• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umuvugizi Wa RDC, Mu Ikiganiro N’umunyamakuru Wa Le Point. Muyaya Ati : “Dutgerejeko U Bufaransa Bufatira Ibihano Kigali.”

minebwenews by minebwenews
June 8, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muyaya Patrick, umuvugizi wa RDC yatangaje ko Igihugu cye gitegereje ko u Bufaransa butanga ibihano ku Rwanda.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Yanditswe na : Bruce Bahanda, kw’itariki 08.06.2023, saa 10:47Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Bwana Patrick Muyaya, umuvugizi wa leta ya Republika ya Democrasi ya Congo, yatangaje ko igihugu cye gitegereje kubona President Emmanuel Macron, nigihugu cye bafatira leta ya Kigali ibihano, ngo kuko Kigali ikomeje guha ubufasha umutwe witwaje imbunda wa M23, bakaba barwanira Muburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo. N’intambara yubuye mumpera z’umwaka wa 2021.

Ibi byacyiye mukiganiro Patrick Muyaya, yagiranye nitangaza makuru rya Le Point. Ubwo bari mukiganiro bwana Muyaya yasobanuye avuga ngo: “N’ubwo hafashwe imyanzuro ya Luanda na Nairobi, raporo z’urwego z’ubutasi bwa RDC zigaragaza ko Kigali, ikomeje guha ubufasha umutwe wa M23 muburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo.”

Umunyamakuru nawe yamuteye ikibazo amubaza ati: Mugihe leta y’u Rwanda itahagarika ubushotoranyi utekereza ko amahanga arimo u Bufaransa yafatira ibihano leta ya Kigali ? Muyaya yahise asubiza avuga ati: “Mubyo President Emmanuel Macron yasezeranije Ubutegetsi bwa RDC ubwo yagiriraga uruzinduko i Kinshasa harimoko bazarufatira ibihano kandi ibi yabivugiye mu ruhame.”

Umunyamakuru wa Le Point yongeraho amutera ikibazo ati: Nonese wizera amagambo Macron yavuze? Muyaya ati: “Kuri twebwe, ikibazo si ukubyizera cyangwa kutabyizera. President Macron yashyizeho amabwiriza kandi natubahirizwa, hazafatwa izindi ngamba. Kuba yafata ibihano biri mu maboko ye.”

Umuvugizi Patrick Muyaya, wa leta ya Republika ya Democrasi ya Congo, yakomeje abwira umunyamakuru wa Le Point, agira ati :”Nubwo ibihano bitafatitwa abatera inkunga umutwe wa M23, igihugu cyonyine cya RDC cya kwishakira ibisubizo.”

Muyaya akomeza ati: “Ariko ukuri guhari ni uko, kuri twebwe, igisubizo kirambye kiva muri twe. Ni yo mpamvu turi kubaka igisirikare cyacu. Twemeje itegeko ry’igenamigambi, twashyizeho politiki y’igisirikare, bivuze ko uyu munsi duhanze amaso ahazaza, twizeye ko igisirikare cyacu kizakomera.”

Umunyamakuru wa Le Point arabaza kandi : Ariko se umubano wa Republika ya Democrasi ya Congo n’u Rwanda mubona uzongera kuba mwiza?

Muyaya ati: “Imishikirano y’impande zombi yabaho gusa mu gihe u Rwanda rwahagarika gufasha umutwe wa M23 kandi rugakura ingabo zarwo kubutaka bw’aCongo, mugihe bitakorwa gutyo tuzakomeza kuba abanzi.”

Gusa leta ya Kigali, ibi ibitera utwatsi ntiyemeranya na rimwe n’aya makuru ava mu butasi bwa Congo Kinshasa. Kigali ivuga ko nta bufasha ubwo ari bwo bwose iha M23, kandi ko nta ngabo zarwo ziri kubutaka bw’aCongo Kinshasa.

Kigali ikomeza igaragaza ko ibi birego ari urwitwazo rw’ubutegetsi bubi, bwananiwe gukora inshingano yabwo yo gushakira amahoro n’umutekano ubusugire bw’igihugu cyabo.

Ibihugu nk’u Bufaransa na byo byemeza ko u Rwanda rufasha M23, kandi ko rufite ingabo muri RDC. Ariko rwo ruvuga ko haba hirengagijwe ukuri ku mpamvu yatumye abarwanyi b’uyu mutwe begura intwaro, zishamikiye ku ngaruka mbi z’amateka y’akarere kuva mu gihe cy’ubukoloni.

Tags: IbihanoKigaliLe PointM23MacronRdcu Bufaransa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

KIGALI: His Excellence President Paul Kagame Of Rwanda Orders A Significant Military Purge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?