufunga imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi. Gusa Guverinoma ya Kigali yatangaje ko ibabajwe nibyo u Burundi bwakoze byo gufunga imipaka ihuza ibihugu byombi ko kandi ibyo bakoze binyuranye n’amategeko agenga umuryango w’Afrika y’iburasirazuba (EAC).

Aharero twahisemo ku babwira Red Tabara uko yabayeho nicyo igamije?

Red Tabara ni umutwe w’inyeshamba ugizwe n’Abarundi badashigikira imiyoborere y’i Shyaka riri k’ubutegetsi mu Burundi rya CND FDD.

Uy’u mutwe wabayeho k’uva mu mwaka w’2011, wavutse witwa Fronabu Tabara, igitero cya mbere uyu mutwe wagabye mu Burundi hari mu mwaka w’2014, ikigaba mu Ntara ya Cibitoki. Iki gitero wa kigabye uva muri RDC.

Gusa n’ubwo perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye ahuza abashatse guhirika u butegetsi bw’u Burundi na Red Tabara, ariko sibyo kuko umusirikare washatse guhirika ubutegetsi bw’u Burundi ari Gen Godfroid Niyombare.

Ahagana mu mwaka w’2017 uy’u mutwe waje gukomera wongera gukora ibindi bitero mu Burundi uvuye mu mu misozi ya teritware ya Uvira, Fizi na Mwenga, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Gusa waje ku rwanya Abanyekongo ba Banyamulenge baturiye Rurambo, Minembwe na Mibunda ndetse na Bibogobogo, uza no gusenyera Abanyamulenge ahanini mu Rurambo na Mibunda.

Nyuma y’ubu ahagana mu mwaka w’2021 ubwabo abagize uyu mutwe baje kugira umundyane basubiranamo bapfa ibya moko ari nabyo byasize uwari umuyobozi mukuru w’igisirikare mu mutwe wa Red Tabara yirukanwe atsimburwa na Jean Claude Nibigira bakunze kwita Bayaga. Ibikorwa bya operasiyo bihabwa Nicholas Niyukuri Alias wari waramamaye kw’izina rya Gisiga, mugihe Reveriyano waje kwicirwa hamwe na Gisiga bazira kuba bashaka guhindura umutwe wa Red Tabara we yari yarahawe inshingano zo kugenzura ibikoresho by’agisirikare byose mu mutwe wa Red Tabara.

Gusa urupfu rwa Nicholas Niyukuri Alias Gisiga n’u rwa Reveriyano ntiruvugwaho rumwe kuko hari amakuru amwe avugako boba barazize ko ari Abatutsi.

Bikaba bizwiko uy’u mutwe washinzwe na Alexis Sindihije uherereye mu Gihugu c’u Bubiligi.

Bruce Bahanda.

Tags: AbariboIfunga imipaka ihuza u Rwanda n'u BurundiKwisongaRed tabaraUmutwe wa Red Tabara
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post

Mu gihe ihuriro ry'Ingabo za RDC, zikomeje gusuka ibisasu biremereye i Masisi, SADC yo ntivuga rumwe n'ubuyobozi bw'Ingabo za FARDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?