Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka yagize icyavuga ku muganda ugize igihe ukorwa ku bufatanye bwa M23 n’abaturage.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 9, 2024
in Regional Politics
0
Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka yagize icyavuga ku muganda ugize igihe ukorwa ku bufatanye bwa M23 n’abaturage.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuganda wakozwe kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 09/03/2024, ukozwe ku bufatanye bw’i ngabo za M23 n’abaturage, wa bereye ku muhanda w’ibitaro bikuru bya Rutsuru(Hospital General de Référence de Rutsuru).

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni umuganda usanzwe ukorwa umunsi umwe mu Cyumweru, ku bufatanye bw’Ingabo za M23 n’abaturage baturiye ibice bimaze kwigarurirwa n’igisirikare kigize uyu mutwe wa M23.

Bivugwa ko uwo muganda, ukorwa buri wa Gatandatu. Uyu munsi ukaba wakorewe muri ibyo bice biherereyemo ibitaro bikuru byo muri teritware ya Rutsuru.

Mu butumwa bwa tanzwe n’umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, yavuze ko uyu muganda ukorwa nkunsanganyamatsiko igira iti: “Ni shingiro ry’indanga gaciro zacu, duteza imbere kubana no kwishirahamwe mu baturage bacu.”

Ubu butumwa bwatanzwe na Lawrence Kanyuka, buvuga ko ibyo bakora biba binyuranye n’ibyo ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bukora ngo kuko ubwo butegetsi bwo, bigisha inzangano n’amacakubiri mu moko aturiye igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Kanyuka yakomeje agira ati: “Twe dutsimbataza umuco w’ubumwe n’ubufatanye. Hamwe twese n’abaturage twu baka ibiraro, n’ibindi biba byarangiritse! Avuga kandi ko bashishikariza abantu gukorera hamwe no kuba umwe, mu rwego rwo kugira ngo habe iterambere rya bose.

Yakomeje avuga ko “Umuganda bakora ko ari urumuri rw’u mucyo, ko kandi kuwukora byerekana ko M23 yiyemeje gutegura ejo hazaza, ndetse ko buriwese yagira uruhare mu guteza imbere akarere n’abaturage muri rusange.”

Ubu butumwa bwa Lawrence Kanyuka busoza buvuga ko “bahanganye na propaganda z’u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi zishingiye ku rwango, ariko ko bo bahisemo kubaka urwego rukomeye rw’imibereho, ishingiye ku kubahana no kubana mu mahoro.”

       MCN.
Tags: RutsuruUbutumwaUmuganda
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Paul Kagame, w’u Rwanda, yasabye abanyamuryango ba RPF Inkotanyi, gutekereza kuza mutsimbura.

Perezida Paul Kagame, w'u Rwanda, yasabye abanyamuryango ba RPF Inkotanyi, gutekereza kuza mutsimbura.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?