
Umutwe wa Red tabara, warashe abaturage bari baremuye isoko ya Gatanu ko Mugashasha.
Yanditswe na Bruce Bahanda, none tariki 07.04.2023, saa 6:30 PM, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Amakuru ava mumisozi miremire y’Imulenge mugace ko Mubikuba, homuri Kivu yamajyepho muri Teritware ya Mwenga, umutwe w’inyeshamba zo mumutwe wa Red tabara ukomoka mugihugu c’Uburundi barasheho abaturage bari baremuye isoko ya Gatanu ko Mugashasha.
Nkuko byavuzwe bavuze ko umutwe wa Red tabara, warashe abaturage ubwo bavaga mwisoko ya Gatanu, abarashweho barahunga nabaturage berekeza ga za Mikenke barihafi kugera za Bikuba, kubwamahirwe byavuzwe ko ntamuntu wapfuye kandi ntanuwakomeretse ariko bamwe mubikanze ubwo bahungaga harabataye ibintu harimo ibyo baguze mwisoko.
Isoko ya Gatanu yahoze iremera kwa Barita mumyaka yashize icogihe bayitaga Iposho nyuma iza kwimurirwa Mugashasha nibwo yahindutse Agatanu.
Iyisoko ikunze kurema mo Ababembe bava Mikenke Apfurero ndetse nabava Birarombili Nigatanda nab’Abanyalulenge nabo barema iyo Soko nkuko twabibw’iwe kuri Minembwe Capital News.
Umutwe wa Red tabara, ushinjwa Ubwicanyi nubugizi bwanabi kubwiko bw’Anyamulenge mubice bya Minembwe, Bibogobogo, Mibunda na Rurambo ho muri Teritware ya Uvira.
Red tabara yinjiye kubutaka bw’aCongo ahagana mumwaka wa 2018.





Mu Gashasha ni muri territoire ya Mwenga, secteur d’Itombwe.
Ntabwo ari muri territoire ya Fizi.