• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, December 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuvugizi w’u Rwanda Yolande Makolo, yavuze ko Victoire Ingabire, ari “umunyabyaha utajya wihana.”

minebwenews by minebwenews
March 14, 2024
in Regional Politics
0
Umuvugizi w’u Rwanda Yolande Makolo, yavuze ko Victoire Ingabire, ari “umunyabyaha utajya wihana.”
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Victoire Ingabire yiswe umunyabyaha utajya wihana, kandi washatse guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda.

You might also like

Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

AFC/M23 Yatwitse Imbunda Nini y’Ingabo z’u Burundi Yarimo Irasa mu Kibaya cya Rusizi

Umusirikare Ukomeye w’u Burundi Yiciwe mu Mirwano i Luvungi

Ni byatangajwe n’umuvugizi wa Guverinema y’u Rwanda, Yolande Makolo, aho yagaragaje ko Ingabire Victoire Umuhoza, nk’ “umunyabyaha utihana ntanabe impirimbanyi ya demokarasi.”

Yolande Makolo, yatangaje ibi nyuma y’uko Victoire Umuhoza Ingabire yari yavuze ko “atanyuzwe n’ubutabera bw’u Rwanda, bwanze ku muvanaho ubusembwa bwibyaha yashinjwaga.”

Ku wa Gatatu w’iki Cyumweru, nibwo urukiko rwateye utwatsi ubusabe bwa Ingabire Victoire, wari warusabye kumuvanaho ubusembwa, kugira azemererwe kwi yamamaza mu matora y’umukuru w’igihugu ateganijwe kuba mu kwezi kwa 7, uy’u mwaka.

Ingabire yari yarafunzwe ahagana mu mwaka w’ 2013, ahamijwe ibyaha byo kugambanira igihugu agamije ku kibuza umudendezo ndetse no kurema umutwe w’abagizi banabi, ariko akaza gufungurwa mu 2018 ku mbabazi za Perezida Paul Kagame.

Victoire Ingabire, ubwo urukiko rwari rumaze kugaragaza umwanzuro warwo wo kutamuhanaguraho ubusembwa, yagize ati: “Iyo mvuze ko tutarubaka igihugu kigendera ku mategeko ni ibi mba mvuga.”

Ibi n’ibyo umuvugizi wa Guverinema y’u Rwanda, Yolande Makolo yavuzeho, maze agira ati: “Victoire Ingabire si umuyobozi utavuga rumwe n’ubutegetsi cyangwa uharanira demokarasi. Ni umunyabyaha utajya wihana wahamwe n’icyaha cyo gushaka guhirika ubutegetsi akoresheje inzira z’u rugomo, no gushaka kwimika amacyakubiri ashingiye ku moko mu Rwanda.”

Uyu muvugizi w’u Rwanda, yanashimangiye ibi avuga ko “ubutabera bwanze guhanaguraho ubusembwa Victoire Ingabire, n’ibwo bugomba gushimirwa, kuko bugendera ku mategeko.”

                MCN.
Tags: RwandaVictoire IngabireYiswe umunyabyaha utajya wihanaYolande Makolo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

Cibitoke: Inama y'Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo Amakuru aturuka mu ntara ya Cibitoke mu Burundi aravuga ko Musitanteri w’iyi ntara, Najeneza...

Read moreDetails

AFC/M23 Yatwitse Imbunda Nini y’Ingabo z’u Burundi Yarimo Irasa mu Kibaya cya Rusizi

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
AFC/M23 Yatwitse Imbunda Nini y’Ingabo z’u Burundi Yarimo Irasa mu Kibaya cya Rusizi

AFC/M23 Yatwitse Imbunda Nini y’Ingabo z’u Burundi Yarimo Irasa mu Kibaya cya Rusizi Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatwitse imbunda nini y’Ingabo z’u Burundi (FDNB), ya koreshwa...

Read moreDetails

Umusirikare Ukomeye w’u Burundi Yiciwe mu Mirwano i Luvungi

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Amasasu yavugiye mu isoko rya Rubanga yateje igihombo gikomeye ku bacuruzi

Umusirikare Ukomeye w’u Burundi Yiciwe mu Mirwano i Luvungi Amakuru aturuka mu kibaya cya Rusizi, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yemeza ko Lieutenant-Colonel Athanase Minani, umwe mu...

Read moreDetails

Udushya Twaranze Isinywa ry’Amasezerano y’Amahoro hagati ya Kagame na Tshisekedi i Washington

by Bahanda Bruce
December 5, 2025
0
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye gusinya amasezerano akomeye ashobora guhindura isura y’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari

Udushya Twaranze Isinywa ry’Amasezerano y’Amahoro hagati ya Kagame na Tshisekedi i Washington Ku wa Kane tariki ya 04/12/2025, i Washington DC muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, habereye...

Read moreDetails

Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka

by Bahanda Bruce
December 5, 2025
0
Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka

Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka Mu muhango w’amateka wabereye i Washington, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald...

Read moreDetails
Next Post
Perezida wa Nigeria, ngwasanga ntayandi mahitamo, yo kugaruza abanyeshuri bagera 286, baheruka gushimutwa n’inyeshamba, usibye gukoresha imbaraga za gisirikare.

Perezida wa Nigeria, ngwasanga ntayandi mahitamo, yo kugaruza abanyeshuri bagera 286, baheruka gushimutwa n'inyeshamba, usibye gukoresha imbaraga za gisirikare.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?