• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuvugizi w’i gisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo(Fardc), mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru yiswe umunyakinyoma.

minebwenews by minebwenews
March 27, 2024
in Regional Politics
0
Umuvugizi w’i gisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo(Fardc), mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru yiswe umunyakinyoma.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuvugizi w’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Lt Col Ndjike Kaiko Guillaume, yiswe umunyakinyoma nyuma y’uko yari amaze kwerekana abasirikare ba M23, igisirikare cye, cyafatiye kurugamba.

You might also like

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Ni mu mirwano yabereye ku misozi ya Ndumba, mu misozi ikikije centre ya Sake, mu bice byo muri Grupema ya Kamuronza,muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Iy’i mirwano yabaye kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 27/03/2024, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

Umuvugizi w’igisirikare cy’igihugu cya RDC, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru , Lt Col Ndjike Kaiko Guillaume, akoresheje urubuga rwe rwa X, yatangaje ko ingabo ninshi zo ku ruhande rwa M23 zishize mu maboko ya FARDC, maze ngo barambika imbunda hasi, aho yanerekanye amashyusho y’abasirikare babiri bambaye umwambaro w’igisirikare, bahagaze iruhande rwe.

Yagize ati: “Nyuma y’imirwano ikaze yabaye mu nkengero za Sake, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27/03/2024, abasirikare b’u Rwanda n’abafatanya bikorwa babo aribo M23 bishize mu maboko y’ingabo za FARDC, barambika n’imbunda zabo hasi.”

Ibi nibyo umurwanyi wa M23 yanyomoje abwira MCN ko ibyo umuvugizi w’igisirikare cya FARDC, Ndjike Kaiko Guillaume, arimo kwerekana “biteye isoni, ashimangira ko ay’amashyusho ara y’abasirikare FARDC yigeze kandi kwerekana mu mwaka w’ 2022, avuga ko kandi icyo gihe bavuze ko ari aba M23.

Yagize ati: “Mwabonye uburyo bwa FARDC bwo gukoresha amashyusho yo mu mwaka w’ 2022. Ibaze umuvugizi w’igisirikare cy’igihugu, nka Ndjike Kaiko Guillaume, birasekeje. Ay’amashyusho bayerekanye kandi mu mwaka w’ 2022 bavuga ko ara ya barwanyi ba M23.”

Uyu murwanyi wa M23 yanabwiye Minembwe Capital News ko M23 yafashe ibikoresho by’agisirikare byinshi mu muri iyi mirwano yazindutse ibera mu nkengero za Sake, mu birometre 27 mu Burengerazuba bw’u Mujyi wa Goma.

Iy’i mirwano ibaye no mu gihe ku munsi w’ejo hiriwe imirwano ikaze mu bice byo muri teritware ya Masisi.

M23 iracyagenzura ibice byose yari yarambuye ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa haba muri teritware ya Masisi, Rutsuru na Nyiragongo.

       MCN.
Tags: FardcLt Col Ndjike Kaiko GuillaumeMu Ntara ya Kivu y'AmajyaruguruSakeUmuvugiziYiswe umunyakinyoma
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails
Next Post
Abarwanyi ba Maï Maï, biciwe mu birombe bicukurwamo amabuye y’agaciro mu gace ka Mutcatcha.

Hamenyekanye ibindi byimbitse ku rugamba rwasakiranije Wazalendo n'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?