Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, major Willy Ngoma, yahaye ubutumwa ubutegetsi bwa Kinshasa, nyuma y’ibitero bagabweho.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 17, 2024
in Regional Politics
1
Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, major Willy Ngoma, yahaye ubutumwa ubutegetsi bwa Kinshasa, nyuma y’ibitero bagabweho.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, major Willy Ngoma, yamenyesheje ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ko ba bonye ubutumwa bwabo ko kandi nabo bagiye kubasubiza

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ibi yabivuze nyuma y’uko ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa zagabye igitero ku Ngabo z’u mutwe wa M23 kiza gusiga gihitanye abasirikare ba biri ba M23 bafite ipeti rya Colonel.

N’imu bitero ihuriro ry’Ingabo za RDC zagabye zikoresheje drone mu bice bigenzurwa n’Ingabo zitiriwe Ishamba ry’Isarambwe, muri teritware ya Masisi.

Major Willy Ngoma, yagize ati: “Ubutumwa two hererejwe n’ihuriro rigizwe na Guverinoma ya Kinshasa, burasobanutse kandi natwe tugiye gufata izindi ngamba.”

Yakomeje agira ati: “Turi teguye intare zisarambwe, zi fite morale nyinshi. Intambara tuzayitsinda ijana kw’ijana.”

Ibi kandi bya shimangiwe n’itangazo umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka yashize hanze ahagana isaha z’igitondo.

Rimenyesha ko ihuriro ry’Ingabo za RDC zarenze ku masezerano yo guhagarika intambara bagaba igitero mu birindiro byabo bihitana abasirikare babo ba biri ba bakomanda.

Itangazo rikomeza rivuga ko umutwe wa M23 wakuye ubutumwa kuri cyo gitero bagabweho ko kandi nabo bagiye kugira icyo bakora.

N’ubwo abavugizi ba M23 batashize amazina yabakomanda babo baguye mu mirwano mu makuru avugwa ku mbuga nkoranya mbaga avuga ko mu bapfuye harimo Colonel Castro Elise Mberabagabo, wari ushinzwe iperereza mu mutwe wa M23 na Colonel Bahati.

Amakuru kandi avuga ko biriya bitero ihuriro ry’Ingabo za RDC ba bi gabye ku wa Kabiri, tariki ya 16/01/2024.

Bruce Bahanda.

Tags: Major Willy NgomaNyuma y'ibitero bagabwehoYahaye ubutumwa ubutegetsi bwa Kinshasa
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Ibitero by’ejo hashize byongeye gukara ku mpande zose zirwana hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC.

Ibitero by'ejo hashize byongeye gukara ku mpande zose zirwana hagati ya M23 n'ihuriro ry'Ingabo za RDC.

Comments 1

  1. BIKINO FABRICE says:
    2 years ago

    Courage mukazi mukora turikumwe igihe cyose thanks!

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?