• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuvugizi wa M23 mu bya politike Lawrence Kanyuka, yavuze ikigiye gukurikiraho nyuma y’uko abasivile bakomeje kwicwa mu mujyi wa Goma.

minebwenews by minebwenews
April 14, 2024
in Regional Politics
0
Umuvugizi wa M23 mu bya politike Lawrence Kanyuka, yavuze ikigiye gukurikiraho nyuma y’uko abasivile bakomeje kwicwa mu mujyi wa Goma.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka yagize icyavuga ku bwicanyi bumaze iminsi buvugwa i Goma, ku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Ni mu butumwa bugufi Lawrence Kanyuka yatanze akoresheje urubuga rwa x, muri ibi bihe gupfa kw’abasivile mu mujyi wa Goma bisa nibyabaye nko gukina.

Mu minsi itarenze icyumi gusa, abantu icyumi nabane bamaze kwicirwa mu mujyi wa Goma bamwe barashwe abandi bagaterwa amabuye. Abagaragajwe bakora ibyo bikorwa harimo Wazalendo n’abasirikare ba FARDC.

Kuri ibyo umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka yatanze ubutumwa bwanditse bugufi, avuga ko igihe kigeze kugira ngo bo, bahagarike ubwo bwicanyi bukorerwa abasivile i Goma.

Yagize ati: “Igihe kirageze ngo duhagarike ubwo bwicanyi buri gukorerwa mu mujyi wa Goma.”

Bwana Lawrence Kanyuka yanavuze ko ubwo bwicanyi bukorwa n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ati: “Ni ubwicanyi bukorwa n’ingabo za bwana Tshisekedi Tshilombo.”

Ku munsi w’ejo hashize undi muntu yiciwe i Goma arashwe, amakuru yahise avuga ko ari umusirikare wa FARDC warashe umu motari ku manywa y’ihangu.

Ibyo byabaye ahagana isaha za saa tanu z’igitondo. Bigeze isaha z’igicamunsi cyo kuri uwo munsi wa Gatandatu hatoraguwe undi murambo w’u mugore ariko ntihamenyekana icyaba cya mwishe.

Ikibazo cy’u mutekano muke i Goma kimaze gufata indi ntera, ubutegetsi bwa Gisirikare muri Kivu y’Amajyaruguru bwa bujije urubyiruko rwahawe imbunda ruzwi nka Wazalendo, kutazongera kuzigerana mu mujyi.

         MCN.
Tags: I GomaIki giye gukurikiraho nyuma y'uko abasivile bakomeje kwicwaLawrence KanyukaUmuvugizi wa M23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Perezida wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yasubitse urugendo nyuma y’uko yari amaze kumenya ko Iran yagabye ibitero bikomeye kuri Israel.

Perezida wa leta Zunze Ubumwe z'Amerika, yasubitse urugendo nyuma y'uko yari amaze kumenya ko Iran yagabye ibitero bikomeye kuri Israel.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?