• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, yavuze ikiri bukurikireho nyuma y’uko ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa bongeye kugaba ibitero.

minebwenews by minebwenews
February 20, 2024
in Regional Politics
0
Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, yavuze ikiri bukurikireho nyuma y’uko ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa bongeye kugaba ibitero.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 20/02/2024, habaye imirwano hagati ya M23 n’Ingabo ziri mu ihuriro ry’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Ni urugamba rwa bereye muri axe ya Bwerimana, muri Grupema ya Mupfunyi, teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Avuga ko iyo mirwano yabereye ku dusozi twa Ndumba hafi ya Nyamubingwa mu ntera y’ibirometro nka 3 uvuye muri centre ya Bwerimana na Kabushumutwe hafi ya Kabase mu birometro nka 7.

Nk’uko amakuru yavuzwe n’abaturiye teritware ya Masisi bavuze ko iyo imirwano y’ubuye mu masaha y’igitondo cya kare nk’ahagana isaha ya samoya ku masaha ya Minembwe na Goma.

Bakemeza ko ari bitero bya gabwe n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta bagabye ahari ibirindiro bya M23 mu rwego rwo kugira bisubize ibice bambuwe n’uwo mutwe.

K’urundi ruhande umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka yashize inyandiko hanze igihe c’isaha ya saa munani zo ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri, avuga ko ingabo za FARDC n’abambari babo ko bongeye gutera ibisasu biremereye mu baturage baturiye agace ka Nyakajanga.

Ibyo bitero yavuze ko bikomeje kwa ngiriza ibikorwa remezo by’abaturage. Yakomeje avuga ko ingabo abereye umuvugizi ko zitazakomeza kwihanganira ubugizi bwa nabi bukorerwa abasivile, kandi bukozwe n’ingabo zakagombye kurengera abaturage.

Kanyuka yasoje avuga ikiri bukurikireho ko ari ugucyeceka imbunda zirasa mu baturage.

           MCN.
Tags: Bagabye ibiteroBwerimanaLawrence KanyukaNyuma y'uko ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa KinshasaUmuvugizi wa M23Yavuze ikiri bukurikireho
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Haravugwa impinduka muri Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Haravugwa impinduka muri Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?