• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuvugizi w’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yerekanye abagabo batawe muriyombi bazira kuba intasi za M23.

minebwenews by minebwenews
March 8, 2024
in Regional Politics
0
Umuvugizi w’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yerekanye abagabo batawe muriyombi bazira kuba intasi za M23.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo cyataye muriyombi abarimo abadepite gishinja gukorana byahafi n’umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni umuvugizi w’igisirikare cya FARDC, General Sylvain Ekenge, werekanye abarimo abasivile bane, n’abadepite ba biri, bo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Uy’u muvugizi wa FARDC Gen Sylvain Ekenge avuga ko bariya bafashwe ko bashinjwa gukorera ubutasi M23 mu Mujyi wa Goma no mu nkengero zawo, ndetse ngo no gushaka abayoboke bagana uriya mutwe urwanya ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Mu makuru avugwa n’uko abo General Sylvain Ekenge yerekanye uy’u munsi bafatiwe i Goma, batawe muriyombi n’inzego zishinzwe umutekano. Gusa bikavugwa ko mu basivile berekanwe none batazwi, ndetse bakaba batari baratangajwe ubwo bariya badepite bafatirwaga i Goma mu minsi mike ishize.

Nk’uko byarimo bigaragara ku mushusho General Sylvain Ekenge yerekanye abagabo bane bambitswe imyenda y’umuhondo n’umutuku.

Muri abo harimo Hope Sabini Kibuya usanzwe ari umudepite ku rwego rw’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Umuvugizi w’igisirikare cya RDC, ya muvuzeho ko ari we wari ukuriye ibikorwa byo gushakira M23 abayoboke, kandi ko ari we wabizanyemo abo bareganwa.

Undi werekanwe ni Aliongera Alain nawe wari umudepite ku rwego rw’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Abandi, harimo uwakoraga mu by’ubukerarugendo akaba n’umujyanama wa Guverinoma mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihe undi yakoraga akazi kubumotari, akaba ngo yakoranaga n’abo batatu, nk’uko byarimo bisobanurwa na General Sylvain Ekenge.

Gusa Sabini Kibuya na Alain n’abo bareganwa, ntibigeze bahabwa umwanya ngo bisigure ku byaha bashinjwa.

Kandi, Sylvain Ekenge y’umvikanye, yita aba bagabo “abagambanyi bakorana na M23 n’igisirikare cy’u Rwanda,” aza gutangaza ko abandi bafatiwe muri ibyo bikorwa bazerekanwa ku gihe nyacyo.

Kuva abo bagabo bafashwe ntacyo ubuyobozi bwa M23 burabivugaho ko ari ababo, cyangwa baharanzwe n’igisirikare cya FARDC, nk’uko n’ubundi babikoreye abandi benshi bafungiwe i Kinshasa n’ahandi.

Amagereza menshi i Kinshasa, Goma, Bukuvu, n’ahandi, hafungiwe Abanyamulenge benshi, ahanini usanga batanagezwa imbere y’ubutabera kugira ngo ba burane. Abenshi ba bibona ko ari mu rwego rwo kugira bakomeze bafungwe kuko babaziza ubwoko bw’Abatutsi.

      MCN.
Tags: AbadepiteBarashinjwaBerekanweKinshasaKuba intasi za M23Sylvain Ekenge
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
M23 ikomeje kwerekana ubushobozi bwayo, nyuma y’uko ifashe Rwindi, yari ibirindiro n’icyumbi rya FDLR bikomeye.

M23 ikomeje kwerekana ubushobozi bwayo, nyuma y'uko ifashe Rwindi, yari ibirindiro n'icyumbi rya FDLR bikomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?