Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umutwe wa Red Tabara, uri kwisonga mu byatumye leta ya Bujumbura ifunga imipaka iruhuza n’u Rwanda, menya Red Tabara abaribo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 13, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe wa Red Tabara, ugamije gushiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa Bujumbura, uri kwisonga mu bya tumye leta ya Bujumbura ifata icyemezo cyihuse cyo gufunga imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Mu ijambo risoza umwaka w’2023, perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, yagejeje ku baturage baturiye i Gihugu c’u Burundi, yashinje Kigali gufasha no gucumbikira Inyeshamba za Red Tabara.

Yagize ati: “Ntako tutagira ngo tubane neza n’u Rwanda ariko twaje gusanga u Rwanda rudehenda . U Rwanda ru cyumbikiye Red Tabara kandi rufasha uy’u mutwe uzwiho kw’ica abaturage b’u Burundi.”

Nyuma y’ijambo rya Evariste Ndayishimiye, tariki ya 11/01/2024, leta y’igihugu cye yafashe ingingo y’ihuse yogufunga imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi. Gusa Guverinoma ya Kigali yatangaje ko ibabajwe nibyo u Burundi bwakoze byo gufunga imipaka ihuza ibihugu byombi ko kandi ibyo bakoze binyuranye n’amategeko agenga umuryango w’Afrika y’iburasirazuba (EAC).

Aharero twahisemo ku babwira Red Tabara uko yabayeho nicyo igamije?

Red Tabara ni umutwe w’inyeshamba ugizwe n’Abarundi badashigikira imiyoborere y’i Shyaka riri k’ubutegetsi mu Burundi rya CND FDD.

Uy’u mutwe wabayeho k’uva mu mwaka w’2011, wavutse witwa Fronabu Tabara, igitero cya mbere uyu mutwe wagabye mu Burundi hari mu mwaka w’2014, ikigaba mu Ntara ya Cibitoki. Iki gitero wa kigabye uva muri RDC.

Gusa n’ubwo perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye ahuza abashatse guhirika u butegetsi bw’u Burundi na Red Tabara, ariko sibyo kuko umusirikare washatse guhirika ubutegetsi bw’u Burundi ari Gen Godfroid Niyombare.

Ahagana mu mwaka w’2017 uy’u mutwe waje gukomera wongera gukora ibindi bitero mu Burundi uvuye mu mu misozi ya teritware ya Uvira, Fizi na Mwenga, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Gusa waje ku rwanya Abanyekongo ba Banyamulenge baturiye Rurambo, Minembwe na Mibunda ndetse na Bibogobogo, uza no gusenyera Abanyamulenge ahanini mu Rurambo na Mibunda.

Nyuma y’ubu ahagana mu mwaka w’2021 ubwabo abagize uyu mutwe baje kugira umundyane basubiranamo bapfa ibya moko ari nabyo byasize uwari umuyobozi mukuru w’igisirikare mu mutwe wa Red Tabara yirukanwe atsimburwa na Jean Claude Nibigira bakunze kwita Bayaga. Ibikorwa bya operasiyo bihabwa Nicholas Niyukuri Alias wari waramamaye kw’izina rya Gisiga, mugihe Reveriyano waje kwicirwa hamwe na Gisiga bazira kuba bashaka guhindura umutwe wa Red Tabara we yari yarahawe inshingano zo kugenzura ibikoresho by’agisirikare byose mu mutwe wa Red Tabara.

Gusa urupfu rwa Nicholas Niyukuri Alias Gisiga n’u rwa Reveriyano ntiruvugwaho rumwe kuko hari amakuru amwe avugako boba barazize ko ari Abatutsi.

Bikaba bizwiko uy’u mutwe washinzwe na Alexis Sindihije uherereye mu Gihugu c’u Bubiligi.

Bruce Bahanda.

Tags: AbariboIfunga imipaka ihuza u Rwanda n'u BurundiKwisongaRed tabaraUmutwe wa Red Tabara
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post

Mu gihe ihuriro ry'Ingabo za RDC, zikomeje gusuka ibisasu biremereye i Masisi, SADC yo ntivuga rumwe n'ubuyobozi bw'Ingabo za FARDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?