Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, yavuze ikiri bukurikireho nyuma y’uko ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa bongeye kugaba ibitero.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 20, 2024
in Regional Politics
0
Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, yavuze ikiri bukurikireho nyuma y’uko ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa bongeye kugaba ibitero.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 20/02/2024, habaye imirwano hagati ya M23 n’Ingabo ziri mu ihuriro ry’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni urugamba rwa bereye muri axe ya Bwerimana, muri Grupema ya Mupfunyi, teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Avuga ko iyo mirwano yabereye ku dusozi twa Ndumba hafi ya Nyamubingwa mu ntera y’ibirometro nka 3 uvuye muri centre ya Bwerimana na Kabushumutwe hafi ya Kabase mu birometro nka 7.

Nk’uko amakuru yavuzwe n’abaturiye teritware ya Masisi bavuze ko iyo imirwano y’ubuye mu masaha y’igitondo cya kare nk’ahagana isaha ya samoya ku masaha ya Minembwe na Goma.

Bakemeza ko ari bitero bya gabwe n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta bagabye ahari ibirindiro bya M23 mu rwego rwo kugira bisubize ibice bambuwe n’uwo mutwe.

K’urundi ruhande umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka yashize inyandiko hanze igihe c’isaha ya saa munani zo ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri, avuga ko ingabo za FARDC n’abambari babo ko bongeye gutera ibisasu biremereye mu baturage baturiye agace ka Nyakajanga.

Ibyo bitero yavuze ko bikomeje kwa ngiriza ibikorwa remezo by’abaturage. Yakomeje avuga ko ingabo abereye umuvugizi ko zitazakomeza kwihanganira ubugizi bwa nabi bukorerwa abasivile, kandi bukozwe n’ingabo zakagombye kurengera abaturage.

Kanyuka yasoje avuga ikiri bukurikireho ko ari ugucyeceka imbunda zirasa mu baturage.

           MCN.
Tags: Bagabye ibiteroBwerimanaLawrence KanyukaNyuma y'uko ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa KinshasaUmuvugizi wa M23Yavuze ikiri bukurikireho
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Haravugwa impinduka muri Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Haravugwa impinduka muri Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?