• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, December 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umutwe w’Itwa Seleka Ukomoka Muri Centrafrique Urashinjwa Gushimuta Abana 25 Barimo Abakobwa 7 Muri Bas Uele Ho Muri Congo.

minebwenews by minebwenews
March 1, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muri Republika iharanira Democrasi Ya Congo, byatangajwe ko Abana 25 bashimuswe nabantu batazwi hafi naho iki gihugu ca Congo gihana imbibi na Republika ya Centrafrique.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Amakuru Minembwe Capital News, ikesha Radio yabafaransa RFI, nuko byamaze kumenyekana ko abantu bitwaje imbunda bibasiriye abasivili mu burasirazuba bw’iki gihugu ca Congo Kinshasa, mukarere ka Bas-Uélé, gahana imbibi na Repubulika ya Centrafrique, abana 25.

Murabo bana makumbyabiri nabatanu barimo abakobwa 7, akaba aribo bamaze gutangazwa ko bashimuswe n’abantu bitwaje imbunda mumihana itatu ariyo: “Namongu, Zamwa na Banda, ho muri Bas Uele”

Iperereza ryakozwe mugihe abakoze iki gikorwa cubunyamanswa basabye banyiri miryango yaba bana ba bakobwa nabahungu, mukubasaba ikiguzi cangwa ingwate kugira babashe kubarekura. Ariko kandi abaturiye aka karere bakavuga ko kugira hamenyekane neza aho baba baherereye bikiringora bahizi muri leta ya Président Félix Antoine Tshisekedi.

Mubushakashatsi bumaze gukorwa nkuko tubikesha Radio RFI, abana bamaze gushimutwa barihagati y’imyaka icumi kugeza kuri cumi n’umunani.

Ikindi nuko bikekwa ko bafashwe n’inyeshyamba zo mumutwe wa Seleka, ukomoka muri Repubulika ya Centrafrique, bikavugwa ko binjiriye mumihana itatu ari yo Namongu, Zamwa na Banda basahura amazu n’amaduka byabaturage bomuraka gace.

Umuyobozi wa Société civile muri aka gace Théophile Zangwina yagize ati: “Ibi bintu ntibyatangiriye hano mu gace ka Banda honyine , ahubwo byatangiriye hafi numuhana uri mubirometere 22 na Banda nawo wegereye umuhana wa Namungu, aho bashoboye gushimuta abana ndetse no gusahura abaturage.”

Yakomeje avuga ko “Ati kubera umutekano muke urangwa muraka gace, habayeho gutinya kwandikisha abatora (Enrôlement), ikindi nuko uturere twinshi tutarabona ibikoresho kubera ubwoba butegwa numutekano muke urangwa murutwo duce.”

Maze arangiza asaba leta ya Republika iharanira Democrasi Ya Congo ati: “Leta yacu yagakwiye kongera ingabo za FARDC muri aka gace, bitabaye ibyo, bizaba bibi kurushaho, niyo mpamvu twaganiriye na ANR na FARDC, ku ibikoresho bya Ceni ko bigomba kurindwa mbere yuko bigera kuma Centre d’enrôlement yo muri utu turere.”

Abakozi ba leta y’Ikinshasa bakorera muribi bice babwiye itangaza makuru ko hagiye gukorwa ibishoboka abagizi banabi bagafatwa ninzego zishinzwe umutekano no gushakisha uburyo abashimuswe bagaruka mumiryango yabo.

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Ubu Mukagoroba Kajoro I Goma Bamaganye Urugendo Rwa Emmanuel Macron Mugace Kitwa Majengo Na Mutinga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?