Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, yahishuye ko abaturage benshi ko ko bongeye kurushaho kuyoboka umurongo w’uyu mutwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 12, 2024
in Regional Politics
0
Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, yahishuye ko abaturage benshi ko ko bongeye kurushaho kuyoboka umurongo w’uyu mutwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, yavuze ko umurongo mwiza wa politike ARC/M23, ifite utuma abasevile barushaho gukomeza kuyiyoboka.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni nyuma y’uko M23 ikoresheje ibiganiro mu baturage baturiye localite ya Nyamirazo, i Shasha no muri Mushaki, muri teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ibi biganiro byahuje abasivile na M23, bikaba byarabaye ku Cyumweru, tariki ya 10/03/2024,nk’uko bya hamijwe n’umuvugizi wa M23 mu bya politike. Yanemeje neza ko nyuma yibyo biganiro ko byatumye abaturage barushaho kugana M23.

Mu butumwa bugufi Lawrence Kanyuka yatanze akoresheje urubuga rwa X, yagaragaje ko “urukundo M23 idahwema kwereka abenegihugu, rutuma abasivile barushaho gushigikira politike yayo. Ubusabane hagati y’ingabo z’uyu mutwe n’abaturage, bishimangira ubumwe bwacu, kandi bigaragariza icyizere ko kigenda cyiyongera kubyo bahuriyeho.”

Lawrence Kanyuka, yakomeje agira ati: “Turashimira byimazeyo ingabo za M23, zidacogora mu kurinda abaturage ba basivile. Ubwitange bwabo mu kubungabunga amahoro n’umutekano birushaho kuba byiza mu bice bagenzura.”

Yasoje ashimangira ati: “Twese hamwe n’ingabo zacu, turimo kubaka ejo hazaza heza hi gihugu giteye imbere, aho buri muturage azabashobora gutura mu bwisanzure no mu mutekano mwiza.”

Ibi umuvugizi wa M23, yabivuze mu gihe barushijeho kongera gufata indi mijyi ikomeye yo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ni mu mirwano ikaze iheruka kuba muri kiriya Cyumweru dusoje.

                MCN.
Tags: AbaturageKuyoboka M23Lawrence KanyukaM23
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Urukiko rurengera itegeko nshinga muri RDC, rwirukanye abadepite bagera kuri 49 muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, haza abandi bashya.

Urukiko rurengera itegeko nshinga muri RDC, rwirukanye abadepite bagera kuri 49 muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, haza abandi bashya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?