Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuvugizi wa M23 mu bya politike,yahamije ko drone y’ihuriro y’Ingabo za RDC na SADC iri kwica abaturage i Masisi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 19, 2024
in Regional Politics
0
Umuvugizi wa M23 mu bya politike,yahamije ko drone y’ihuriro y’Ingabo za RDC na SADC iri kwica abaturage i Masisi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bw’u mutwe wa M23, burashinja ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo kurasa ibisasu mu mihana ituwe n’Abaturage.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni munyandiko umuvugizi wa M23 amaze gushira hanze kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 19/01/2024, ziherekejwe n’Amaphoto agaragaza ibyangirijwe n’amasasu yarashwe na Drone yo mu bwoko bwa CH-4, y’igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, yagize ati: “Turamenyesha rubanda ibi bikurikira:”

“Ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa, FARDC, FDLR, Abacanshuro n’Ingabo z’u Burundi hamwe na SADC, bakomeje kwica Abasivile muri teritware ya Masisi.”

“Mu ijoro ryakeye, bakoresheje drone z’intambara barasa ibisasu ahatuwe n’abaturage, barasa Inka za baturage zirapfa, basenya amazu, amaduka ndetse n’uruganda rwa foromage.”

“M23 iributsa imiryango y’imbere mu Gihugu n’imiryango Mpuzamahanga ko izo drone zidakora ibitero bya gisirikare.”

Yasoje avuga ko ingabo za M23 zo zikomeje kurinda abaturage.

Ati: “Ingabo za M23 zikomeje kurwana kubaturage n’ibyabo.”

Amashusho agaragaza ibyangirijwe n’ibisasu by’ihuriro ry’Ingabo za RDC agaragaza ubukana budasanzwe, aho ubona byarimo bisenya kubi.

Amakuru yizewe Minembwe Capital News ikesha bamwe mu baturage baturiye ibyo bice, bahamije ko Inka z’Abaturage bo mu bwoko bw’Abatutsi zongeye gupfa ku bwinshi zicwa n’ibisasu by’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa harimo na SADC.

Bruce Bahanda.

Tags: Iri kwica abaturage i MasisiLawrence KanyukaUmuvugizi wa M23Yahamije ko drone y'ihuriro y'Ingabo za RDC na SADC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Mu muhango w’irahira rya Félix Tshisekedi,Joseph Kabila, wayoboye RDC Imyaka 18 yahawe ubutumire bu biri.

Mu muhango w'irahira rya Félix Tshisekedi,Joseph Kabila, wayoboye RDC Imyaka 18 yahawe ubutumire bu biri.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?