• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka yagize icyo avuga kuri Genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, ndetse niri gukorwa mu Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
April 5, 2024
in Regional Politics
0
Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka yagize icyo avuga kuri Genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, ndetse niri gukorwa mu Burasirazuba bwa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka yibukije amahanga ko kutubahiriza amasezerano kwayo biri mu byatumye Genocide mu Rwanda iba ko kandi no muri Congo iri gukorwa.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Bikubiye mu butumwa Kanyuka yashize hanze kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 05/04/2024.

Ubutumwa bwa Kanyuka butangiza buvuga ko genocide ‘ita zongera kubaho,’ avuga ko ibi bitari amagambo gusa ko ahubwo byari isezerano ryatanzwe nyuma ya genocide yakorewe Abayahudi ndetse kandi na nyuma ya Genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.

Ubutumwa bwa Kanyuka buvuga ko n’ubwo iyi ndahiro ikomeye amateka yagiye yisubiramo mu buryo butandukanye ariko ko hakenewe kwishyirwa mungiro ndetse hagafatwa n’izindi ngamba zifatika.

Iyo dutekekereza kwibuka ku nshuro ya 30 genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, bigaragara ko kuba amahanga atarubahirije aya masezerano byagize ingaruka mbi mu mateka y’isi.

Kanyuka akomeza avuga ko umuryango mpuzamahanga n’ubu wa cecetse mu gihe cya genocide yakorewe Abatutsi ndetse n’ubu ukaba ugikomeje guceceka kandi FDLR (Abakoze genocide mu Rwanda) n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa cyane cyane FARDC, Wazalendo, ingabo z’u Burundi na SADC, bari gukora Genocide no kuyigisha mu baturiye u Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ubu tumwa bwa Lawrence Kanyuka bukomeza buvuga ko bagikomeje kwibutsa amahanga ko abakoze genocide mu Rwanda bifatanije n’ubutegetsi bwa Kinshasa mu kwica abasivile ba Batutsi no kubasenyera no gucyengeza ingengabitekerezo ya genocide ndetse kubu bamaze gutoza Abanyekongo kurya abandi.

Kanyuka yavuze kandi ko imvugo ivuga ngo genocide ntizongera (Never again) ikwiye guhabwa agaciro ndetse igaharanirwa.

Ubutumwa bwa Kanyuka busoza buvuga ko ubufatanye bwa FDLR na perezida Félix Tshisekedi amahanga agomba kubikurikirana kandi akabaryoza ibyaha bakora birimo kwica, gufata abagore ku ngufu no gukora andi mabi ashingiye ku kwigisha urwango ku Banyekongo bavuga ururimi rw’ikinyarwanda.

Yagize ati: “Guceceka kw’amahanga ntiguhishira abakoze genocide gusa, kuko binatesha agaciro imbaraga zo kwimakaza amahoro, umutekano n’ubwiyunge mu karere k’ibiyaga bigari. Umuryango mpuzamahanga ukwiye gufata ingamba zihamye bagafatira ibihano Tshisekedi na FDLR, ndetse na Monusco kubera ko ishigikira ihuriro ry’Ingabo zu butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.”

                MCN.
Tags: AbatutsiGenocideKanyukaUbutumwaUmuvugizi wa M23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Mu Ntara ya Ituri, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, aka kanya hamaze kubera impanuka y’indege.

Mu Ntara ya Ituri, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, aka kanya hamaze kubera impanuka y'indege.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?