
Inteko ishinga amategeko y’igihugu ca Etipie yemeje ko inyeshamba zomumutwe wa TPLP(Tigray People Liberation Front), zitazongera kwitwa “Umutwe witerabwoba.”
Iyintambwe ikaba yashimishije benshi muri Ethiopie .
Yanditswe na Bruce Bahanda, none tariki 22.03.2023, kwisaha ya 5:08Pm Kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Ibi biganiro byahuje abagize inteko Ishinga amategeko y’igihugu ca Ethiopie yateranye none tariki 22.03.2023, bemeza gukuraho abo mumutwe wa TPLF bo muri Tigray ku rutonde rw’imitwe y’iterabwoba ikorera muri iki gihugu ca Ethiopie.
Uy’umwanzuro watowe n’abashingamategeko benshi, ugeranyije n’abatawushyigikiye, nk’uko iyinteko yarangije irabitangaza.
Bagize bati: “Inteko ishinga amategeko yemeye umwanzuro wo kutazongera kwita uyumutwe wa TPLF izina ry’iterabwoba, uyumwanzuro watowe ku bwiganze.”
Umutwe wa TPLF warumaze imyaka ibiri ihanganye n’ingabo za Ethiopia uyumunsi ba kuwe kuru rutonde hashingiwe ku myanzuro yafatiwe mu mishyikirano yahuje impande zombi, bigizwemo uruhare n’umuryango wa Afurika yunze ubumwe, AU.
Muri iyi myanzuro, TPLF yemeye guhagarika imirwano, kurambika intwaro no kuzishyikiriza Leta. Leta na yo yemeye kurinda umutekano w’abo muri Tigray n’imitungo yabo.




