Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuvugizi w’u Rwanda Yolande Makolo, yavuze ko Victoire Ingabire, ari “umunyabyaha utajya wihana.”

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 14, 2024
in Regional Politics
0
Umuvugizi w’u Rwanda Yolande Makolo, yavuze ko Victoire Ingabire, ari “umunyabyaha utajya wihana.”
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Victoire Ingabire yiswe umunyabyaha utajya wihana, kandi washatse guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda.

You might also like

Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

Kivu y’Amajyepfo irarumutswa abayobozi bashya gusa.

Ni byatangajwe n’umuvugizi wa Guverinema y’u Rwanda, Yolande Makolo, aho yagaragaje ko Ingabire Victoire Umuhoza, nk’ “umunyabyaha utihana ntanabe impirimbanyi ya demokarasi.”

Yolande Makolo, yatangaje ibi nyuma y’uko Victoire Umuhoza Ingabire yari yavuze ko “atanyuzwe n’ubutabera bw’u Rwanda, bwanze ku muvanaho ubusembwa bwibyaha yashinjwaga.”

Ku wa Gatatu w’iki Cyumweru, nibwo urukiko rwateye utwatsi ubusabe bwa Ingabire Victoire, wari warusabye kumuvanaho ubusembwa, kugira azemererwe kwi yamamaza mu matora y’umukuru w’igihugu ateganijwe kuba mu kwezi kwa 7, uy’u mwaka.

Ingabire yari yarafunzwe ahagana mu mwaka w’ 2013, ahamijwe ibyaha byo kugambanira igihugu agamije ku kibuza umudendezo ndetse no kurema umutwe w’abagizi banabi, ariko akaza gufungurwa mu 2018 ku mbabazi za Perezida Paul Kagame.

Victoire Ingabire, ubwo urukiko rwari rumaze kugaragaza umwanzuro warwo wo kutamuhanaguraho ubusembwa, yagize ati: “Iyo mvuze ko tutarubaka igihugu kigendera ku mategeko ni ibi mba mvuga.”

Ibi n’ibyo umuvugizi wa Guverinema y’u Rwanda, Yolande Makolo yavuzeho, maze agira ati: “Victoire Ingabire si umuyobozi utavuga rumwe n’ubutegetsi cyangwa uharanira demokarasi. Ni umunyabyaha utajya wihana wahamwe n’icyaha cyo gushaka guhirika ubutegetsi akoresheje inzira z’u rugomo, no gushaka kwimika amacyakubiri ashingiye ku moko mu Rwanda.”

Uyu muvugizi w’u Rwanda, yanashimangiye ibi avuga ko “ubutabera bwanze guhanaguraho ubusembwa Victoire Ingabire, n’ibwo bugomba gushimirwa, kuko bugendera ku mategeko.”

                MCN.
Tags: RwandaVictoire IngabireYiswe umunyabyaha utajya wihanaYolande Makolo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

Agezweho y'Ingabo za Afrika y'Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC. Ingabo za Afrika y'Epfo zari zaroherejwe mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu butumwa bwa SADC,...

Read moreDetails

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 11, 2025
0
Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23. Intumwa idasanzwe y'Umunyamabanga mukuru w'umuryango w'Abibumbye ( UN) muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Bintou Keita, ategerejwe mu mujyi...

Read moreDetails

Kivu y’Amajyepfo irarumutswa abayobozi bashya gusa.

by Bruce Bahanda
June 11, 2025
0
Kivu y’Amajyepfo irarumutswa abayobozi bashya gusa.

Kivu y'Amajyepfo irarumutswa abayobozi bashya gusa. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ribarizwamo umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho ryashyizeho abayobozi b'intara ya Kivu y'Amajyepfo, guverineri na visi guverineri....

Read moreDetails

Amerika na RDC byagaragaje icyo byifuza ku Rwanda kugira ngo hasinywe amasezerano y’amahoro.

by Bruce Bahanda
June 11, 2025
0
Amerika na RDC byagaragaje icyo byifuza ku Rwanda kugira ngo hasinywe amasezerano y’amahoro.

Amerika na RDC byagaragaje icyo byifuza ku Rwanda kugira ngo hasinywe amasezerano y'amahoro. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zirigushyira imbaraga ku Rwanda, aho zirusaba kuvana ingabo zarwo k'u butaka...

Read moreDetails

RDC yagize icyo ivuga ku Rwanda rwikuye mu muryango wa CEEAC.

by Bruce Bahanda
June 10, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

RDC yagize icyo ivuga ku Rwanda rwikuye mu muryango wa CEEAC. Abategetsi ba Repubulika ya demokarasi ya Congo, bagaragaje impungenge zikomeye nyuma y'aho u Rwanda rwikuye mu muryango...

Read moreDetails
Next Post
Perezida wa Nigeria, ngwasanga ntayandi mahitamo, yo kugaruza abanyeshuri bagera 286, baheruka gushimutwa n’inyeshamba, usibye gukoresha imbaraga za gisirikare.

Perezida wa Nigeria, ngwasanga ntayandi mahitamo, yo kugaruza abanyeshuri bagera 286, baheruka gushimutwa n'inyeshamba, usibye gukoresha imbaraga za gisirikare.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?