• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuvugizi wa M23, Lawrence Kanyuka, yagize icyavuga ku Ishyaka rya vutse rigamije gushiraho iherezo ubutegetsi bwa Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
December 15, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuvugizi wa M23, mu bya politike, Lawrence Kanyuka, yagize icyo avuga ku mutwe wa politike wavutse ugamije gushiraho iherezo ubutegetsi bwa Kinshasa.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Ni umutwe wavutse, kuri uyu wa Gatanu, tariki 15/12/2023, uvukiye i Nairobi, mu gihugu cya Kenya.

Uriya mutwe nk’uko bya tangajwe uhagarariwe na Corneille Nangaa, w’igeze gukurira Komisiyo y’Amatora muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, ahagana mu mwaka w’2018. Mumuhango wogushira uriya mutwe wa politike hanze Berterand Bisimwa wa M23, ya witabiriye.

Bwana Lawrence Kanyuka, akoresheje urubuga rwa X, yagize ati: “Uy’umunsi turahamagarira, Amashyaka ya politike, Sosiyete n’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, kuza kw’iyunga natwe.”

“Platform yacu yitwa ‘Alliance Fleuve Congo,’ mu magambo ahinye ni AFC.”

“Ahanini turashaka kuburira, aba bakurikira kugira baze kw’iyunga natwe: ‘Amashyaka ya politike, Sosiyete sivile, Abagize amatsinda yo kw’irwanaho muri Repubulika ya demokarasi ya Congo abagize ubuyobozi bw’imiryango(Mutualite).”

“Nongeye gushimangira ibi: ‘Mwese mwe mukunda igihugu nabifuza impinduka ku gihugu cyacyu,’ murahamagariwe kuza kw’iyunga natwe. Turashaka kubaka igihugu gifite umurongo mwiza ugamije kuzana amahoro n’iterambere ry’Abaturage.”

Lawrence Kanyuka, yarangije yifuriza abanye-kongo bise, kugira igihugu gifite demokarasi.

Corneille Nangaa, wari umuyobozi Mukuru mu kirori cyo kumurika uriya mutwe wa politike(Alliance Fleuve Congo), ugamije gushiraho iherezo leta ya Kinshasa, yatangaje ko bamaze kw’iyunga n’imitwe ya politike ikorera muri RDC, 17.

Bruce Bahanda.

Tags: Lawrence KanyukaUmutwe wa PolitikeUmuvugizi wa M23Yagize icyo avuga
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post

Maï Maï, FDLR n'Imitwe igizwe n'Insoresore z'Abarundi, bisuganije kongera kugaba ibitero mu Banyamulenge.

Comments 1

  1. tlovertonet says:
    2 years ago

    What i don’t realize is in reality how you are no longer actually much more neatly-preferred than you may be now. You are so intelligent. You realize therefore significantly with regards to this matter, produced me in my view consider it from numerous numerous angles. Its like women and men don’t seem to be interested unless it is something to accomplish with Woman gaga! Your own stuffs outstanding. At all times take care of it up!

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?