
Major Willy Ngoma, yahishuye impamvu Amnesty International, irega M23 Ubwicanyi muri Eastern ya Drc.
Umuryango mpuzamahanga wa Amnesty International, icegeranyo iheruka gusohora harimo ko , M23 yafashe kungufu abagore barenga 66, muturure harimo ngo na Kishishe na Bambo.
Uyu muryango kandi uvuga ko hari abantu 12 waganiriye nabo bava muturere twavuze haruguru biyemerera ko bafashwe kungufu nabantu ba M23.
Amnesty International, ikavuga ko M23 yafashe aba bagore kungufu murwego rwokwihorera ngu kuko utuduce twakunze gucumbikira FDLR .
Mubatanze ubuhamya yagize ati : “Barinjiye bica abagabo barindwi, barangije badusambanya kumbaraga. ati kandi batwita twese FDLR ngukuko tubacumbikira.”
Umuvugizi mubyagisirikare w’Umutwe wa M23, Major Willy Ngoma, aganira nitangaza makuru rya BBC, yababwiye ko rapport nshya ya Amnesty International, igamije kwambika icaha umutwe wa M23, yagize ati : “Ibi nibinyoma bigamije kudusiga icaha , M23 igira igisirikare c’iyubashe buriwese arabizi.”
Akomeza agira ati : “Imikorere yacu ntaho ihuriye nogufata kungufu, twe turengera abaturage barenganwa. Abakobwa baturiye aka karere barakenye igihe cose bahuye nushaka kuduharabika arabashuka bagakora ico ushaka.”