• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umuvugizi wa M23, mubya Politike yatangaje ko ingabo ze zitaja mukigo cya Rumangabo mugihe Kinshasa itarubahiriza ibyo basabwa.

minebwenews by minebwenews
June 28, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe w’inyeshamba wa M23, urwanira muburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, bavuze ko batazaja mukigo cya Rumangabo mugihe Kinshasa itarubahiriza ibyo basabwa.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Inyeshamba zo mumutwe wa M23, ibi babivuze mugihe kumunsi w’ejo hashize i Luanda hateraniye Inama yahuje imiryango itandukanye aho barimo biga kukibazo c’Umutekano muke uri Muburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo.

Basa nubundi nabasubiriyemo ko batazohereza ingabo zabo kuba by’agateganyo mu kigo cya gisirikare cya Rumangabo mu gihe ubutegetsi bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo butarubahiriza ibyo wabusabye.

Tariki ya 20/06/ 2023, Umuvugizi wa M23 mu rwego rwa politiki, Lawrence Kanyuka, yasohoye itangazo, avuga ko uyu mutwe wubahirije ibyo wasabwaga byose, bityo ko utegereje ko na Leta ya RDC yubahiriza imyanzuro y’abakuru b’ibihugu byo mu karere ka Afrika y’iburasirazuba bahuriye mu nama ya Bujumbura tariki ya 4/02/2023.

Muri iri tangazo, Kanyuka yavuze ko uyu mutwe witwaje intwaro utazemera kujya mu nkambi mu gihe hatarabaho ibiganiro hagati yawo n’ubutegetsi bwa Kinshasa, ashingiye ku myanzuro ya Bujumbura yo mukwezi Kwa kabiri.

Tariki ya 31 zukwezi Kwa Gatanu uyumwaka, abakuru b’ibihugu bongeye guhurira i Bujumbura, bavuguruye icyemezo bari barafashe cy’uko abarwanyi ba M23 bazajya kuba muri zone ya Sabyinyo, noneho banzura ko bazajya kuba by’agateganyo kuba mu kigo cya Rumangabo bagenzuraga kugeza mukwezi Kwa mbere. Ni mu gihe ubutegetsi bwa Kinshasa bwari bukomeje kurahira ko butazaganira n’uyu mutwe.

Hashingiwe kuri iki cyemezo cya vuba cy’i Bujumbura, itsinda rigizwe n’ingabo z’akarere ka Afrika y’iburasirazuba, misiyo y’amahoro y’Umuryango w’Abibumbye (MONUSCO) n’izindi ntumwa z’inzego zihuriweho z’akarere, ryasuye ikigo cya Rumangabo, rireba aho kigeze gitegurirwa M23.

Kuruyu wagatatu umuvugizi wa M23, mubya Politike Kanyuka yatangaje ko ingabo ze ko zigihagaze ku ijambo yavugiye mu itangazo ryo muminsi ishize.

Ati: “Ku byo kujya mu nkambi, uruhande rwa M23 rurasobanutse. Kuri uru rwego rushinzwe ubugenzuzi, twabandikiye amabaruwa menshi y’abavandimwe bacu bicwa n’ingabo za Leta. Ni igihe cyo kuvuga no kugira icyo dukora kuko birakabije.”

Byateganyijwe ko abarwanyi ba M23 bazamburirwa intwaro muri Rumangabo, bajyanwe mu kigo cya Kindu mu ntara ya Maniema, aho bazasubirizwa mu buzima bwa gisivili. Ibyo uyu mutwe si byo ushaka, kuko ngo bitandukanye n’isezerano Leta yawuhereye mu biganiro byabaye mbere yo kongera gufata imbunda ahagana mumpera zumwaka wa 2021.

Tags: M23RdcRumangabo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

KHARTOUM: Sudan national army commander urges young men to join the forces to fight the RSF paramilitary.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?